Uganda: Gen. Muhoozi yakiriye Clare Akamanzi, CEO wa NBA muri Africa

Gen. Muhoozi Kainerugaba yahuye n’Umuyobozi Mukuru wa NBA muri Afurika, Clare Akamanzi, kugira ngo baganire kuri gahunda yo kwagura no kongera ubunyamwuga mu mukino wa Basketball muri Uganda, harimo no gutangiza shampiyona y’abato ya NBA mu mashuri yisumbuye.   Kuri uyu wa Gatatu, itariki 4 Werurwe 2026, nibwo Umugaba Mukuru w’Ingabo n’Umujyanama Mukuru wa Perezida […]

London: Umugabo wa depite ari mu bafashwe bashinjwa kuba intasi z’u Bushinwa

Mu gihugu cy’u Bwongereza abagabo batatu batawe muri yombi bakekwaho kuba intasi z’u Bushinwa, aho BBC yabwiwe ko umwe muri bo ari umufatanyabikorwa w’umudepite wo mu Ishyaka ry’Abakozi.   Polisi y’umujyi cyatangaje ko aba bagabo bafite imyaka 39, 43 na 68, bafatiwe i Londres na Wales mu rwego rw’iperereza ry’Igipolisi gishinzwe kurwanya iterabwoba hagendewe ku […]

Abantu benshi bari mu bwato bwa Iran baburiwe irengero

Ingabo zirwanira mu mazi za Sri Lanka, kuri uyu wa Gatatu zemeje ko zarokoye abantu 32 nyuma y’aho zihamagawe n’ubwato bw’ingabo zirwanira mu mazi bwa Irani ‘IRIS Dena’. Umuvugizi w’Ingabo za Sri Lanka zirwanira mu mazi, Budhika Sampath, yagize ati: “Nubwo byari birenze amazi yacu, byari mu karere kacu ko gushakisha no gutabara. Bityo twari […]

Amerika yasabye Kinshasa/FARDC guhagarika amahitamo y’intambara

Senateri Jim Risch, Perezida wa Komisiyo ishinzwe Ububanyi n’Amahanga muri Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri uyu wa Kabiri, itariki 3 Werurwe 2026, yahamagariye abayobozi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo kureka amahitamo y’intambara. “Guverinoma ya Congo na FARDC bagomba kureka ingamba zabo z’igisubizo cya gisirikare mu burasirazuba bwa Congo, kubaha ihagarikwa ry’imirwano […]

Ibitero bya Iran: U Rwanda rwaburiye Abanyarwanda bari muri UAE na Bahrain

Guverinoma y’u Rwanda biciye muri Ambasade yarwo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yatangaje ko iri gukurikiranira hafi uko umutekano wifashe mu burasirazuba bwo hagati. Ni mu butumwa iriya Ambasade yageneye Abanyarwanda batuye cyangwa bari mu ruzinduko mu bihugu bya Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu na Bahrain. Ibi bihugu byombi biri mu byo mu burasirazuba bwo hagati […]

Ni izihe ingaruka zifatika ibihano bya Amerika bishobora kugira kuri RDF?

Nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziteye indi ntambwe zifatira ibihano Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) ndetse n’abajenerali bacyo bane bakuru, ubu ikirimo kwibazwa ni ukumenya niba hari icyo ibi bihano bizahindura ku bibera mu burasirazuba bwa Congo, ndetse n’ingaruka bizagira kuri RDF muri rusange no mu bikorwa byo kubungabunga amahoro irimo hirya no ino […]

Abagore babiri b’Abanya-Uganda bafatiwe muri Thailand bakekwaho uburaya

Abagore babiri bakomoka muri Uganda batawe muri yombi ku kirwa cya Koh Phangan muri Thailand, bakekwaho gukora ibikorwa by’uburaya mu buryo bunyuranyije n’amategeko y’icyo gihugu. Nk’uko byatangajwe na polisi, hateguwe igikorwa cyihariye (sting operation) hifashishijwe WhatsApp, aho abapolisi bumvikanye n’abakekwaho ibyo bikorwa ko bazishyurwa amafaranga 5,000 baht ku nshuro ebyiri. Nyuma y’uko umupolisi wari wiyoberanyije […]

Walikale: Kibati mu maboko ya M23 nyuma y’iminsi 3 y’imirwano

Umutwe wa AFC/M23 wisubije agace ka Kibati ko muri Teritwari ya Walikale, nyuma y’iminsi itatu ukarwaniramo n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku wa Kabiri tariki ya 3 Werurwe ni bwo M23 yisubije kariya gace. FARDC, Wazalendo na FDLR nyuma yo kurushwa imbaraga, amakuru avuga ko bahise bahungira […]

USA: Sena igiye gutora ku ntambara Trump yinjiyemo atabiherewe uburenganzira

Kuri uyu wa Gatatu biteganijwe ko Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika iza gutora ku cyemezo cya Perezida Donald Trump cyo kwerekeza mu ntambara na Iran, ikizamini kidasanzwe ku nteko ku kibazo gifata intera mu Burasirazuba bwo Hagati cyagaragaje ko nta ngamba zisobanutse neza za Amerika zo kurangiza intambara. Itegeko rizwi nk’icyemezo cyo gukemura […]

Col. Nganzo wa FARDC yiciwe mu Minembwe

Colonel Joseph Nganzo Olikwa Tipi wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yiciwe mu mirwano yasakiranyije FARDC n’abayifasha urugamba n’ihuriro rya Twirwaneho na AFC/M23. Colonel Nganzo yari asanzwe ari umuyobozi wungirije wa Brigade ya 12 y’Ingabo za RDC ikorera mu Minembwe, gusa yanabaye umuyobozi wa Brigade ya 212 ya FARDC. Ku wa […]