Itariki n’isaha byari byatangajwe ku itariki ya 9 Gashyantare i Luanda na Perezida wa Angola, João Lourenço, nyuma y’inama yagiranye na Perezida wa Togo, Faure Gnassingbé, umuhuza w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Olusegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria, ndetse na Perezida wa RD Congo, Félix Tshisekedi.
Nyuma y’iminsi icyenda, uku kugerageza agahenge guheruka kwiyongera ku rundi rukurikirane rw’ibikorwa nk’ibi byananiwe gutanga ibisubizo nk’uko bitangazwa na RFI.
Ni agahenge byari byagaragaye ko katazubahirizwa kuko nyuma yo kugatangaza ubuyobozi bwa AFC/M23 bwahise buvuga ko butazi iby’ako gahenge kuko naho kemerejwe batari batumiwe.
Uruhande rwa Leta ya Kinshasa, nubwo bitazwi niba rwari kubishyira mu bikorwa, rwari rwatangaje ko rwiteguye guhagarika imirwano ku itariki 18 Gashyantare.
March 8, 2026
Your email address will not be published. Required fields are marked *
Comment *
Name *
Email *
Website
Save my name, email, and website in this browser for the next time I comment.