Gatumba: Ba major 2 bakorera ku mupaka w’u Burundi na RDC barafunzwe

Umuyobozi wa sitasiyo ya polisi ya Gatumba, ku mupaka w’u Burundi na DRC, Major Sylvestre Nshimirimana, n’umwungirije, Priscille Ndayisenga, bafungiwe muri Gereza Nkuru ya Bujumbura (umurwa mukuru w’ubukungu) izwi ku izina rya Mpimba, kuva ku wa Gatatu, itariki 22 Ukwakira 2025. Abandi bapolisi batatu na bo bafunzwe muri dosiye imwe. Nk’uko amakuru aturuka mu begereye […]

I Doha M23 yeruye ko idashobora kuva muri Goma na Bukavu

Umutwe wa AFC/M23 wongeye kwerurira Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko udateze kuva mu mijyi ya Goma na Bukavu umaze amezi menshi ugenzura. AFC/M23 yabitangarije i Doha muri Qatar, aho imaze igihe igiranira ibiganiro na Leta ya Kinshasa. Amakuru avuga ko mu cyumweru gishize impande zombi zohererejwe umushinga mushya w’amasezerano yerekeye ku “gusubizaho […]

Nyiri “Be One Gin” arafunzwe

Habumugisha Jean Paul, nyir’uruganda Roots Investment Group rukora inzoga zizwi nka Be One Gin, yatawe muri yombi, kandi dosiye ye yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha. Amakuru y’itabwa muri yombi rye yamenyekanye nyuma y’iminsi havugwa ko yafashwe mu gihe cya operasiyo Usalama XI yabaye hagati ya tariki ya 15 na 17 Ukwakira 2025. Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. […]

Dani Alves yakijijwe nyuma yo kuva muri gereza

Umukinnyi w’icyamamare mu mupira w’amaguru, Dani Alves, wahoze akinira FC Barcelona na Brezili, yongeye kugaragara mu ruhame ariko mu buryo butandukanye cyane n’ubwo abantu bamumenyeyemo. Nyuma y’imyaka y’amakuba no gufungwa, Alves aravuga ko yakijijwe kandi ubu yabaye “umwigishwa wa Yesu Kristo.” Ku myaka 42, Dani Alves yavuze ubuhamya bwe mu rusengero rwa Elim Girona Church, […]

Walikale: Ibirindiro bya M23 bikomeje kwibasirwa n’indege

Inyeshyamba za AFC / M23 zagabweho igitero gishya n’ingabo z’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) muri Teritwari ya Walikale. Ibirindiro byabo biherereye ahitwa Muhanga / Burubi, hafi ya Kashebere, muri Gurupoma ya Luberike, byagabweho igitero mu ijoro ryo ku wa Mbere rishyira kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Ukwakira, na drone ya FARDC. […]

Maj. Gen Kagame yakiriye abasirikare ba RDF basoje ubutumwa i Cabo Delgado

Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara, Maj Gen Alexis Kagame ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa, CP Vincent B Sano, ku wa Mbere tariki ya 27 Ukwakira bakiriye Inzego z’umutekano z’u Rwanda zari zimaze umwaka zikora ibikorwa byo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Ingabo n’Abapolisi bagize Inzego z’umutekano z’u […]

Ouattara yongeye gutorerwa kuyobora Cote d’Ivoire muri manda ya 4

Kuri uyu wa Mbere, komisiyo y’amatora yatangaje ko Perezida wa Cote d’Ivoire, Alassane Ouattara yatsindiye manda ya kane mu byavuye mu matora by’agateganyo. Ku majwi arenga 89.7%, uyu mugabo w’imyaka 83 yiteguye kongera igihe amaze ku butegetsi imyaka hafi makumyabiri. Abantu babiri bakomeye bari guhangana na Ouattara, Tidjane Thiam wahoze ari umuyobozi wa Credit Suisse, […]