Masisi: Umubare w’abapfiriye mu birombe bya Rubaya ukomeje kuzamuka

Umubare w’abahitanwe n’inkangu yabaye ku wa Gatatu, itariki ya 28 Mutarama, mu gace ka Kasasa gacukurwamo amabuye y’agaciro muri Rubaya (Teritwari ya Masisi) umaze kugera ku ntera ikomeye. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatandatu, itariki ya 31 Mutarama, imiryango itegamiye kuri Leta muri Kivu y’Amajyaruguru n’amatsinda y’abagore bavuze ko byibuze hapfuye abantu 300 naho […]

I Doha MONUSCO yahawe umukoro wo kohereza ingabo muri Uvira 

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro Alliance Fleuve Congo, ku wa Mbere tariki ya 2 Gashyantare basinyanye amasezerano y’igenamigambi akomoka ku Nama Mpuzamahanga y’Umuryango w’ibihugu bya Afurika byo mu karere k’Ibiyaga Bigari. Ni amasezerano yasinywe nyuma y’ibiganiro by’impande zombi byari byateguwe na Leta ya Qatar, mu rwego rwo gushaka umuti w’intambara yo mu […]

Kinshasa na AFC/M23 basubiye mu biganiro i Doha

Intumwa za AFC/M23 n’iza Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo zasubiye mu biganiro i Doha muri Qatar nk’uko byemejwe na M23. Ibi biganiro byaherukaga mu Gushyingo 2025. Benjamin Mbonimpa umwe mu bo ku ruhande rwa M23 yatangaje ko “ibiganiro bikomeje kandi biri mu nzira nziza”. Leta ya Kinshasa ntabwo iremeza niba yitabiriye ibi biganiro […]