M23 yateguje ko igiye gutangira gutwikira Sukhoi-25 na drone bya FARDC mu birindiro byabyo
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ugiye gutangira gutwika indege z’intambara na za drone by’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubisanze mu birindiro byabyo, mu gihe byaba bikomeje kwifashishwa mu kugaba ibitero byica abaturage bo mu duce wabohoye. Byatangajwe na Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X. Yagize ati: […]
Maroc yanze ibihano bya CAF
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Maroc (FRMF) ryatangaje ko rigiye kujuririra ibihano n’amande ryaciwe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF), nyuma y’akavuyo kabaye ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika wahuje Maroc na Sénégal mu kwezi gushize. CAF yaciye Maroc amande angana na $315,000 inahanisha abakinnyi babiri guhagarikwa imikino. FRMF yavuze ko izajurira igamije “kurengera uburenganzira […]
Samusure wahungiye muri Mozambique agiye gutaha
Umukinnyi wa filime Kalisa Ernest uzwi nka Samusure yatangaje ko azagaruka i Kigali ku wa 12 Gashyantare 2026, nyuma y’imyaka isaga itatu yari amaze aba muri Mozambique ahunze ibibazo by’amadeni. Yavuze ko amadeni menshi yari afite yamaze kuyakemura, asigaye ari make ashobora kurangizwa mu bwumvikane. Samusure yagaragaje ko intego ye ari ukwisuganya agasubira muri sinema. […]
Gen. Muhoozi yasubije Amerika yavuze ko yamaze kurenga ‘umurongo utukura’
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yasubije Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko nta bubasha zifite bwo kugena uko Uganda ikwiye kubaho, nyuma y’iminsi mike zivuze ko yamaze kurenga umurongo utukura. Mu cyumweru gishize ni bwo Leta Zunze Ubumwe za Amerika biciye muri Senateri Jim Risch ukuriye Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga mu nteko ishinga […]
Walikale: Inyeshyamba za AFC/M23 zacakiranye n’iza NDC Rénové i Bukumbirwa
Imirwano ikaze yadutse mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 3 Gashyantare, hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 n’inyeshyamba za NDC-Rénové mu Mudugudu wa Bukumbirwa, muri Gurupoma ya Ikobo, Teritwari ya Walikale, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko amakuru agera kuri ACTUALITE.CD abitangaza, ngo aba barwanyi bagabye igitero ku birindiro bya AFC / […]
U Rwanda rwoherereje Mozambique imfashanyo y’ibyo kurya
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Gashyantare, u Rwanda rwohereje muri Mozambique imfashanyo y’ibyo kurya ndetse n’ubundi bufasha bw’ibanze. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane mu itangazo yasohoye, yavuze ko imfashanyo yohererejwe Mozambique igizwe n’ibyo kurya bingana na toni 20, ibikorwa by’ubutabazi bwihuse ndetse n’imiti. Yavuze ko indi mfashanyo izohererezwa kiriya gihugu […]
Umugabo yapfuye nyuma yo gusanga ko abana 4 umugore we yabyaye atari abe
Hari umugabo witwa Benjamin Offei ukomoka muri Ghana gusa wari utuye mu Denmark wamenyekanye ko yapfuye nyuma y’iminsi mike avumbuye amakuru amushengura umutima, aho ibisubizo bya ADN byari byerekanye ko abana bane yareraga mu rushako atari abe mu maraso. Amakuru avuga ko Offei yari amaze imyaka icyenda ashyingiranwe n’umugore we, nyuma y’imyaka icumi bari bamaze […]
Genda, sinshaka kukubona – Perezida Museveni yuka inabi CEO wa Uganda Airlines
Perezida Museveni yafashe icyemezo cyo kwirukana Jenifer Bamuturaki usanzwe ari Umuyobozi Mukuru (CEO) wa Uganda Airlines, nyuma y’inama yabereye mu ngoro ya perezida muri Nzeri 2025 yasuzumye ikibazo cy’imiyoborere idahwitse, ibyemezo byo kugura indege bivuguruzanya ndetse n’igihombo cy’amafaranga muri iki kigo cya leta. Iki cyemezo, cyamaze kumenyeshwa abakozi ba Uganda Airlines, kije mu gihe Ubuyobozi […]
Lt. Col. Kabera yaganirije ishuri Ntare Louisenlund ku kamaro k’intwari z’igihugu
Kuri uyu wa Mbere, itariki 2 Gashyantare, Umuvugizi wungirije w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Lt Col Simon Kabera, yatanze ikiganiro “Akamaro k’Intwari z’Igihugu” ku banyeshuri n’abakozi b’Ishuri rya Ntare Louisenlund i Nyamata, mu Karere ka Bugesera. Iki kiganiro cyatanzwe mu rwego rw’ibikorwa byo kwizihiza Umunsi w’Intwari z’Igihugu ku nshuro ya 32. Lt Col Kabera yagaragaje indangagaciro […]
Ni iki cyateye gusubira inyuma indege 2 za Rwandair zajyaga i Bujumbura?
Ingendo ebyiri z’indege za RwandAir zavaga i Kigali zahatiwe gusubira inyuma muri iyi weekend ubwo ziteguraga kugwa i Bujumbura. Nk’uko ikibuga cy’indege kibitangaza ngo icyabiteye ni imikorere mibi muri sisitemu nshya yo gucunga umutekano wo mu kirere iherutse gushyirwa ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Melchior Ndadaye, byongera kugaragaza impungenge z’umutekano w’abagenzi. Abagenzi bari mu ndege […]