gbyfbgzw0aa7wqq.jpg

Amafoto: Urukiko rwakiriye indahiro z’Abajyanama bashya muri Njyanama y’Umujyi wa Kigali

Mu Cyumba cy’Inama cy’Umujyi wa Kigali, Urukiko Rukuru kuri uyu wa gatanu, itariki 15 Ukuboza, rwakiriye indahiro za Dusengiyumva Samuel na Ayanone Solange baraye binjiye mu Nama Njyanama y’Umujyi wa Kigali.

gbyfbgzw0aa7wqq.jpg

Nyuma yo kwakira indahiro z’Abajyanama bashya binjiye mu Nama Njyanama y’Umujyi wa Kigali, habaye Inama y’Inama Njyanama idasanzwe y’Umujyi wa Kigali ari nayo itorerwamo abayobozi buzuza Biro ya Komite Nyobozi y’Umujyi.

gbyewflxmaaxl11.jpg

Umujyi wa Kigali ukaba wifurije ikaze Samuel Dusengiyumva na Solange Ayanone, Abajyanama bashya binjiye mu nama Njyanama y’Umujyi wa Kigali; unifuriza ishya n’ihirwe Rubingisa Pudence na Mpabwanamaguru Merard bari Abajyanama mu nama Njyanama y’Umujyi wa Kigali.

gbyfb_nxyaamnut.jpg
gbyg42owwaaug23.jpg
gbyg7guxoaaaliy.jpg
gbyhcxexeaaiw3c.jpg

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *