Ibiganiro niyo nzira yonyine ishobora gukemura ibibazo-Dr Frank Habineza

Umuyobozi w’ishyaka Green Party , Hon Dr Frank Habineza , avuga ko ntakindi kintu gikwiye kugeza uwo ari we wese kubutegetsi usibye ibiganiro. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Gatandatu , tariki ya 10 Gicurasi 2025, ubwo yari mu nama ya biro politike y’ishyaka yemerezwaga mo abakomiseri bashya. Abarwanashyaka ba Democratic Green Party of Rwanda (Greenparty) […]
Menya ibyiciro 10 bibanziriza Jenoside mbere y’uko iba

Ku wa Mbere tariki ya 7 Mata 2025, u Rwanda n’Isi bibutse ku nshuro ya 31 habaye Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni Jenoside yahitanye abarenga miliyoni imwe bishwe mu gihe cy’iminsi 100. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, ku wa Mbere yagaragaje Jenoside yakorewe Abatutsi nka “kimwe mu bice biteye ubwoba cyane mu mateka […]
Gishwati-Mukura forest neighbors tasked to protect it

A total of 150 families living near Gishwati-Mukura forest in the Kigeyo, Mushonyi, and Nyabirasi sectors of Rutsiro district, have received significant support aimed at helping them preserve the park. The event of supporting these residents was organized with the help of Kivu Belt Village Tours, a community based company that collaborates with Rwanda Development […]
Abadepite basabye ko ba MC bajya basora

Komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo bya Leta mu nteko ishinga amategeko, yasabiye abakora umwuga wo gusangiza amagambo mu birori kujya batanga umusoro. Byagarutsweho ubwo abadepite bagize iriya Komisiyo basuzumaga imishinga irimo uw’itegeko rihindura itegeko n°027/2022 ryo ku wa 20/10/2022 rishyiraho imisoro ku musaruro. Irimo kandi uw’itegeko rihindura itegeko n° 049/2023 ryo ku wa 05/09/2023 rishyiraho imisoro […]
M23 nyuma yo gufata Walikale harakurikiraho iki?

Ku wa Gatatu tariki ya 19 Werurwe, umutwe wa M23 ni bwo wigaruriye Centre ya Walikale isanzwe ari umurwa mukuru wa Teritwari ya Walikale iri muri esheshatu zigize intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Uyu mutwe wigaruriye kariya gace utarwanye, kuko wagiye kukageramo ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zari zikarimo zamaze guhunga zigana […]
Rwanda Vs RDC: Qatar izashobora kuba umuhuza mwiza muri iyi dosiye imaze imyaka 30?

Amateka yongeye kwiyandika ubwo abakuru b’ibihugu by’u Rwanda na Congo bongeraga guhurira i Doha muri Qatar, ibyafashwe nk’igitangaza ku basesenguzi bakurikiranira hafi Politiki y’akarere k’Ibiyaga bigari. Ibi kandi byasize Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yongeye kwemeza ko dosiye bamwe babona ko ziremereye zitamukanga muri dipolomasi. Maze iminsi nkurikira iyi dosiye ya Qatar nk’igihugu cyashatse kuba umuhuza […]
Rwanda Vs RDC: Umuhuro utunguranye wa Kagame na Tshisekedi i Doha

Nyuma y’uko ibiganiro byari byitezwe guhuza Kinshasa na M23 i Luanda bihagaze, kuri uyu wa Kabiri ku wa Werurwe i Doha muri Qatar habereye urugendo rutunguranye rwahuje Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa RDC bahujwe n’umuyobozi w’ikirenga wa Qatar, Tamim bin Hamad Al Thani. Qatar isanzwe ifitanye umubano mwiza […]
Zimwe mu nyubako za Me Habinshuti zafashwe n’inkongi y’umuriro

Kuwa mbere tariki ya 10 Werurwe 2025, mu murenge wa Nyamyumba ,akagari ka Rubona , umudugudu wa Remera , ahagana mu masaa ine za mu gitondo, inyubako izwi nka OEIL DE FAUCON MOTEL ya Maitre Habinshuti Jean Bosco na Madame UTUJE ESPÉRANCE yafashwe n’inkongi y’umuriro isiga imwe mu nzu ziyigize ihiye n’ibirimo byose birakongoka. Umunyamakuru […]
Umurundi uzafatanwa ishashi azajya ayimira: Gélase Ndabirabe

Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Burundi, Daniel Gélase Ndabirabe, yasabye ko haba igihano gikakaye ku bakoresha amashashi, ku buryo uzajya ayifatanwa yazajya ategekwa kuyimira. Yagarukaga ku byatangajwe n’umwe mu badepite witwa, Athanase wavuze ko ikibazo cy’isuku nke iri kugaragara mu mujyi wa Bujumbura giterwa n’amashahi menshi yangiza ibidukikije. Uyu yavuze ko iyo habajijwe uburyo ayo […]
Burundi: Igitoro gifite agaciro k’arenga miliyari Frw 300 cyaburiwe irengero

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yatangaje ko muri iki gihugu hari ubujura bukomeye bw’ibikomoka kuri Peteroli, ku buryo mu minsi ishize hari igitoro gifite agaciro ka Frw miliyari 300 cyaburiwe irengero. Ndayishimiye yabitangaje ubwo yaganiraga n’abategetsi bo mu Burundi. Yavuze ko ubujura bw’igitoro bwabayeho bwatumye u Burundi butakaza icyo bwakabaye bukoresha kugeza muri Werurwe uyu […]