Amadayimoni turayicaza, nkayafata nkayirukana: Umuvuzi gakondo w'i Kigali

Ni umuvuzi gakondo utuye mu mujyi wa Kigali, ni umukecuru witwa Nyirasafari Patricie, ufite imyaka 77 y’amavuko, akaba amaze imyaka myinshi avura gakondo. Avuga ko amadayimoni ahangana nayo, yaba ari mu muntu akayirukana akagenda.

Ashimangira ko n’ubwo atanga imiti ituma ayo madayimoni agenda, ko anifashisha n’amasengesho. Ngo hari igihe umuntu aterwa n’amadayimoni yohererejwe n’abo mu muryango ariko ko hari n’igihe uyohererezwa n’abandi.

Mu kiganiro cy’iminota 15 yagiranye na Bwiza Tv, aragusobanurira byinshi n’uburyo afasha benshi bamugana. Reba Video

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *