Musore/Mugabo uziko hari ibikorwa byoroheje biryoshya urukundo rugakomera?

Ntihagomba ibintu bihambaye cyane cyangwa se ibya Mirenge kugira ngo umukobwa amenye ko umuhungu amukunda. Hari ibintu byoroheje bigira igisobanuro gikomeye mu rukundo ndetse bigatuma umukobwa yumva nta wundi yarutisha uwo bakundana, kabone nubwo haza ufite akayabo. Bwiza.com twifashishije urubuga sheknows.com, rugira inama abakundana, tugiye kurebera hamwa bimwe mu bimenyetso bito ariko bigira ibisobanuro binini […]

Patient Bizimana yateye benshi kumwibazaho nyuma y’amafoto ye yagiye hanze

bizzimp.jpg

Umuririmbyi umaze gushinga imizi mu buryo bukomeye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Bizimana Patient yatunguranye ashyira amafoto adasanzwe ku rubuga rwe rwa Twitter bituma abantu bamwibazaho. Uyu muramyi umaze iminsi asezeranye mu buryo bwemewe n’amategeko n’umukobwa witwa Karamira Uwera Gentille mu birori byagizwe ubwiru cyane, bikekwa ko hari icyo ahishiye abakunzi be bitewe […]

Platini yasohoye indirimbo ininura abakobwa barutisha urukundo ibya Mirenge

Umuhanzi Nemeye Platini [P] wahoze mu tsinda ry’umuziki rya Dream Boys, yashyize hanze indirimbo ye nshya yise “Veronika” yumvikanamo kuninura abakobwa bakunda abagabo bafite ifaranga bagasiga ababahaye urukundo ruzima Iyi ndirimbo yise Veronika yumvikanamo inkuru y’umusore wabenzwe n’ubumukobwa bakundanaga agasanga umugabo ufite amafaranga, ariko akaza kumuhinduka, bikarangira abuze epfo na ruguru. Mu bitekerezo abamaze kureba […]

Amashusho ya Tiffah araca amarenga y’umubano mwiza wa Diamond na Zari

Diamond Platnumz uri mu bakomeye mu muziki muri Afurika, yagaragaje umubano udasanzwe afitanye na Zari n’abana be nyuma y’amashusho yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram. Nyuma y’inkuru zagiye zijya hanze zivuga uburyo uyu muryango utabanye neza akenshi Diamond yashinjaga Zari kutamuha abana be ngo baganire ndetse akora ibishoboka byose ngo amwangishe abana, kuri ubu bisa […]

Menya itandukaniro riri hagati y’urukundo rw’iraha n’urukundo nyakuri

Mu buzima bwa buri munsi, abantu barakunda abandi bagakundwa ariko ntibigaragare mu buyo bumwe kuko n’intego zitaba ari zimwe. Hari urukundo nyakuri rushobora nu kuganisha ku gushakana, hakaba n’urukundo umuntu yakwita uruhutiyeho, nubwo zose ari inkundo zikaba zitandukanye haba mu biziranga, haba no mu mishyirirwe mu bikorwa yazo. *Urukundo ruhutiyeho (Clash), rurangwa akenshi n’utugambo tworoshye, […]

Shaddyboo unyotewe no kubyara umwana wa gatatu yiteguye ubukwe

shd.jpg

Mbabazi Shadia wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo yavuze ko anyotewe no kubyara umwana wagatatu nyuma y’abana babiri babakobwa yabyaranye na Meddy Saleh batakibana nk’umugore n’umugabo. Shaddyboo yifashishije urubuga rwa Instagram maze aha umwanya abamukurikira ngo bamubaze ibibazo bitandukanye, bimwe mu bibazo byakunze kuza nibivuga ku rukundo rushya bivugwa ko arimo ndetse no kuba yitegura […]

Nyuma yo gusinyira akayabo Kimenyi Yves yaba ari kwitegura ubukwe na Miss Muyango

muyango.jpg

Umunyezamu w’ikipe ya Kiyovu Sports ndetse n’ikipe y’igihugu amavubi Kimenyi Yves aritegura gukora ubukwe n’umukobwa bamaze umwaka wose mu munyenga w’urukundo witwa Miss Muyango Claudine wabaye na Nyampinga ubereye amafoto (Miss Photogenic) mu irushanwa rya Nyampinga w’uRwanda 2019. Uyu mukinnyi wari umaze igihe kingana n’umwaka umwe akinira Rayon Sports yatangiye uyu mushinga w’ubukwe nyuma yaho […]

Ese gutera inda umukobwa bivuze kumugira umugore?

Muri iki gihe usanga mu bukwe bwinshi bwo gushyingiranwa, hagaragarama abageni b’abakobwa bakunze kuba batwite. Nyamara iyo ugenzuye, uretse kuba barakoze ikosa ryo kuryamana batarabyemererwa bikabaviramo guterana inda, hari ubwo usanga aba baba bagiye gukora ubukwe nta gahunda bigeze bagirana yo kubana. Aha rero ikibazo kibazwa na benshi ni ukwibaza niba iyo umuhungu ateye umukobwa […]

Ibyo wamenya ku Gitaramo “Africa Day Benefit Concert” kitabiriwe na Perezida Kagame Paul

“Africa Day Benefit Concert” n’igitaramo cyateguwe ku bufatanye bwa ViacomCBS Networks Africa na YouTube mu rwego rwo kwizihiza umunsi w’ukwibohora kw’Afurika ariko hanakusanywa inkunga yo gushakwa ibiribwa bigenewe abagizweho ingaruka n’icyorezo COVID-19. Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ni umwe mu banyacyubahiro bakomeye batanze ubutumwa mu gitaramo cyo kwihiza umunsi w’ukwibohora kwa Afurika cyabereye […]

Bamwe mu bakobwa bahitamo gushakana n’abagabo bakuze aho gushaka abasore byaba biterwa niki?

Mu Rwanda usanga abakobwa iyo bakuze, bivuze kugira imyaka 18, aba yemerewe kujya mu rukundo nubwo hari nabarujyamo mbere gato yiyo myaka. Ugasanga bakundana na basore bari mu kigero kimwe cyangwa babaruta ho gato, igikomeje gutera urujijo nuko usanga abo bakundana atari bo bashakana ahubwo bagahitamo kwibanira n’abagabo bakuze cyane. Ibi biterwa niki? Abantu batandukanye […]