rra_1.jpg

Abantu bari muri iri tangazo barasabwa kwishyura ibirarane bitarenze iminsi 15, no kujya ku biro bya RRA ku Kicukiro

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) kiramenyesha abasora bari ku mugereka w’iri tangazo ko bahawe iminsi cumi n’itanu (15) , uhereye igihe iri tangazo risohokeye , kugira ngo babe bamaze kwishyura ibirarane by’imisoro babereyemo Leta ikomoka ku binyabiziga byabo batasoreye.

Ibindi murabisanga ku mugereka

rra_1.jpg
rra_2.jpg

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *