‘Balthazar’ w’Umurusiya ari guhigishwa uruhindu nyuma y’igihe asambanya Abanyafurikakazi

Umugabo w’Umuruziya wahawe akabyiniriro ka ‘balthazar’ nyuma yo kugenda azenguruka ibihugu bya Afurika aryamana n’abagore n’abakobwa ari na ko abafata amashusho, ari guhigishwa uruhindu. Polisi ya Ghana ivuga ko uyu mugabo yashyiriweho impapuro zimuta muri yombi, kubera ibyaha byo gufata amashusho bamwe mu bagore n’abakobwa yakoreye muri iki gihugu. Amakuru avuga ko uyu mugabo akunze […]

Ndayishimiye yatangiye kuyobora AU

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Gashyantare yatangiye inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe. Ni inshingano yasimbuyeho Perezida João Lourenço wa Angola wari umaze umwaka ayobora uriya muryango. Aba bombi bahererekanyije ububasha kuri uyu wa Gatandatu, mu nama ya 39 y’abakuru b’ibihugu bigize AU yabereye i Addis-Abeba […]

M23 yavuye mu gace yari imaze amezi 3 yarirukanyemo Wazalendo

Ingabo z’umutwe wa AFC/M23, ku wa Kane tariki ya 12 Gashyantare zavuye mu birindiro bya Buhaya, nyuma y’amezi atatu zibyirukanyemo abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo. Buhaya ni umusozi w’ingenzi witegeye agace ka Katobi, ukaba uherereye mu bilometero bibarirwa muri 15 uvuye mu mujyi wa Pinga uherereye muri Teritwari ya Walikale. Mu Ugushyingo 2025 ni bwo AFC/M23 […]

Ibisobanuro by’amateka y’umunsi wa Saint Valentin

Umunsi wa Saint Valentin wizihizwa buri mwaka tariki 14 Gashyantare ku Isi hose, aho ufatwa nk’umunsi wahariwe abakundana. Uyu munsi uhuzwa n’ikorwa rya Kiliziya Gatolika ryo kwibuka Mutagatifu Valentin. Kuri uwo munsi, abakundana bakunze guhana impano zitandukanye zirimo indabo z’amaroza atukura n’amakarita arimo amagambo y’urukundo. Bivugwa ko buri mwaka hoherezwa amakarita arenga miliyari imwe n’igice, […]

FDNB yatangiye kubarura abasirikare bayo ngo imenye abo isigaranye

Igisirikare cy’u Burundi (FDNB), cyatangiye kubarura abasirikare bacyo kugira ngo kimenye umubare w’abo gisigaranye. Ni icyemezo FDNB, mu gihe amakuru avuga ko itazi neza umubare nyawo w’abasirikare ifite. Ni nyuma y’uko amakuru avuga ko nyuma y’intambara zabereye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu Ukuboza 2025 by’umwihariko mu kibaya cya Ruzizi, hari abasirikare babarirwa mu […]

Kagame yoherereje Mia Amor Mottley ubutumwa bumushimira

Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu tariki ya 13 Gashyantare, yashimiye Mia Amor Mottley nyuma yo kongera gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados. Umukuru w’Igihugu mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X yagize ati: “Ndashimira mushiki wanjye, Minisitiri w’Intebe Mia Amor Mottley, ku bwo kongera gutorwa abikwiriye.” Perezida Kagame yagaragaje ko u Rwanda ruha […]

Ubujurire bwa Mukura VS yemeza yaguze Ishimwe Abdoul bwatewe utwatsi

Komisiyo ishinzwe ubujurire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, yateye utwatsi ubujurire bwa Mukura VS yari yayitabaje ngo iyirenganure ku kibazo cy’umukinnyi Ishimwe Abdoul. Mu minsi ishize ni bwo uyu myugariro wari umaze imyaka ibiri muri Mukura VS yayiteye umugongo, yerekeza muri APR FC yasinyiye amasezerano y’imyaka ibiri. Mukura VS yahise irega muri FERWAFA Intare […]

Marina ukiri isugi yambitswe impeta

Umuhanzi Yvan Muziki yakoze igikorwa cyashimishije benshi mu ijoro ryo ku wa 14 Gashyantare 2026, ubwo yasabaga umukunzi we Marina ko yazamubera umugore, mu gitaramo cyo kumurika album ye nshya yise “Inganzo Ntahangarwa”. Iki gitaramo cyabereye muri Kigali Universe, kikitabirwa n’abahanzi batandukanye barimo Massamba Intore, Jules Sentore, Yvanny Mpano na Kidum, hamwe n’abandi benshi. Mu […]