Walikale: Abavuga rikijyana 2 batawe muri yombi na Wazalendo bashinjwa gukorana na AFC/M23

Ibibazo by’umutekano biragenda bigora ku baturage batuye mu turere tugenzurwa n’inyeshyamba za AFC / M23 na Wazalendo muri Kivu y’Amajyaruguru muri rusange, cyane cyane mu Teritwari ya Walikale. Abaturage bari ku mande zombi kuva aho uduce twose two muri Gurupoma ya Ikobo twigaruriwe, ngo ntibazi uruhande bakwiye kuyoboka. Bakekwaho gukorana n’uruhande rumwe cyangwa urundi nk’uko […]
M23 yungutse abasirikare 8,000 biganjemo abahoze muri FARDC

Umutwe wa M23 wungutse abasirikare barenga 8,000; nyuma yo gusoza imyitozo bari bamazemo amezi atandatu. Ni imyitozo aba basirikare bakoreraga mu kigo cya gisirikare cya Chanzu giherereye muri Teritwari ya Rutshuru. Ni abasirikare barimo abahoze mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bishyikirije M23 muri Mutarama uyu mwaka, ubwo yabatsindiraga mu ntambara yasize […]
Gen. Muhoozi yategetse ko Brig Gen. Besigye atabwa muri yombi

Umugaba Mukuru w’Ingabo Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yategetse ko Brig. Gen Cyrus Besigye Bekunda atabwa muri yombi agafungwa. Brig. Gen Besigye yari asanzwe ari umuyobozi wa Brigade y’Ingabo za Uganda ishinzwe ubwubatsi. We n’abandi basirikare benshi ba UPDF bakurikiranweho ibyaha bya ruswa. Gen. Muhoozi Kainerugaba mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X, yashinje uriya […]
Amerika yahagaritse kohereza intwaro zimwe muri Ukraine

Amerika iravuga ko yahagaritse kohereza intwaro zimwe muri Ukraine zasezeranijwe ku butegetsi bwa Joe Biden, mu gihe u Burusiya bwakajije umurego mu bitero kuri Ukraine. Mu byo Amerika yari yemeye mu gihe cya Biden, harimo ibisasu bitandukanye byo gushimangira ubwirinzi bwa Ukraine, ubu birimo kongera gusuzumwa mu gihe Pentagon yongeye gusuzuma urwego rw’intwaro igihugu gifite […]
Indege ya Concorde yamamaye ku isi igiye kugaruka

Nyuma y’imyaka mirongo iri mu gacerere, indege ya Concorde iri mu nzira zo kugaruka mu ruhando rw’indege zifite umuvuduko urenze uwijwi zabayeho za gisivile. Concorde yamamaye cyane iri kwitegura gusubira mu kirere cy’ubucuruzi mu 2026 mu kwizihiza imyaka 50 kuva iyi indege ya mbere yasohoka. Fly-Concorde Limited igamije kongera serivisi zitwara abagenzi ziva muri Amerika […]
Hashyizweho amezi 3 yo gusenya FDLR

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, byashyize umukono ku masezerano y’amahoro i Washington ku ya 27 Kamena 2025, bayobowe na Amerika, mu gihe hagitegerejwe gusinywa amasezerano hagati ya Congo na AFC-M23, kuriyi nshuro i Doha, inyandiko ya Washington yashyize hanze ingenga bihe igomba kubahirizwa vuba,nkuko byagarutsweho na bimwe mu bitangazamakuru byo mu burengerazuba bw’isi. […]
Iran yahagaritse ubufatanye n’Ikigo gishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’ingufu za nikeleyeri (IAEA)

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yategetse guhagarika ubufatanye n’Ikigo gishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’ingufu za nikeleyeri, IAEA (International Atomic Energy Agency), nyuma y’umushinga w’inteko ishinga amategeko. Ibi, Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yabitegetse nyuma y’uko ibitero by’indege bya Israel na Amerika byibasiye ibigo byayo bitunganya ingufu za nikeleyeri, nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru bya […]
Amasezerano ya Washington Intsinzi yu Rwanda

Nyuma y’isinywa y’amasezerano ya Washington ari hagati ya Congo, u Rwanda ndetse n’umuhuza Amerika, akomeje kutavugwaho rumwe cyane cyane muri Congo Kinshasa, ku Rwanda Ambasederi Olivier NDUHUNGIREHE, nyuma isinywa,yatangaje ko “Igikorwa cya mbere ni ugutangira gushyira mu bikorwa gahunda (CONOPS) yo gusenya umutwe wa FDLR, hagakurikiraho gukuraho ingamba z’ubwirinzi z’ u Rwanda.” Mu gihe mugenzi […]
Baltasar waryamanye n’abagore barenga 400 yasabiwe gufungwa imyaka 18

Urukiko Rukuru rwa Malabo rwatangiye kuburanisha urubanza rurimo gukurikirwa cyane n’abaturage n’abasesenguzi. Uregwa ni Baltasar Ebang Engonga, uzwi ku izina rya Bello, umwana wa Baltasar Engonga Edjo’o, Perezida w’akanama gashinzwe ubukungu muri Afurika yo hagati (CEMAC), akaba na mwene wabo wa Perezida Teodoro Obiang Nguema. Baltasar wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iperereza ku […]
Abasirikare b’u Burundi bafashije RDF kuremera imiryango itishoboye

Abasirikare b’u Burundi bari mu Rwanda, bafashije ingabo z’u Rwanda na Polisi y’Igihugu guha ubufasha imiryango itishoboye. U Burundi ni kimwe mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bifite ingabo mu Rwanda, aho zitabiriye ibikorwa bigamije iterambere ry’abaturage biri kuba ku nshuro yabyo ya gatanu. Ibi bikorwa bizwi nka EAC CIMIC Week, byatangiye ku […]