Gen. Makenga yasuye umuhanda M23 iri kubaka 

Umugaba Mukuru w’Ingabo za ARC (Igisirikare cy’umutwe wa M23), Général-Major Sultani Makenga, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Kamena yasuye umuhanda M23 iri kubaka uhuza intara za Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo. Gén. Makenga yasuye imirimo yo kubaka uyu muhanda i Nyabibwe ho muri Teritwari ya Kalehe, muri Kivu y’Amajyepfo. Yari aherekejwe n’Umugaba Mukuru […]

Yaretse konka umugore we nyuma yo guhabwa inkwenene

Rachel Bailey, umugore w’imyaka 32 wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wigeze kwamamara ku mbuga nkoranyambaga ubwo yatangazaga ko yonse umugabo we Alexander, yongeye kuvuga uko abyumva nyuma yo kubihagarika. Mu 2016, ubwo bari mu biruhuko, Rachel yibagiwe ipompo yo gukama amashereka ye maze umugabo we amusaba kumwonsa kugira ngo amufashe gukemura ububabare yari […]

Nyirakuru wa Chriss Eazy nawe yapfuye

Umuhanzi Rukundo Christian, wamamaye nka Chriss Eazy ari mu gahinda nyuma y’uko nyirakuru yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki 24 Kamena 2025. Amakuru yemejwe n’umwe mu bo mu muryango we, avuga ko nyirakuru wa Chriss Eazy yazize uburwayi bwa diyabete yari amaranye igihe, kandi yari amaze igihe yitabwaho n’abaganga bamukurikirana hafi. […]

Burundi: Mu bitaro bya Ngozi abaganga b’ inzobere 8 buri mwaka bata akazi

Ibitaro bikuru bya Ngozi biri mu ntara ya Ngozi mu gihugu cy’ u Burundi biri mu bihe bikomeye, kubera ikibazo cy’ibura ry’abaganga n’ abahari na bo bakaba barimo kuhava bakigira gushakira akazi ahandi. Ibi ngo bigaterwa n’ uko leta ntabushobozi ifite bwo guhemba abaganga binzobere bamenyereye akazi umushahara ujyanye n’ akazi baba bakoze ndetse no […]

Perezida Kagame yakiriye Obasanjo

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Kamena, yahuye anagirana ibiganiro na Olusegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria. Umukuru w’Igihugu na Obasanjo baganiriye ku ngingo zitandukanye. Mu byo baganiriyeho nk’uko Perezidansi y’u Rwanda yabitangaje mu butumwa yanditse ku rubuga rwayo rwa X, harimo “uko ibintu byifashe mu karere ndetse no ku […]

Dao yavuze ku byo gusinya muri APR FC na Singida icyarimwe

Umukinnyi w’Umunya-Burkina Faso Raouf Merel Dao yashimangiye ko azakinira APR FC mu mwaka w’imikino utaha, nyuma y’amakuru yavugaga ko yaba yarasinye muri Singida Big Stars yo muri Tanzaniya. Dao w’imyaka 21 n’umujyanama we Damien Adam Traore bagaragaye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali ku mugoroba wo ku wa Mbere, tariki 23 Kamena, basubira muri Burkina […]

Trump yahaye Israel gasopo

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaburiye bikomeye Israel kuri uyu wa Kabiri, abategeka guhagarika ibitero kuri Iran no gusubiza indege z’intambara iwabo bidatinze. Ibi yabitangaje abinyujije ku rubuga rwe rwa Truth Social, aho yagize ati: “Israel, ntimutere ibyo bisasu. Nimuhite musubiza abapilote banyu inyuma.” Trump yavuze ko Israel iramutse ikomeje ibitero […]

Uganda: Col. Ahimbisibwe na Lt. Col. Byaruhanga ni bo batawe muri yombi bitegetswe na Gen. Muhoozi

Abashinzwe ubutasi babiri bakuru mu Gisirikare cya Uganda (UPDF) baherutse gutabwa muri yombi bitegetswe n’Umugaba Mukuru, Gen. Muhoozi Kainerugaba, bamenyekanye ko ari Colonel Peter Ahimbisibwe, Umuyobozi w’umutwe ushinzwe kurwanya Iterabwoba mu Butasi bwa Gisirikare na Lt. Col. Ephraim Byaruhanga, Umuyobozi w’Ibikorwa Bidasanzwe. Ifatwa ryabereye ku cyicaro gikuru cy’ingabo gishinzwe ubutasi bwa gisirikare n’umutekano (DIS) i […]

Joseph Kabila i Bukavu

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ari mu mujyi wa Bukavu wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo aho yageze avuye i Goma. Kabila yari amaze ukwezi kurenga aba mu mujyi wa Goma, aho yageze nyuma yo kuva mu buhungiro. Abamwegereye bavuga ko i Bukavu byitezwe ko ahahurira akanagirana ibiganiro […]

Icyo Guverinoma ivuga ku buzima bwa Perezida Kagame biri guhwihwiswa ko yaba arwaye

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Perezida Paul Kagame atarwaye, ibitandukanye n’ibimaze iminsi bihwihwiswa ku mbuga nkoranyambaga. Kuva mu byumweru bishize abiganjemo abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda ndetse na bamwe mu banye-Congo bari gukwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga inkuru z’uko Umukuru w’Igihugu yaba arwaye, ndetse hari n’abageze n’aho bamubika. Abakwirakwiza izo nkuru babishingira ku kuba Perezida Kagame […]