Umusore ukiri muto witwa Jean Pierre yavuze ko hari abantu bajyaga bamunyaraho ku bushake kubera ko atari ashoboye kwirwanaho. Uyu musore avuga ko yavutse nyina bamubaze, biza kugenda nabi, ingingo yatumye amaguru ye amera nabi. Papa we ngo yarakairiye mama we cyane avuga ko iwabo batajya babyara abana bafite ubumuga, ngo iby’uwo mwana ni ” Ukuzirwariza. Hari n’abantu banyaragaho babishaka kuko nta bushobozi bwo kubarwanya nabaga mfite.” Se yagiye akubita nyina kenshi amuryoza uwo mwana wavukanye ubumuga. Avuga ko ” Umunsi umwe Se ateguye gutwika nyina ariko ararusimbuka” nk’uko The Pulse ibitangaza. Uku gutotewa kwatumye uyu mubyeyi asiga inzu ye yabanagamo n’umugabo, ajya kwibanira n’umwana we aho bakodesheje. Uyu mugore yerekana inkovu yatewe n’ihohoterwa yakoreye azira umwana we. Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV


