FIFA yahannye Vision FC

Impuzamashyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, yashyize ahagaragara urutonde rushya rw’amakipe yafatiwe ibihano byo kutemererwa kwandikisha abakinnyi bashya, bitewe n’amadeni afitiye abakinnyi n’abatoza. Ibi byatangajwe mu ijoro ryo ku wa 15 Mutarama 2026, aho FIFA yasobanuye ko ayo makipe atarubahirije inshingano zo kwishyura abo bakorana na bo. Mu makipe yo mu Rwanda yari yarigeze kujya […]

Uwahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo yakatiwe imyaka 5 y’igifungo

Yoon Suk Yeol wahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo wakuwe ku mirimo ye nyuma yo gutangaza ibihe bidasanzwe bya gisirikare mu gihugu mu Kuboza 2024, yahamijwe ibyaha byinshi ashinjwa kuri uyu wa Gatanu, itariki 16 Mutarama 2026. Urukiko rwamuhanishije igifungo cy’imyaka itanu. Icyemezo cy’urukiko kuri uyu wa Gatanu ni cyo cya mbere muri byinshi bifitanye […]

Amb. Maj. Gen Nzabamwita yakiriwe na Putin

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya, ku wa Kane tariki ya 15 Ukuboza yakiriye Ambasaderi Maj. Gen. Joseph Nzabamwita, amushyikiriza impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu gihugu cye. Ni umuhango wabereye muri Perezidansi y’u Burusiya, Kremlin, witabirwa n’abanyacyubahiro batandukanye barimo na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov. Putin yavuze ko u Rwanda ari kimwe mu […]

Lourenço yohereje intumwa i Kinshasa nyuma yo guhura n’abanyamadini ba Congo

Téte António, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola akaba n’intumwa ya João Manuel Gonçalves Lourenço, Perezida wa Angola akaba na Perezida w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri iki gihe, yakiriwe ku wa Kane, itariki ya 15 Mutarama 2026, n’Umukuru w’igihugu cya Congo, Félix Tshisekedi,  mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Kinshasa. Nk’uko byatangajwe […]

AFC/M23 yashyize Uvira mu maboko y’Umuryango Mpuzamahanga 

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, washyize umujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu maboko y’Umuryango Mpuzamahanga kugira ngo abe ari wo uwurinda. Ni icyemezo kigaragarira mu ibaruwa umuhuzabikorwa wa AFC, Corneille Nangaa yandikiye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres. Muri iyo baruwa yo ku wa Kane […]

Jamaica yakiriye abasirikare 100 ba RDF

Guverinoma ya Jamaica ku wa Kane tariki ya 15 Mutarama yakiriye itsinda ry’abasirikare bashinzwe ubwubatsi bo mu Ngabo z’u Rwanda ryoherejwe muri icyo gihugu gufasha mu gusana no gusubiza ku murongo ibikorwa remezo byangijwe n’ibiza. Umuhango wo kwakira iri tsinda wabereye ku cyicaro gikuru cy’Ishuri Rikuru rya Gisirikare i Kingston, uyoborwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga […]