Ingabo za RDF na UPDF zikorera ku mupaka zahuriye mu nama i Musanze

Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Uganda (UPDF) bateraniye mu nama ya karindwi y’Abayobozi bakorera ku mipaka yabereye i Musanze kuva tariki ya 18 kuzageza ku ya 20 Gashyantare 2026, igamije gusuzuma no gukemura ibibazo by’umutekano n’ubufatanye ku mipaka y’ibihugu byombi. Iyi nama y’iminsi itatu yibanze ku gusuzuma ibibazo by’umutekano bihari, gukomeza ibikorwa byubaka amahoro, […]
Minisitiri Biruta yasuye ikigo ‘special forces’ za Misiri zikoreramo imyitozo

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu, Dr. Vincent Biruta, ku wa Gatatu yasuye ikigo cy’igihugu cya Misiri gishinzwe gutanga imyitozo ku mitwe y’Ingabo zihariye za kiriya gihugu. Ambasade y’u Rwanda mu Misiri ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yavuze ko Minisitiri Dr. Biruta n’itsinda bari kumwe, basuye amashami atandukanye y’icyo kigo, atangirwamo amahugurwa agezweho kandi y’umwuga […]