M23 yisubije uduce 5 yari yambuwe muri Masisi

Umutwe wa AFC/M23 wisubije uduce dutandukanye two muri Teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu y’amajyaruguru, nyuma yo kutwirukanamo ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya RDC ryaherukaga kutwigarurira. Amakuru atandukanye aremeza ko uduce AFC/M23 yisubije turimo Kasenyi, Luke, Katobotobo, Kaniro na Kazinga. Ku wa Gatatu bwo AFC/M23 yari yisubije agace ka Kasenyi. Utu […]

TTC Tumba: Basabwe kwigira ku butwari bwaranze Ingabo za RPA

Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubufatanye bw’ingabo n’abaturage (J9) mu Ngabo z’u Rwanda, Col Désiré Migambi Mungamba, yatanze ikiganiro ku banyeshuri bo mu Ishuri Rikuru ry’ imyuga n’ ubumenyingiro rya Tumba  abashishikariza gukoresha ubumenyi bwabo mu ikoranabuhanga mu guteza imbere igihugu. Iki kiganiro cyateguwe mu rwego rw’ibikorwa byo kwizihiza Umunsi w’Intwari z’Igihugu wizihijwe ku ya 1 Gashyantare […]

AFC/M23 yunamiye Lt. Col Willy Ngoma

Umutwe wa AFC/M23 biciye muri Benjamin Mbonimpa usanzwe ari umunyamabanga uhoraho wawo, wunamiye Lt. Col Willy Ngoma wahoze ari umuvugizi w’igisirikare cyawo, umugaragaza nk’umusirikare w’intwari uzahora azirikanwa. Mbonimpa abinyujije ku rubuga rwe rwa X yagize ati: “Intwari ntizigera zipfa. Ni abakundwa bacu. Wari Ofisiye w’intwari ndetse n’umunyarugwiro, tuzakomeza kukuzirikana mu mitima yacu. Udusuhurize intwari zacu […]

Masisi: Rurambikanye hagati ya AFC/M23 mu gace ka Luke

Nyuma y’iyicwa ry’Umuvugizi wa M23, LT Col. Will Ngoma, ibintu byakomeje guhindura isura ku rugamba hagati ya AFC/M23 na FARDC n’abayiri inyuma, aho imirwano irimo kuvugwa i Masisi. Amakuru atangazwa na Kivu Morning Post, aravuga ko imirwano yubuye hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 mu Mujyi wa Luke muri Teritwari ya Masisi. Ni nyuma y’uko abarwanyi ba […]

Burundi: Abanyeshuri birukanwe maze banga gutaha bahita babafungirana mu ishuri

Abanyeshuri birukanwe ku ishuri rya Lycée Don Divin de Mweya banze gutaha, biba ngombwa ko bafungiranwa mu ishuri ndetse banacungiwe umutekano. Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, ku ishuri rya Lycée Don Divin de Mweya riherereye mu Ntara ya Gitega, habaye igisa n’imvururu nyuma y’uko hari abanyeshuri birukanwe kubera imyitwarire mibi, bakanga gutaha iwabo bagahitamo […]

Papa Leon XIV agiye gusura ibihugu 4 muri Afurika

Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Leon XIV arateganya gusura ibihugu bine bya Afurika hagati y’itariki 13 na 23 Mata 2026 nk’uko byatangajwe na Vatican kuri uyu wa Gatatu ushize. Ni rwo ruzinduko rwe rwa mbere hakurya y’inyanja agiye gukora muri uyu mwaka, ku mugabane aho Kiliziya Gatolika ikura kurusha ahandi hose ku Isi. Muri urwo […]