Hamuritswe Inyoborabiganiro ivuguruye ya Ndi Umunyarwanda

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, Umunyamabanga Uhoraho wa MINUBUMWE, Eric Mahoro, yayoboye igikorwa cyo kumurika Inyoborabiganiro ivuguruye ya NDI UMUNYARWANDA, cyahuje MINUBUMWE n’abafatanyabikorwa bayo. Iyi Nyoborabiganiro yateguwe ku bufatanye bwa MINUBUMWE na Unity Club Intwararumuri. Mu ijambo rye, Mahoro Eric yagaragaje ko kuvugurura iyi Nyoborabiganiro bizatuma ihame rya NDI UMUNYARWANDA rikomeza kwimakazwa mu […]
Ibiciro bya tungsten u Rwanda rukungahayeho bikomeje gutumbagira

Nubwo bwagabanyije umusaruro uva mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro, u Bushinwa buracyafite uruhare runini mu gutanga tungsten ikenerwa ku Isi, ibarirwa hagati ya 75 na 80%, nk’uko amakuru atandukanye abitangaza. Ibiciro byayo rero biravugwa ko byazamutse mu mezi ashize nyuma yo kugabanya umusaruro woherezwaga mu mahanga. Nk’uko bitangazwa n’urubuga Project Blue, ibiciro bya tungsten byikubye inshuro […]
U Rwanda rwakiriye abasaba ubuhunzi 164 baturutse muri Libya

Iri joro ryakeye, ku bufatanye n’Ishami rya Loni rishinzwe Impunzi, U Rwanda rwakiriye irindi tsinda ry’abasaba ubuhunzi 164 baturutse muri Libya bakomoka muri Eritrea (19), Sudani (143), Ethiopia (1), Sudani y’Epfo (1) binyuze mu buryo bwihutirwa bwo gutambuka. Kuva mu 2019, abantu 2.760 bimuwe; abarenga 2500 bimuwe mu bihugu bya gatatu.
TTC Tumba: Basabwe kwigira ku butwari bwaranze Ingabo za RPA

Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubufatanye bw’ingabo n’abaturage (J9) mu Ngabo z’u Rwanda, Col Désiré Migambi Mungamba, yatanze ikiganiro ku banyeshuri bo mu Ishuri Rikuru ry’ imyuga n’ ubumenyingiro rya Tumba abashishikariza gukoresha ubumenyi bwabo mu ikoranabuhanga mu guteza imbere igihugu. Iki kiganiro cyateguwe mu rwego rw’ibikorwa byo kwizihiza Umunsi w’Intwari z’Igihugu wizihijwe ku ya 1 Gashyantare […]
Masisi: Rurambikanye hagati ya AFC/M23 mu gace ka Luke

Nyuma y’iyicwa ry’Umuvugizi wa M23, LT Col. Will Ngoma, ibintu byakomeje guhindura isura ku rugamba hagati ya AFC/M23 na FARDC n’abayiri inyuma, aho imirwano irimo kuvugwa i Masisi. Amakuru atangazwa na Kivu Morning Post, aravuga ko imirwano yubuye hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 mu Mujyi wa Luke muri Teritwari ya Masisi. Ni nyuma y’uko abarwanyi ba […]
Papa Leon XIV agiye gusura ibihugu 4 muri Afurika

Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Leon XIV arateganya gusura ibihugu bine bya Afurika hagati y’itariki 13 na 23 Mata 2026 nk’uko byatangajwe na Vatican kuri uyu wa Gatatu ushize. Ni rwo ruzinduko rwe rwa mbere hakurya y’inyanja agiye gukora muri uyu mwaka, ku mugabane aho Kiliziya Gatolika ikura kurusha ahandi hose ku Isi. Muri urwo […]
Uganda: Umukobwa wa Ruto yasuye Gen. Muhoozi

Charlene Ruto, umukobwa wa Perezida wa Kenya, William Ruto, yasuye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen. Muhoozi Kainerugaba. Bahuriye kuri uyu wa Gatatu, ku cyicaro gikuru cy’ingabo zidasanzwe (SFC) i Entebbe. Uru ruzinduko ruje rukurikira itangazo riherutse gutangazwa na Gen Kainerugaba ku rukuta rwe rwa X, aho yatangaje ko yifuza gusura Perezida wa Kenya, […]
Sudani: Loni yafatiye ibihano abayobozi ba RSF barimo murumuna wa Gen. Dagalo

Kuri uyu wa Kabiri, komite ishinzwe ibihano y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano muri Sudani yongeye abayobozi bane bakuru b’umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) ku rutonde rw’abafatiwe ibihano, nyuma y’icyifuzo cyatanzwe na Amerika, u Bwongereza n’u Bufaransa. Iki cyifuzo cyatanzwe ku itariki ya 17 Gashyantare, cyashatse kongeraho ba komanda bane ba RSF mu bafatiwe ibihano […]
Perezida Isaac Herzog yatangiye uruzinduko rw’iminsi 2 muri Ethiopia

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 25 Gashyantare 2026, Perezida wa Israel, Isaac Herzog yageze i Addis Abeba, aho yatangiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Ethiopia. Ku kibuga cy’indege, Perezida wa Israel yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ethiopia kandi biteganijwe ko aza guhura na Perezida wa Ethiopia, Taye Atske Salassie na Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed ku […]
Mozambique: Abasirikare 3 ba RDF baba biciwe mu mirwano ikaze i Macomia

Amakuru aturuka mu gihugu cya Mozambique ataremezwa n’ubuyobozi bw’u Rwanda, aravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, habaye imirwano ikaze yari irimo Ingabo z’u Rwanda, Ingabo za Mozambique ndetse n’abagize umutwe uzwi nka Local Defense, ugerageza kwirukana Leta ya Kisilamu mu midugudu ikikije umuhanda w’igihugu nimero 380 (N380), ahagabwe igitero, ku Cyumweru, ku […]