Icyo rutahizamu wa APR FC asaba abafana

Rutahizamu w’Umunya-Burkina Faso, Djibril Cheik Ouattara yavuze ko kugira abafana hafi ari ingenzi cyane kugira ngo APR FC igere ku ntego zayo. Ibi yabivuze nyuma y’umukino wo ku Cyumweru, tariki ya 17 Kanama 2025, aho APR FC yatsinze Power Dynamos ibitego 2-0 mu mukino wo gufungura Inkera y’Abahizi. Byombi byatsinzwe na Ouattara, wemeza ko byamwongereye […]
AFC/M23 yagaragaje ikintu cyonyine cyatuma ibiganiro bitaha bikomeza

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa, kuri iki Cyumweru, itariki 17 Kanama 2025, ryashimiye imirimo igihugu cya Qatar kirimo gukora mu rwego rwo kunga impande zombi zihanganye, ariko rica amarenga ko ibiganiro biri imbere bishobora kugorana mu gihe ibyemeranyijwe mbere bitashyizwe mu bikorwa. “Ihuriro AFC / M23 rirashimira byimazeyo Leta ya Qatar ku bw’imbaraga […]
Korea y’Epfo na Amerika byatangiye imyitozo ya gisirikare ihuriweho

Kuri uyu wa Mbere, Koreya y’Epfo na Amerika byatangiye imyitozo ngarukamwaka ya gisirikare ya Ulchi Freedom Shield, igamije gushimangira ubushobozi bwo kurwanya iterabwoba rya Koreya ya Ruguru. Ibihugu byombi bivuga ko iyi gahunda y’iminsi 11, ikubiyemo kwitoreza kuri mudasobwa n’imyitozo yo kuri terrain irimo ingabo 21.000, iri mu rwego rwo kwimenyereza kwirwanaho. Icyakora, Pyongyang (Korea […]
Trump yahaye umugisha ibyifuzo bya Putin kuri Ukraine

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakuriye Ukraine inzira ku murima ku kuba yakwinjira mu muryango wa OTAN, mu gihe habura amasaha make ngo ahure na Perezida wayo, Volodymir Zelensky. Trump kandi yamenyesheje Ukraine ko ibyo kwisubiza umwigimbakirwa wa Crimea u Burusiya bwiyometseho muri 2014 na byo bidashoboka. Perezida wa Leta Zunze […]
Kivu y’Amajyepfo: Drones zaturutse i Bujumbura zagabye ibitero ku birindiro bya M23

Umutwe wa M23 ku Cyumweru tariki ya 17 Nyakanga, washinje ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugaba ibitero mu duce twa Nzimbira na Kanyola rikoresheje intwaro zirimo na drones z’ubwiyahuzi. M23 yemeje aya makuru biciye mu muvugizi wayo w’Ishami rya Politiki, Lawrence Kanyuka. Yagize ati: “Ingabo z’ihuje z’ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye […]