Angola: Abantu 22 bamaze kwicirwa mu myigaragambyo

Kuri uyu wa Gatatu, Guverinoma ya Angola yavuze ko umubare w’abaguye mu myigaragambyo yaranzwe n’urugomo yamaganaga izamuka ry’ibikomoka kuri peteroli wazamutse ugera kuri 22 ugereranyije n’umunsi wabanje aho bari bane. Imyigaragambyo yadutse kuri uyu wa Mbere ushize, ubwo amashyirahamwe ya tagisi minibus yatangizaga imyigaragambyo y’iminsi itatu yo kwamagana icyemezo cya guverinoma cyo kongera igiciro cya […]

Sud-Kivu: Inkongi y’ umuriro yibasiye ikigo cy’ imyuga cya Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 31 Nyakanga 2025, inkongi ikomeye y’umuriro yafashe Ikigo cyigisha imyuga cya CAPA , giherereye ku muhanda w’ icyanya cy’ inganda mu mujyi wa Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Uwo muriro watwitse inyubako zose zigize icyo kigo cya (Centre d’Apprentissage Professionnel et Artisanal), kandi impamvu nyakuri […]

Bunia: Abantu 3 bishwe barashwe 14 barimo umusirikare barakomereka

Abantu batatu bapfuye abandi 14 barakomereka barimo umusirikare wa FARDC, mu irasa ryo ku mugoroba wo ku wa Gatatu, itariki ya 30 Nyakanga, mu kabari ko mu gace ka Yambi Yaya mu Mujyi wa Bunia. Umuyobozi mukuru wa Polisi mu mujyi, Abel Mwang, yagize ati: “Iperereza ryakozwe aho hantu ryerekana ko ipikipiki yari itwaye abasivili […]

Uganda: Bobi Wine avuga ko iterabwoba rimukorerwa ryiyongereye

Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje ko iterabwoba, n’ihohoterwa bimukorerwa bikomeje kwiyongera ku buzima bwe no ku bandi banyapolitiki batavuga rumwe na Leta ya Perezida Yoweri Museveni, cyane cyane uko amatora ya Perezida ateganijwe muri 2026 agenda yegereza. Mu kiganiro yahaye itangazamakuru rya […]

Imvururu mu matora ya FERWAFA

Umuyobozi wa AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, ari kugerwa intorezo nyuma y’uko urutonde rw’abemerewe kwiyamamaza mu matora ya FERWAFA rusohotse ku wa 28 Nyakanga 2025. Nubwo Shema Fabrice ari mu bahabwa amahirwe yo kuyobora iri shyirahamwe, hari abatangiye kujya impaka ku byangombwa bye n’ibya bagenzi be bashaka kuyoborana. Mu mpera z’ukwezi kwa Nyakanga, bamwe mu […]

M23 yavuye imuzi impamvu zerekana ko Kinshasa iri gutegura intambara karahabutaka

Umutwe wa AFC/M23 wamaganye wivuye inyuma Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uvuga ko ikomeje ibikorwa by’ubushotoranyi, nyamara impande zombi zaremeranyije gutanga agahenge. M23 yamaganye ubu bushotoranyi biciye mu itangazo ryasohowe n’umuvugizi wayo, Lawrence Kanyuka. AFC/M23 irashinja Leta ya RDC no gukomeza gushoza intambara, mu gihe ku wa 19 Nyakanga impande zombi zasinyiye i […]

Ejo hazaza ha AFC M23 igihe federalizime izaba yemewe-Maître Réné Abandi

Byatangajwe na Maître Irené Abandi wa AFC/M23 umwe mubari bagize intumwa zitabiriye ibiganiro i Doha, ubwo tariki ya 26 Nyakanga 2025 hari ikiganiro n’abanyamakuru cyabereye muri Serena Hotel i Goma. N’ikiganiro kitabiriwe n’abanyamakuru baturutse impande zose, aho umutwe wa AFC/ M23 wamurikaga ibyavuye mu biganiro i Doha muri Qatar. Umunyamakuru wa Bwiza TV na Bwiza. […]

Perezida Alassane Outtara aziyamamaza manda ya kane ku myaka 83

Amatora ya Perezida wa Côte d’Ivoire: Alassane Ouattara yatangaje ko aziyamamaza nk’umukandida kumwanya w’umukuru w’igihugu mu matora yo ku ya 25 Ukwakira uyu mwaka. Alassane Ouattara kuva mu 2011, nibwo yagiye ku butegetsi, ubu aka ashaka manda ya kane ku myaka 83. Yagize ati:” Nyuma yo kubitekerezaho neza no mu mutima nama wose, ndatangaza uyu […]

Umujyi wa miliyari y’amadorali mu butayu bwa Karahari

Botswana irateganya kubaka umujyi wa miliyari imwe y’Amadorali  “Dubai-style” umujyi wa digital  uzaba witwa umujyi wa Kalahari uri mu butayu. Umujyi wa Kalahari uzaba ahantu hagenewe ibikorwa bidasanzwe by’ubukungu, ni umujyi uzagaragaramo uruganda rukomoka ku mirasire y’izuba ya MW 300 y’ingufu zisukuye, umuyoboro w’amazi kugira ngo utange isoko rirambye, hamwe n’ibishushanyo mbonera bitangiza ibidukikije. Umujyi […]

Burundi: Abagore 2 bapfuye bahunga Imbonerakure

Abagore babiri bo muri Komini ya Nyanza mu gihugu cy’u Burundi basanzwe bapfuye nyuma yo kwirukankanwa, nk’uko abatangabuhamya babitangaza, n’Imbonerakure eshatu zishinzwe gucunga ishyamba ririnzwe. Biravugwa ko izi mbonerakure zahunze. Ku wa Kabiri, itariki ya 29 Nyakanga 2025, nibwo imirambo ya Georgette Nishimwe na Jeanine Nyabenda yavumbuwe mu kibaya giherereye mu ishyamba karemano rya Rubungu, […]