Hatagize igikorwa ubuzima bwa benshi bushobora gutikira kubera imvura idasanzwe igwa muri Kigali
Nyuma y’imvura nyinshi imaze iminsi igwa mu Mujyi wa Kigali, benshi bemera gushyira ubuzima bwabo mu kaga bagaca mu nzira za bugufi zo mu bishanga byuzuyemo amazi banga gukora urugendo rurerure ngo bagere aho bajya. Gusa ku ruhande rwa bamwe bakavuga ko ubuzima bwabo buri mu kaga. Ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki ya […]
Kigali/Karuruma: Motari yakijijwe n’amaguru nyuma yo kugonga umugenzi agahita apfa
Iyi Mpanuka yabereye mu gasanteri ka Karuruma kari mu Murenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali aho umugenzi yagonzwe n’umumotari ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 6 Gashyantare 2020, agahita yitaba Imana. Ubwo Bwiza TV yageraga aho iyi mpanuka yabereye yasanze abari bahari bavuga ko umumotari ari we wari ufite […]
Barafinda yameneye ibanga ababa batekereza kuba batera u Rwanda
Barafinda Sekikubo Fred avuga ko igisirikare cy’u Rwanda gihagaze neza, kigakora kinyamwuga, bigoye kugica mu rihumye ngo umuntu cyangwa umutwe w’inyeshyamba ube wakisukira ngo utere u Rwanda mu buryo bworoshye. Ni mu kiganiro Bwiza TV yagiranye n’uyu mugabo uvuga ko yifitemo politiki, unashimangira ko imodoka ye ubu yamaze kwangirika. REBA VIDEO
Shangazi yatubwiye uko yaciriye umuzungu imyeyo/Gukuna n’uko banyaza bakoza kuri rugongo
Shangazi ni umubyeyi ufasha abakobwa n’abagore ku mabanga arebana no guca imyeyo cyangwa se Gukuna, kunyaza ndetse n’andi mabanga y’urugo. Bwiza TV ubwo yasuraga uyu mubyeyi aho akorera mu Mujyi wa Kigali yadusobanuriye byimbitse uko baca imyeyo/Gukuna ndetse anatubwira uko yanayiciriye umuzungukazi by’umwihariko n’uburyo bigira uruhare mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ku mugore waciye imyeyo ngo […]
Abana b’imfubyi za jenoside birirwa basembera imitungo yabo ifitwe n’Itorero rya ADEPR
Ikibaruta Olivier na mushiki we Joyeuse bavuga ko bamaze imyaka igera kuri 20 basiragira mu buyobozi basaba ko barenganurwa mu gihe imitungo y’ababyeyi babo bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ubu yigaruriwe n’itorero rya ADEPR/ Gishari mu Karere ka Rwamagana. Mu kiganiro Olivier yagiranye na Bwiza TV, yavuze ko amasambu y’ababyeyi babo ADEPR/Gishari yatangiye […]
Imana yavuguse umuti, ndi umujenerali w’umucikacumu- Barafinda Fred
Barafinda Sekikubo Fred, umugabo uvuga ko ari umunyapolitiki, yashimangiye ko ari umujenerali mu bwonko utari uwo ku mwambaro ndetse ko yacitse ku icumu bitewe n’ubuzima bw’ibizazane yagiye acamo. Ni mu kiganiro uyu mugabo yagiranye na Bwiza TV ubwo yamusuraga iwe i Kanombe mu Mujyi wa Kigali. Ikiganiro Kirambuye, Reba Video aho avuga ati “Imana yavuguse […]
Umukobwa yagaragaje ibice by’umubiri we by’ibanga ubwo basubiragamo ubupfubuzi- Irebere amashusho
Uwimbabazi Chanela ni umukobwa wagaragaye muri comedie ‘Umupfubuzi’ igice cyayo cya mbere n’icya kabiri, mu kiganiro kirambuye yagiranye na Bwiza Tv yatubwiye byinshi ku buzima bwe ndetse n’uko bamwe bamufata nyuma yo gukina iyi filimi. Reba Video
Kujijura abaturage ni inshingano zacu nk’abayobozi- Umuvunyi mukuru

Umuvunyi Mukuru, Murekezi Anastase yasabye abayobozi batandukanye bo mu Ntara y’Iburengerazuba kumva ko bafite inshingano zo kujijura abaturage bagasobanukirwa amategeko abagenga arimo n’ayo guhabwa ndetse no gutanga amakuru. Ibi umuvunyi mukuru yabibatangarije mu Karere ka Karongi, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Mutarama 2020, mu kiganiro uru rwego rw’Umuvunyi rwagiranye n’abayobozi batandukanye barimo abafite […]
Rwamagana: Umugore yatwitse umugabo we akoresheje amazi ashyushye
Ni inkuru yabaye kimomo mu Mudugudu wa Bacyura, Akagari ka Sibagire, Umurenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana aho umugabo witwa Theobar usanzwe ari agoronome muri Kigali yatwitswe n’umugore we, Umurerwa wakoresheje amazi ashyushye. Abaturanyi bavuga ko batabashije kumenya intandaro y’aya mahano gusa bagakeka ko umugore yaba yabikoze kubera kumufuhira. Ubu Theobar arimo kuvurirwa mu […]
Remera/ Giporoso: Umukobwa yapfiriye muri Lodge
Umukobwa wari uzwi ku izina rya Karashika yasanzwe mu icumbi yari yakodesheje yapfuye mu gace ka Giporoso, i Remera mu Karere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali. Urupfu rw’uyu mukobwa rukaba rukiri amayobera. Bwiza TV ubwo yageraga ku icumbi (Lodge) uyu mukobwa yari acumbitsemo yanaje gupfiramo ahazwi nko muri korodori/ Giporoso, yahasanze imbaga y’abantu yari ihashungereye […]