Igisirikare cy’u (RDF) kuva kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Ukuboza 2022; cyatangiye kwandika abifuza kucyinjiramo nk’abasirikare bo ku rwego rwa ba Ofisiye.
RDF yahaye rugari abifuza kuyinjiramo binyuze mu itangazo ryasohowe n’Ishami ryayo rishinzwe abakozi n’ubutegetsi (JI Department).
Ibisabwa ku bifuza kwinjira muri RDF nka ba Ofisiye




