Uwakiniye Man City yiswe amazirantoki n’uwo babyaranye

Scott Sinclair wahoze akinira Manchester City yiswe “amazirantoki” n’uwahoze ari umukunzi we Helen Flanagan, umukinnyi wa filime ya nyuma yo kutabira igitaramo cy’ishuri cy’umuhungu wabo kuko yari yagiye kureba Grand Prix ya Abu Dhabi. Uwahoze ari umukinnyi wa Manchester City, Scott Sinclair, yatewe amagambo akomeye n’uwahoze ari umukunzi we Helen Flanagan, wamwise “igice cy’umwanda w’umuntu”, […]

Ngoma: Umwarimu akurikiranweho gusambanya umunyeshuri

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzaçyaha rwataye muri yombi umwarimu ku ishuri ry’Imyuga n’Ubumenyingiro (TSS) rya Mutenderi mu Karere ka Ngoma, akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa wiga mu rindi shuri. Nyuma yo gutabwa muri yombi kuwa 15 Ukuboza 2025, kuri ubu mwarimu afungiwe kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Kibungo. Amakuru atangazwa avuga ko akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa […]

Tshisekedi yimwe ijambo mu nama ya SADC

Mu nama idasanzwe y’Umuryango w’Iterambere ry’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC), yakozwe mu buryo bwa videwo kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 17 Ukuboza 2025, kandi yeguriwe ikibazo cya politiki muri Madagascar, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yimwe uburenganzira bwo gufata ijambo. Iki gihano cyashyizwe mu bikorwa nk’uko amakuru aturuka muri uyu […]