RDC: Boji Sangara yatorewe gusimbura Vital Kamerhe

Depite Aimé Boji Sangara yatorewe kuba Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma y’amatora yabaye kuri uyu wa Kane, itariki ya 13 Ugushyingo, mu nama rusange yabereye mu nteko rusange i Kinshasa. Mu badepite 423 batoye, Aimé Boji yabonye amajwi 413 nk’uko inkuru dukesha Radio Okapi ivuga. Perezida w’agateganyo w’Inteko Ishinga […]
BBC yasabye imbabazi Trump

Ku wa Kane, itariki 13 Ugushyingo, BBC yasabye imbabazi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kubera kw’editinga mu buryo bugamije kuyobobya filimi mbarankuru ya “Panorama”, nk’uko byatangajwe na radiyo ya leta mu Bwongereza, ariko ihakana ko iki kibazo ari impamvu yatuma haba urubanza rwo gusebanya. Ku itaruki ya 6 Mutarama 2021, Trump […]
WAri uziko amoko y’ikawa 3 ku isi ariyo anyobwa cyane?

Nubwo hari nibura ubwoko 120 bwa kawa ku isi yose, igice gito cyane cyazo ni cyo kinyobwa cyane : Robusta, Arabica na Liberica. Bivugwa ko hari ubundi bwoko bwa kawa bumwe cyangwa bubiri bushobora gukoreshwa ariko bukorwa gacye cyane ndetse budakunze kunyobwa nkuko urubuga le saviez vous rubitangaza. Arabica ni yo kawa ihingwa cyane ku […]
Richard Nick yahaye umunyarwenya Kadudu ibihumbi 500 by’igishoro

Umunyarwenya Kadudu wari umaze iminsi atekereza uko yabona ibihumbi 200 Frw ngo atangire ubucuruzi bw’ ibiraha. Icyo cyifuzo cyabaye impamo ku mugoroba wo ku wa 13 Ugushyingo 2025, ubwo muri Camp Kigali haberega igitaramo cya Gen-Z Comedy Show. Muri iki gitaramo habaye byinshi, ariko icyatunguye abantu ni uko Richard Nick Ngendahayo yahaye Kadudu ibihumbi 500 […]
M23 yakoze operation y’imberenge yashyize iherezo kuri Masisi

Ku munsi w’ejo tariki ya 13 Ugushyingo 2025,nibwo igisirikare cya M23 cyabashije kwigarurira agace k’ingenzi ka Kazinga gaherereye muri teretwari ya Masisi, nyuma y’urugamba rutoroshye rwari rumaze igihe rwarabaye imberenge, rwarangiye izi ngabo zibonye uburyo bwo kugenzura Masisi yose nta nkomyi. Igice cya Kazinga niho hari izingiro ry’ubuhungiro, ryari izingiro kandi ryo guteza umutekano muke […]
Umwami wa Qatar ategerejwe mu Rwanda no muri RDC

Umuyobozi w’Ikirenga w’Igihugu cya Qatar (the Emir of Qatar) biravugwa ko azagirira uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda mu cyumweru gitaha, nyuma akahava yerekeza mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Amakuru agera kuri BWIZA aravuga ko Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani azasura u Rwanda ku wa Kabiri tariki ya 18 Ugushyingo 2025, akazahava […]
RDC yakandagije ino ry’ikirenge mu Gikombe cy’Isi

Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Les Léopards, yageze ku mukino wa nyuma w’imikino ya kamarampaka yo gushaka Igikombe cy’Isi, nyuma yo gusezerera Caméroun iyitsinze igitego 1-0. Igitego cyo mu minota ya nyuma y’umukino cya myugariro Chancel Mbemba cyari gihagije ngo RDC isezerere kiriya gihugu gifite umuhigo wo kwitabira Igikombe cy’Isi kurusha ibindi […]