Byari ibyishimo ubwo Clarisse Karasira na Kayirebwa bahuriraga ku meza amwe, biteguye kunezeza abafana

Umuhanzikazi Clarisse Karasira yagaragaje amarangamutima yatewe no kuba yicaranye n’uwo yita umubyeyi, Kayirebwa Cecile, avuga ko yakunze kuva kera ataranatangira umuziki by’umwihariko bakaba banagiye guhurira mu gitaramo kizaba ku Cyumweru tariki ya 8 Werurwe 2020. Hari mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Werurwe 2020, i Kigali, cyateguwe na Bwiza Media […]
Njyewe naciye imyeyo nkiri muto, biraryoha cyane iyo umugabo arimo gukozaho igitsina- Umubyeyi w’abana babiri
Uwamurera Germaine ni umubyeyi ubyaye kabiri akaba avuga ko guca mu rubohero [Guca imyeyo cyangwa se Gukuna] bifite akamaro kanini mu kubaka urugo, ngo kuko iyo waruciyemo undyohera umugabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV, Germaine yaduhishuriye uburyo na we yaciye mu rubohero ubu akaba anezeza umugabo we bamaze kubyarana kabiri. […]
Ngororero: Umuvunyi mukuru yavuze ko ruswa ituma abaturage banga ubuyobozi

Umuvunyi Mukuru, Murekezi Anastase avuga ko mu gihe cyose ruswa itarwanyijwe, ishobora gutera abaturage kwanga ubuyobozi buriho bitewe n’uko ibatera ubukene abo bayiha batera imbere. Yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Gashyantare 2020, mu Murenge wa Ngororero, Akarere ka Ngororero, Intara y’Uburengerazuba, aho uru rwego rw’umuvunyi ku bufatanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’i Burayi […]
ADEPR/Nyarugenge: Byinshi wamenya kuri Korali Hoziana ifite amateka y’ imyaka isaga 50
Amateka ya Korali Hoziana ahera mu mwaka wa 1967, ikaba itsinda ry’abaririmbyi ribarizwa mu itorero rya ADEPR/ Nyarugenge ariko igakora umurimo w’Imana mu bice bitandukanye. Iyi Korali itambutsa ubutumwa bwa Yesu kirisito haba mu ndirimbo ndetse no mu bindi bihangano byabo. Ifite amateka aturuka mu mwaka wa 1967, muri uyu mwaka nibwo Rev. Kayihura Jacob […]
Icyo abaturage bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo/ mu rukundo n’ibindi
Mu gihe mu mitwe ya benshi hakirimo urupfu rwa Kizito Mihigo wapfuye yiyahuye nk’uko Polisi y’u Rwanda yari imufite yabitangaje, bamwe mu bamukundaga bavuga ko no kuba hari umukobwa wamwanze ngo biri mu byaba byaramuteye agahinda kiyongera ku byaha yashinjwaga agahitamo kwiyahura. Ni kenshi mu bitangazamakuru Kizito yagiye avugwaho gukundana n’abakobwa ariko bagategereza ubukwe bagaheba. […]
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Mu gihe ubuyobozi bw’Umudugudu wa Gaseke, Akagari ka Kimisagara mu Murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, bwarimo kunga umuryango wa Innocent Ntirenganya n’umufasha we Solange nyuma y’amakimbirane bamaranye iminsi, uyu mugore yasuzuguye ubuyobozi. Ni nyuma y’iminsi Ine gusa uyu mugabo witwa Innocent Ntirenganya yigabye ku Rusengero rwa ADEPR ruri mu Murenge wa Gitega ahitwa mu […]
Abayobozi dufite inshingano yo kurwanya ruswa duhereye no ku bo tubyara- Murekezi Anastase

Umuvunyi mukuru, Murekezi Anastase avuga ko abayobozi bose mu nzego zitandukanye bafite inshingano yo kurwanya ruswa bafatanyije n’abo bayobora ndetse bakanabikora bahereye hasi no ku babakomokaho. Umuvunyi Mukuru yabitangarije mu kiganiro cyahuje Urwego rw’Umuvunyi n’inzego z’Ubutabera zirimo: Minisiteri y’Ubutabera, Ubushinjacyaha bukuru , Urukiko rw’Ikirenga ku bufatanye n’Umuryango w’Ibihugu by’Ubumwe b’Uburayi (EU) i Kigali, ku wa […]
Umukobwa washakaga kuba Nyampinga w’u Rwanda yavuze ikintu gikomeye kuri Mwiseneza Josiane
Ishimwe Melissa ni umukobwa w’imyaka 19 y’amavuko akaba ari umwe mu bahataniraga ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda muri uyu mwaka wa 2020 ariko ntiyabasha gukomeza, avuga ko Miss Mwiseneza Josiane amukunda cyane ndetse ko yakoze ibintu bidasanzwe muri Miss Rwanda 2019. Bwiza TV yagiranye ikiganiro n’uyu mukobwa uvuga ko akijijwe ndetse anatubwira byinshi ku buzima […]
Muhima: Hari abaturage bamara umwaka n’undi ukaza barara ku gasozi
Iyo utembereye mu Midugudu itandukanye yo mu Murenge wa Muhima, Akarere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, ugenda ubona abantu baryamye ku mabaraza z’inzu abandi munsi y’ibiti ndetse no mu busitani, aba bantu bamwe bakaba bavuga ko batagira ho baba, ko barara hanze, ubu akaba aribwo buzima biberamo. Bwiza TV yatambagiye muri uyu murenge badutangariza ubuzima […]
Byinshi ku gitaramo kizashimirwamo Cecile Kayirebwa

Ibyamamare birimo Kayirebwa Cecile, Maria Yohana n’ibindi byamamare birimo Muyango, Mani Martin, Jules Sentore, Karasira Clarisse ni bamwe mu byamamare nyarwanda biririmba indirimbo zimakaza umuco Nyarwanda bategerejwe mu gitaramo kizabera mu mujyi wa Kigali. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku Cyumweru tariki ya 9 Gashyantare 2020, umuhuzabikorwa w’iki gitaramo ndetse akaba anashinzwe itangazamakuru mu mitegurire yacyo, […]