RIB yataye muri yombi batatu bacyekwaho kwiba za sitasiyo za esanse zitandukanye

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe abagabo batatu bakekwaho kwiba za sitasiyo za esense zitandukanye mu gihugu amafaranga arenga miliyoni 17. Aba bafashwe nyuma yuko RIB yakiriye ibirego bitandukanye kuva muri izi sitasiyo aho zibwaga mu buryo bumwe. Abafashwe ni Nsabimana Straton ari nawe muyobozi w’agatsiko kagizwe na Ntagwabira Vincent na Mwesigye Paul, aho bashukaga umukozi utanga […]

Ruti Joel atunze imodoka yari iya nyakwigendera Yvan Buravan

Umuhanzi w’indirimbo za gakondo Ruti Joel yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kugura imodoka ya nyakwigendera Yvan Buravan, inshuti ye magara, kugira ngo agire ikintu gifatika kimwibutsa uwo muhanzi w’ibihe byose. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Mugabe Robert, Ruti yavuze ko iyo modoka yo mu bwoko bwa Benz yayihaye izina “Nkongi Cyane”, izina ryari ikivugo cya Buravan. […]

Imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na wazalendo yabereye mu midugudu myinshi ya Bukombo

Imirwano ikomeye cyane guhera mu gitondo cyo kuwa gatatu, itariki 12 Ugushyingo 2025 yabereye muri Bukombo, mu midugudu ya Maruho, Machazo, Manyoni na Mudugudu, muri Teritwari ya Rutshuru. Amakuru agera kuri Kivu Morning Post, avuga ko iyo mirwano ikomeje kuva mu ntangiriro z’icyumweru mu midugudu itandukanye yo muri iyo gurupoma. Urusaku rw’imbunda ziremereye n’izoroheje rwumvikanye […]

Gen. Muhoozi yasabye Kenya kubaha uburenganzira ku nyanja vuba na bwangu 

Umuhungu wa Perezida wa Uganda akaba n’umuyobozi w’ingabo z’igihugu, General Muhoozi Kainerugaba yongeye gushyigikira amagambo aherutse kuvugwa na se, Perezida Yoweri Museveni, avuga ko Uganda ikwiye kugira uburenganzira bwo kugera ku Nyanja y’Abahinde. Mu butumwa bwe bwumvikanamo ubwirasi, Muhoozi yagize ati: “Kenya igomba kuduhereza vuba inzira ituganisha ku Nyanja y’Abahinde. Nitabikora, bizateza ibibazo bikomeye mu […]

Juba: Salva Kiir yirukanye visi perezida we afata general amugira private

Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir yirukanye Visi Perezida wari ukomeye cyane, Benjamin Bor Mel nyuma y’amezi umunani gusa amushyizeho. Mu ijoro ryakeye, Kiir yakuyeho kandi Dr. Mel nk’umwungirije mu ishyaka riri ku butegetsi Sudan People’s Liberation Movement (SPLM), nk’uko itangazo rya perezida ryavuye muri perezidansi i Juba rivuga. Perezida yategetse kandi ko Mel yakurwa […]

Sobanukirwa impamvu umujyi wa Paris bawita umujyi w’umucyo

Paris ni umujyi w’amateka ndetse ufite akabyiniriro ka Ville de lumière ( umujyi umurikira isi.Paris nk’umujyi ukundwa cyane ku isi ndetse ukaba wambaye ikamba ry’umujyi wa mbere ku isi usurwa cyane n’abamukerarugendo, muri iyi nkuru turagaruka ku mpamvu witwa umujyi w’umucyo. Paris yitwa “umujyi w’umucyo” kubera ko i Paris ariho hamenyekanye itara rya mbere rikoresha […]

Tanzania: Perezida Suluhu yashyizeho minisitiri w’intebe mushya

Kuri uyu wa Kane, Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yagize Mwigulu Nchemba wahoze ari minisitiri w’imari, minisitiri w’intebe mushya, nyuma y’amatora atavugwaho rumwe yo mu kwezi gushize. Biteganijwe ko inteko ishinga amategeko iza kwemeza ishyirwaho rye mu matora aba ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane cyane ko Hassan yatangajwe ko yatsinze amatora yo […]

Gariyamoshi yihuta ya mbere igenda intera ndende ku isi 

Ni gariyamoshi igendera ku muvuduko wo hejuru ihuza imijyi ya Beijing na Guangzhou ku ntera ya Km 2300. Urugendo rukubye Kigali – Dare salaam hafi inshuro ebyiri. Ubushinwa n’igihugu cya kane mu bunini ku isi bityo kugitembera ukoresheje gariyamoshi y’amashanyarazi ni nku murabyo kubera umuvuduko wayo udasanzwe aho yirukanka Km 350/h. Muri iyi nkuru turagaruka […]

Umunyeshuri wa ISTM/Butembo yishwe n’Abawazalendo

Umunyeshuri mu Ishuri Rikuru ry’Ubuvuzi rya Butembo (ISTM / Butembo), uzwi ku izina rya Kahindo Syavugha Rosette, yiciwe mu gace ka Musimba, ku birometero bike uvuye mu mujyi wa Butembo. Nk’uko byatangajwe na Kambale Maboko Fanuel, perezida w’umuryango utegamiye kuri leta wa Musienene, wavuganye na ACTUALITÉ.CD, uwahohotewe yafashwe n’isasu ryarashwe n’umuzalendo wo mu mutwe wa […]