Amb. Mbabazi yasuye umuryango wa Maj. Gen (Rtd) Joseph Adinkrah

Ambasaderi w’u Rwanda muri Ghana, Rosemary Mbabazi, kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Ukuboza yasuye umuryango wa Maj. Gen. [Rtd] Joseph Narh Adinkrah, wabaye umwe mu basirikare bo muri Ghana bari muri MINUAR mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu butumwa yanditse mu gitabo cy’abashyitsi kuri uyu wa Kane, Amb. Mbabazi yavuze […]
Bugesera: Lt. Col. Simon Kabera yaganirije abakora mu buvuzi bari mu mwiherero

Umuvugizi Wungirije w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Col Simon Kabera, kuri uyu wa Kane yatanze ikiganiro ku bakozi ba Minisiteri y’Ubuzima n’ibigo biyishamikiyeho bagera ku ijana na makumyabiri bari mu mwiherero, ashimangira isano rikomeye riri hagati y’umutekano w’igihugu, ubuzima rusange bw’abaturage n’ubushobozi bw’igihugu bwo kwiyubaka. Uyu mwiherero w’iminsi itanu w’abakozi bari mu nzego z’ubuzima, uri kubera […]
Masisi: Rwambikanye hagati ya AFC/M23 na FARDC/Wazalendo i Kinyumba

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 18 Ukuboza, inyeshyamba za AFC / M23 n’inyeshyamba za Wazalendo zishyigikiwe na FARDC zongeye gucakirana mu mirwano i Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko amakuru aturuka ahabareye imirwano agera kuri ACTUALITE.CD abitangaza, ngo inyeshyamba zimaze ukwezi zitakaje ibirindiro i Kinyumba, ku birometero 10 uvuye i Nyabiondo ku muhanda wa Pinga, […]
Walikale: Icyoba ni cyose nyuma y’uko FDLR ibonye ubufasha

Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, rishyira kuri uyu wa Kane, itariki ya 18 Ukuboza, ahitwa i Busurungi, Gurupoma ya Waloa Loanda, Teritwari ya Walikale muri Kivu y’Amajyaruguru, havuzwe umubare munini w’abaturage bahunze ingo za bo. Ibi ngo byaturutse ku gihuha gitangaza ko abarwanyi ba FDLR babonye ubufasha bwaturutse i Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo, bwerekeza […]
Uganda igiye kwakira inama y’abakuru b’ibihugu yiga kuri AFC/M23

Uganda irateganya kwakira inama y’abakuru b’ibihugu by’akarere, ikazaba yiga ku mutekano wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuzamba kubera imirwano ikomeje gusakiranya ingabo z’iki gihugu n’inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23. Umwe mu bayobozi bakuru muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’iki gihugu, yabwiye ikinyamakuru ChimpReports ko imyiteguro y’iyo nama yamaze gutangira. Ati: “Ni byo, […]
Icyo Yampano avuga ku ifungwa ry’abasakaje amashusho y’urukozasoni ye

Umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi ku izina rya Yampano yatangaje ko nubwo yakiriye neza icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, atishimira kuba hari abantu bafunzwe by’agateganyo kubera ikibazo kimureba. Ibi yabitangaje nyuma y’uko ku wa Gatatu tariki ya 17 Ukuboza 2025, urwo rukiko rutegetse ko Uzabakiriho Cyprien (Djihad), Ishimwe François Xavier, Kwizera Nestor (Pappy Nestor) na Ishimwe […]
Kenya yacyuye abaturage bayo bari bamaze igihe barwana intambara y’u Burusiya na Ukraine

Guverinoma ya Kenya yatangaje ko yacyuye abaturage bayo babarirwa muri 18 bari bamaze igihe bifashishwa n’u Burusiya mu ntambara burwanamo na Ukraine. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ibibazo by’Abanyakenya baba mu mahanga mu itangazo yasohoye, yavuze ko mu bakiriwe bamwe bari bafite ibikomere, nyuma yo kwisanga mu kigo cya gisirikare mu Burusiya. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Musalia Mudavadi, […]
RDC: Umuhungu wa Emmanuel Shadary yasanze se mu gihome

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 17 Ukuboza 2025, Me Paul Ramazani, umuhungu w’umunyapolitiki Emmanuel Shadary, na we yafatiwe i Kinshasa mu buryo busa nko gushimuta. Amakuru agera kuri ACTUALITE.CD avuga ko yatawe muri yombi ahagana mu ma saa yine z’ijoro akuwe muri resitora ya Le Palais, iherereye mu gace ka GB muri Komini […]
Inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zaganiriye ku gucubya ubushyamirane

Inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi, mu mpera z’icyumweru gishize zarahuye ziganira uko zacubya umwuka mubi n’ubushyamirane bwarimo bututumba hagati y’ibihugu byombi. Amakuru y’iyo nama yarimo n’abakuriye inzego z’ubutasi mu bihugu byombi, yemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, mu kiganiro yagiranye na Televiziyo ya France 24. Yagize ati: “Ku bijyanye n’u Burundi, muri […]
Umugore yashyingiranywe n’ifoto yakozwe na AI (AMAFOTO)

Yurina Noguchi w’imyaka 32 yashyingiranywe n’umugabo we wa AI witwa Lune Klaus Verdure, yaremye ashingiye ku mukinnyi wo mu mukino wa video (video game) abifashijwemo na ChatGPT. Mu muhango wabereye i Okayama, Noguchi yarebaga umugabo we kuri telefoni binyuze mu madarubindi ya augmented reality, maze bagahana impeta nk’abandi bashakanye basanzwe. Indahiro z’umugabo wa AI zasomwe […]