Huye: APR FC yababaje A.S Muhanga
APR FC yababarije A.S Muhanga kuri sitade mpuzamahanga ya Huye ihereye mu Karere ka Huye k’Intara y’Amajyepfo, iyitsinda ibitego 3-1 kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Gicurasi 2021. Amakipe yombi yatangiye asatirana gusa bigaragara ko APR FC ishyiramo aka bukuru, ikarusha A.S Muhanga n’iyi kipe yo mu Karere ka Muhanga igakomeza kwihagararaho. APR FC […]
Huye: Ibitaro by’Akarere bifite inzitizi 3 zikomeye zibangamira imikorere yabyo

Kuri uyu wa 12 Gicurasi 2021, Bwiza yasuye ibitaro by’Akarere ka Huye bya Kabutare, cyerekwa serivisi zose zihatangirwa, ibikorwa by’iterambere bimaze kugeraho ndetse n’imbogamizi bigihura nazo, zikabangamira imikorere yabyo ya buri munsi. Mu kiganiro kirambuye umuyobozi w’ibi bitaro, Dr Nzabimana Jean Bosco yagiranye n’iki gitangazamakuru ubwo cyari kimaze gusura ibi bikorwa, yavuze ko aho bigeze […]
AS Kigali yatsinze Police FC, Espoir yihaniza Mukura VS
Imikino y’umunsi wa kabiri wa shampiyona y’icyiciro ya mbere mu Rwanda yakomeje kuri uyu wa Kabiri, yasize ikipe ya AS Kigali itsinze Police FC igitego 2-0, Mukura VS itsindwa na Espoir. AS Kigali yari yakiriye Police FC kuri Stade Amahoro, mu mukino wari utegerejwe na benshi. Ni nyuma y’uko amakipe yombi yari yitwaye neza ku […]
APR FC yatsinze Gorilla FC yiyushye akuya

Ikipe ya APR FC kuri uyu wa 2 Gicurasi 2021 yatsinze Gorilla FC ibitego 2-1 biyigoye, ukaba wari umukino wa mbere amakipe yombi yakinaga mu mwaka w’imikino w’2020/2021 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere. APR FC yatangiye isatira cyane, ku munota wa 13 w’umukino rutahizamu wayo, Nsanzimfura Keddy afungura izamu nyuma ya ‘coup-franc’ yari amaze gutera. […]
Huye: Mukura na Sunrise byaguye miswi
Ikipe ya Mukura ku mukino wa mbere wa shampiyona inaniwe gutsinda Sunrise, umupira warangiye binganyije igitego cyimwe kuri kimwe , mu gihe bose bahushishe uburyo bwinshi bwabazwe imbere y’izamu. Ikipe ya Sunrise yatangiye yataka cyane byatumye yinjiza igitego cya mbere ku munota wa Kane w’igice cya mbere cyatsinzwe na Uwambajimana Leo alliance Kawungu , ku […]
Nyamagabe: Barasaba Leta kubaha umuyoboro w’amazi meza n’amavomo niyo bajya bayishyura
Abaturage bo mu karere ka Nyamagabe, umurenge wa Kibumbwe, Akagari ka Bwenda umudugudu wa Murwa barasaba Leta ko yabaha umuyoboro w’amazi meza muri uyu mudugudu batuyemo ndetse n’amavomo niyo bajya bishyura ayo mazi ariko bakavoma hafi yabo kandi amazi meza kuko ngo n’amavomo ahari yubatswe mu myaka yashize ategereye benshi kandi adahorana amazi meza. Umuturage […]
Nyamagabe: Barasaba Leta kongera ubukangurambaga bwo gukoresha udukingirizo no kutubegereza
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Gasaka Akagari ka Nyamugari; mu midugudu ya Kigarama na Karama ahari agasantere kazwi nko mu Kabuga ka Murico barasaba Leta ko yashyira imbaraga mu bukangurambaga bwo gutinyura abaturage bakajya bakoresha udukingirizo bakanatwegerezwa hafi. Hishamunda Joseph utuye muri aka gace yabwiye BWIZA ko akurikije uko abona […]
Nyamagabe: Abagore n’abakobwa baremeza ko ibiciro bya cotex bikibagoye
Abagore n’abakobwa bo mu Karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Gasaka, Akagari ka Nyamugari, mu Mudugudu wa Karama, barasaba Leta ko yabafasha ibiciro bya cotex bikagabanyuka kuko bikibagoye kandi bazicyenera buri kwezi, aho bavuga ko iyo bazibuze bitabaza ibitambaro ariko batizeye isuku yabyo bikaba bishobora kubagiraho ingaruka nyinshi zitandukanye zikomoka ku mwanda mu myanya y’ibanga. Ubwo […]
Nyamagabe: Bahawe ivuriro ariko nta muganga n’umwe bafite
Abaturage bo mu Kagari ka Karambo, Umurenge wa Kibirizi, Akarere ka Nyamagabe barasaba Leta ko yabaha abaganga ku ivuriro (Poste de sante) bubakiwe muri ako kagari kabo bakabasha kwivuriza hafi kuko baryegerejwe aricyo kigamijwe ndetse ngo bakanabasha gukoresha ubwishingizi bwo kwivuza bwabo batarinze gukora urugendo rurerure bajya kwivuza ku Kigo Nderabuzima cya Kibirizi. Kuri uyu […]
Nyamagabe: Gucana inyuma, impamvu nyamukuru yihishe inyuma yo gutana kw’abashakanye
Gutandukana hagati y’abashakanye bigira ingaruka nyinshi cyane mbi cyane cyane ku bana baba barabyaye, aho imwe mu mpamvu nyamukuru ikunze gutera uku gutandukana ari ugucana inyuma kw’abashakanye nk’uko abaturage bo mu Mudugudu wa Murwa, Akagari ka Bwenda, Umurenge wa Kibumbwe, ho mu Karere ka Nyamagabe baganiriye na Bwiza.com babyemeza. Aba baturage bavuga ko izo ngaruka […]