Gasabo: Akurikiranweho kwica umugore we amukubise inyundo
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwakiriye dosiye y’umugabo w’imyaka 35 y’amavuko ukekwaho kwica umugore we amukubise inyundo. Icyaha akekwaho cyakozwe ku itariki ya 26 Mutarama 2026 mu Mudugudu wa Rwimikoni I, Akagari ka Mbyo, Umurenge wa Mayange, mu Karere ka Bugesera ubwo uregwa yagiranaga amakimbirane n’umugore we bafitanye abana batatu. Bivugwa ko mu gukimbirana […]
Bite by’urusaku rwinshi rw’amasasu rwumvikanye i Conakry?
Amakuru aturuka i Conakry muri Guinée aravuga ko kuri uyu wa Kabiri hafi ya gereza nkuru yo muri uriya mujyi humvikanye urusaku rwinshi rw’amasasu. Kugeza ubu abarasaga ntibaramenyekana ndetse n’icyateye uko kurasa ntikizwi. Ubutegetsi bwa Guinée ntiburatanga amakuru asobanura ibyabaye. Ibiro Ntaramakuru Reuters by’Abongereza bivuga ko umwe mu babonye irasana riba yabibwiye ko yabonye imodoka […]
Uwagambaniye Gen. Niyombare na bagenzi be bikadobya umugambi wo guhirika Nkurunziza
Mu myaka igera kuri 11 ishize abasirikare b’u Burundi bayobowe na Général-Major Godefroid Niyombare, bagerageje guhirika ubutegetsi bw’uwari Perezida wa kiriya gihugu, Pierre Nkurunziza ariko birangira uwo mugambi upfubye. Niyombare yari umwe mu nkoramutima za Pierre Nkurunziza akaba n’umwe mu bajyanama be mu bijyanye n’umutekano, ndetse yayoboye urwego rw’ubutasi kugeza muri Gashyantare 2015. Uyu mugabo […]
Ethiopia iravugwaho kugira inkambi itorezwamo abarwanya Leta ya Sudani
Muri Ethiopia hari inkambi bivugwa ko itorezwamo abarwanyi ibihumbi n’ibihumbi b’umutwe wa Rapid Support Forces urwanya ubutegetsi mu gihugu cy’abaturanyi cya Sudani, nk’uko byatangajwe na Reuters. Iyi nkambi ngo ni ikimenyetso cya mbere cyerekana ko Ethiopia igira uruhare mu ntambara hagati y’abenegihugu muri Sudani, ikaba isoko y’abasirikare bashya ba RSF mu gihe imirwano ikomeje guca […]
Tshisekedi yibukirijwe kwa Lourenço ko atarasenya FDLR
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya, ku wa Mbere yari i Luanda muri Angola aho yagiraniye ibiganiro byibanze ku mutekano wo mu burasirazuba bw’igihugu cye n’abarimo Perezida João Lourenço. Ni ibiganiro byanitabiriwe n’abarimo Perezida Faure Gnassigbé wa Angola umaze igihe yarahawe inshingano zo kuba umuhuza mu bibazo by’u Rwanda na RDC n’Umuryango […]
Intumwa z’Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda mu rugendoshuri mu Bufaransa
Intumwa ziturutse mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda kuwa Mbere zatangiriye ku mugaragaro urugendoshuri mpuzamahanga mu Bufaransa, zibanda ku kuzamura ubushobozi bw’igihugu mu gukemura ibibazo by’umutekano bigezweho. Itsinda ry’intumwa riyobowe na Col Mucyo Mulinzi hamwe n’abakozi 4 n’abanyeshuri 23 nk’uko bitangazwa na Ambasade y’u Rwanda i Paris. Izi ntumwa zakiriwe n’abayobozi bakuru ku Cyicaro […]
M23 yungutse ‘abakomando’ bashya barenga 7,500
Abakomando bashya 7,532 b’umutwe wa M23 ku Cyumweru tariki ya 8 Gashyantare binjijwe mu ngabo zawo, nyuma yo gusoza imyitozo ikaze bari bamaze igihe bakorera mu gace ka Tchanzu ho muri Teritwari ya Rutshuru. Umuhango wo kubinjiza mu ngabo za AFC/M23 wayobowe n’Umugaba Mukuru wazo, Gen. Sultani Makenga. Mu byo abasirikare bashya ba M23 barahiriye, […]
Impamvu 4 Arsenal itakegukana Shampiyona nubwo iyoboye
Ikipe ya Arsenal iri mu bihe byiza cyane muri shampiyona y’u Bwongereza ya Premier League 2025/2026, aho iyoboye urutonde n’amanota atandatu irusha Manchester City, bituma benshi bayibona nk’ikipe ishobora gutwara igikombe bwa mbere kuva mu 2004. Gusa, n’ubwo icyizere kiri hejuru, haracyari impamvu zitandukanye zishobora gutuma inzozi za Arsenal zongeye gusenyuka. Kugeza ubu, Arsenal imaze […]
Yavuye mu Budage asanga nyirarume yariye amafaranga yo kumwubakira inzu
Umugabo w’Umunyakenya wari umaze imyaka igera kuri 15 atuye kandi akorera mu Budage yagarutse mu gihugu cye afite inzozi zo gutaha mu rugo rwe rushya, ariko ibyo yari yarategereje bihinduka inkuru y’akababaro. Uyu mugabo avuga ko mu gihe cy’imyaka irenga 10, yakoraga cyane mu Budage yohereza amafaranga menshi kuri nyirarume we, amwizeye nk’umuntu wo mu […]