APR FC y’abakinnyi 10 inganyije na Kiyovu Sports
Ikipe ya APR FC inganyije na Kiyovu Sports ubusa ku bundi (0-0) mu mukino wa shamiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda mu cyiciro cya mbere wabereye kuri sitade ya Kigali, i Nyamirambo kuri uyu wa 16 Mutarama 2022. Umukino watangiye amakipe yombi ubona akina yitonze ari kwigana, ahanahana umupira neza cyane. Yaje kotsanya igitutu, ahusha uburyo […]
Kiyovu Sports yahagamwe na Bugesera FC, irindira APR FC
Ikipe ya Kiyovu Sports yaguye miswi na Bugesera FC 1-1, bituma ikinyuranyo cy’amanota ari hagati yayo na APR FC gikomeza kugabanyuka. Bugesera FC yari yakiriye Kiyovu mu mukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona wabereye kuri Stade ya Bugesera. Muri uyu mukino amakipe yombi yatangiye akina umupira w’imbaraga, Bugesera FC ari ko inyuzamo igahanahana neza. Abakinnyi […]
Rayon Sports yahagamwe na Gicumbi FC, inanirwa kwambura APR FC umwanya wa kabiri
Ikipe ya Rayon Sports inganyije na Gicumbi FC 0-0, mukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wabereye kuri stade ya Gicumbi FC i Gicumbi kuri uyu wa 28 Ukuboza 2021. Ni umukino amakipe yombi yatangiye yakaniranye bigaragara ko nta nimwe ishaka kujenjeka no gutsindwa. Igice cya mbere amakipe yombi yagiye ahusha ibitego ku buryo […]
Police FC yakoze mu nkovu Etincelles FC
Police FC yatsinze ikipe ya Etincelles FC ibitego bitatu ku busa mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere y’umupira w’amaguru mu Rwanda wabereye kuri Stade Regional i Nyamirambo, i Kigali kuri uyu wa 19 Ukuboza 2021. Ni umukino warangiye amakipe yombi ubona ko yakaniranye yose ashaka ibitego aho iminota 40 ya mbere yarangiye ari ubusa […]
Amajyepfo: Ingaruka za Covid-19 kuri za kaminuza, abahoze ari abanyeshuri barasaba ubufasha ngo bakomeze kwiga
Abahoze ari abanyeshuri muri kaminuza zitandukanye zigenga zo mu ntara y’Amajyepfo bagahagarika kwiga muri kaminuza kubera ingaruka za covid-19 ku hantu bakuraga amafaranga y’ishuri barasaba ubufasha uwo ari we wese ngo bakomeze kwiga. Mu kiganiro abahoze ari abanyeshuri batandukanye mu makaminuza yigenga atandukanye bagiranye na bwiza.com kuri uyu wa ka 7 Ukwakira 2021 barasaba ubufasha […]
Umunyamakuru Gatera Edmond yaseranye imbere y’amategeko n’umukunzi we

Umunyamakuru Gatera Edmond wamenyekanye cyane akanakundwa na benshi mu byejyeranyo by’imikino kuri radio Rwanda, kuri uyu munsi tariki 26 Kanama 2021 yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Mukarugamba Genevieve ku karere ka Nyanza. Uyu munyamakuru usanzwe akorera RBA ishami rya Huye, mu kiganiro kigufi na Bwiza, yavuze ko uyu mukunzi we basezeranye imbere y’amategeko bamaze imyaka […]
Nyamagabe: Abahinga mu gishanga cya Kibumba baratabaza leta ngo ibakize Rukarara
Abaturage batuye mu mirenge ya Kaduha na Mbazi mu karere ka Nyamagabe bahinga mu gishanga cya Kibumba, barasaba Leta ubufasha bwo kubatunganyiriza iki gishanga nyuma y’uko cyangijwe n’umugezi wa Rukarara wataye inzira wanyuragamo ukahuka imirima yabo. Mukarurangwa Beatrice wo murenge wa Kaduha uhinga muri iki gishanga, yavuze ko imirima ye myinshi yatwawe n’imyuzure hagasigara udushitu, […]
Huye: Ku myaka 41 Mutembayire Aline yishimye kuba abashije gukora ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Nyakanga 2021 , Mutembayire Aline w’imyaka 41 y’amavuko yishimye kuba abashije gukora ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza, nyuma yo guhura n’imbogamizi nyinshi mu buzima akaba ashishikariza abakuze bashaka kwiga kutacika intege kuko bigishoboka nawe yabishoboye. Uyu mubyeyi w’imyaka 41 y’amavuko n’umutware n’abana barindwi, abahungu batandatu n’umukobwa umwe. […]
APR FC yanyagiye Police FC
APR FC yanyagiye Police FC ibitego bitatu ku busa (3-0) mu mukino wabereye kuri sitade mpuzamahanga ya Huye, kuri uyu wa 13 Kamena 2021. Amakipe yombi yabanje kugorana mu gice cya mbere cy’umukino, asatirana ariko kirangira anganya ubusa ku busa (0-0). Mu gice cya kabiri, APR FC yayoboye umukino, Ombolenga Fitina afungura izamu ku munota […]
Kera kabaye Mukura VS yabonye amanota 3 ya mbere muri Shampiyona
Ikipe ya Mukura victory sports et Loisirs, nyuma yo kwirukana umutoza wayo mukuru Rodolfo Zapata yabashije kubona amanota atatu ya mbere muri shampiyona, nyuma yo gutsinda Etincelles FC igitego 1-0. Hari mu mukino wo guhatanira kuguma mu kiciro cya mbere iyi kipe yari yakiriyemo Etincelles kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye. Ni umukino watangiye amakipe yombi […]