Ikipe y’Igihugu ya Uganda y’abatarengeje imyaka 18 y’amavuko yageze ku mukino wa nyuma wa CECAFA, nyuma yo gutsinda u Rwanda igitego 1-0.
Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa ½ cy’irangiza wabaye kuri uyu wa Kabiri.
Igitego cyo ku munota wa 57 w’umukino cya Abubakar Mayanja ni cyo cyafashije Abagande gusezerera u Rwanda.


