Gicumbi: Depite Masozera yasabye abarwanashyaka ba Green Party guca ukubiri n’ingeso mbi

Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, ryasabye abarwanashyaka baryo bo mu karere ka Gicumbi kugendera kure ingeso mbi, ahubwo bakagira uruhare mu kubahiriza gahunda za leta bahereye mu midugudu batuyemo. Iri shyaka ryabibasabye kuri iki Cyumweru tariki ya 1 Werurwe, ubwo mu karere ka Gicumbi haberaga inama ikomatanyije n’amahugurwa ku barwanashyaka bahagarariye abandi […]
Itsinda riyobowe na Gen. Rwivanga ryerekeje muri Ethiopia

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, itsinda riyobowe na Brig Gen R. Rwivanga, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, uhagarariye Minisiteri y’Ingabo z’ u Rwanda, riri mu gihugu cya Ethiopia aho bagiye kwitabira ibirori byo kwizihiza ku nshuro ya 130 Intsinzi ya Adwa no gusura ku mugaragaro Inzu Ndangamurage y’Ingabo ya Ethiopia/Urwibutso rw’Intsinzi ya Adwa, Ikigo cya Ethiopia […]
Uko CIA na Mossad byanetse Khamenei wa Iran kugeza yishwe

Urwego rw’ubutasi rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CIA), byamenyekanye ko rwari rumaze amezi menshi rugenda runono uwari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, mbere yo y’uko yicwa ku wa Gatandatu tariki ya 28 Gashyantare. Khamenei yiciwe mu bitero Amerika na Israel bagabye i Tehran, apfana n’abandi bayobozi bakomeye biganjemo ab’igisirikare cya Iran. Mbere […]
Iran yibasiye ibibuga by’indege bya Dubai na Abu Dhabi
Umuntu umwe yapfuye abandi 11 barakomereka ku bibuga by’indege i Dubai na Abu Dhabi, ubwo Iran yagabaga ibitero byo kwihorera ku bitero bya Amerika na Israel. Abayobozi muri Abu Dhabi bemeje ko indege itagira abadereva yateye Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Zayed (AUH), ikaraswa “ibisigazwa”, bihitana umuntu umwe abandi barindwi barakomereka nk’uko bitangazwa na BBC. […]
Iran: Ibihumbi by’abaturage byatangiye kunamira Ayattolah Khamenei

Ibihumbi by’abaturage bateraniye rwagati mu murwa mukuru wa Iran kunamira Umuyobozi w’Ikirenga Ayatollah Ali Khamenei wiciwe mu gitero kinini cyatangijwe na Amerika na Israel kuwa Gatandatu. Abatangiye icyunamo, bateraniye kuri iki Cyumweru mu rubuga Enghelab (bivuze impinduramatwara), bambaye ahanini umukara ndetse bamwe barira, bazunguza amabendera ya Iran kandi bafata amafoto ya Khamenei, mu gihe […]
Minembwe: Bombe zikomeje kubica nyuma yo gutwika agace ka Kalongi

Amabombe akomeje kuvuza ubuhuha kuri iki Cyumweru nyuma y’uko kuwa Gatandatu, itariki 28 Gashyantare 2026, saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zitwitse Umudugudu wa Kalongi, mu Karere ka Minembwe, zikoresheje drone. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na AFC/M23 rivuga ko no kuri iki Cyumweru, itariki ya 1 Werurwe 2026, kuva mu gitondo, izo […]
Imirwano ikomeye yahuje AFC/M23 na FARDC mu midugudu myinshi ya Masisi

Imirwano ikomeye kuri uyu wa Gatandatu ushize yahuje abarwanyi ba AFC / M23 n’ihuriro ry’inyeshyamba za Wazalendo zifatanyije na FARDC, mu midugudu myinshi yo muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burengerazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Nk’uko amakuru menshi abivuga, imirwano yari yiganje i Ndete, mu gace ka Muhanga […]
Goma: Umunyeshuri wari wabuze yasanzwe mu Kivu yishwe

Kayembe wa Mukendi Dieudonné, umunyeshuri mu mwaka wa karindwi mu ishuri rya Cinquantenaire mu gace ka Mugunga muri Komini ya Karisimbi, mu burengerazuba bwa Goma, basanze yapfuye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 28 Gashyantare, mu gace ka Kyeshero ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu, ahantu bakunze kwita BoscoLac. Amashusho yagiye ahagaragara […]
Itangazamakuru rya Leta ya Irani ryemeje iyicwa rya Ayattollah Khamenei

Itangazamakuru rya Leta ya Irani ryemeje ko Umuyobozi w’Ikirenga Ali Khamenei yishwe, mu bitero bya Israel na Amerika byagabwe kuri Irani byatangiye ku wa Gatandatu mu gitondo. Itangazo ryavuye mu Nama Nkuru y’Umutekano ya Irani, ryatangajwe n’ibitangazamakuru byinshi bya leta, ryemeza ko Ayatollah Khamenei yiciwe mu biro bye mu gitondo cya kare cyo ku wa […]
AFC/M23 yemeje ko Coloneli willy Ngoma yishwe na Leta ya kinshasa

Umutwe wa AFC/M23 wemeje bidasubirwaho ko Coloneli Willy Ngoma, yishwe na Leta ya Kinshasa Kuwa 24 Gashyantare 2026,aho Ingabo za Leta zishe amasezerano nkana zigamije cyane cyane kwica abasirikare ba M23 ndetse n’abaturage b’abasivile bari hanze y’urugamba. Ibi M23 yabitangaje mu itangazo yasohoye ku wa 28 Gashyantare,aho yavuze ko ubutegetsi bwa Kinshasa bwishe nkana amasezerano […]