Jeff Bezos yarongoreye mu Butaliyani imbere y’abarimo Rihanna na Kim Kardashian

Umushoramari w’Umunyamerika akaba na rwiyemezamirimo uzwi cyane, Jeff Bezos yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Lauren Sánchez mu birori byabereye mu mujyi wa Venice, mu Butaliyani. Ibi birori byabaye ku itariki ya 27 Kamena 2025 aho ari ibirori byitabiriwe n’icyamamare byinshi nubwo byari byaragizwe ubwiru kugeza ku munsi nyir’izina. Uyu muhango wahurije hamwe ibyamamare byinshi barimo […]
Umukinnyi wa Team Rwanda yatorokeye mu Bufaransa

Biravugwa ko Munyaneza Didier, Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu y’Amagare Team Rwanda, yaba yaratorokeye mu Bufaransa ubwo we n’abandi bakinnyi bari basoje gahunda y’imyitozo n’amasiganwa yaberaga muri icyo gihugu. Munyaneza wari kumwe n’abandi bakinnyi umunani, barimo Mugisha Moïse na Manizabayo Jean de Dieu, bamaze ibyumweru bibiri mu Bufaransa bitabiriye amasiganwa arimo Critérium de Vire, GP Chevreville n’andi. […]