Nasanze umukobwa dukundana ari gusomana n’undi musore- Nkore iki?
Yatwanditse yifuza ko wamufasha kumugira inama nyuma y’ibibazo yahuye nabyo mu rukundo ndetse ahamya adashidikanya ko inama zanyu zizagira icyo zimufasha. Aragira ati” Nitwa Kalisa (amazina yahinduwe). Nakundanye n’umukobwa hashize imyaka 2 dukundana tukajya tuganira bisanzwe , biza gukomera ndetse nza kumusaba urukundo nawe ntiyatinda aranyemerera ahubwo ambwira ko nari naramutindiye ko nawe yari yarankunze.” […]
Idris Sultan wangije ifoto ya perezida Magufuli yongeye gutabwa muri yombi
Idris Sultan, umunyarwenya wabigize umwuga muri Tanzania yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha byifashishije ikoranabuhanga. Tariki 19 Gicurasi 2020 ni bwo yatawe muri yombi na Polisi yo mujyi wa Dar es Salaam. Igitangazamakuru Global Publishers cyavuzeko uyu mugabo akurikiranyweho ibyaha yakoreye kuri murandasi gusa polisi ntiyabisobanuye mu buryo burambuye. Mu Kwakira 2019 nabwo yatawe muri yombi […]
Amagambo n’ibikorwa abakobwa b’ubu bifashisha bareshya abahungu
Nk’uko bisanzwe bivugwa hanze aha ngo umuco wo kureshya abagabo bikozwe n’igitsina gore si ibintu by’i Rwanda, nyamara benshi mu rubyiruko rw’ubu, rwagaragaje ko ahubwo ari bimwe mu bitanga amahirwe yo kubona inshuti ikwiyumvamo nawe uyiyumvamo. Bwiza.com yagerageje kubakusanyiriza bimwe mu bikorwa ndetse n’amagambo akunze kwifashishwa n’abakobwa mu kureshya abagabo. Kwiyitaho ku mubiri Ibi ntibivuze […]
Nsengiyumva François mu isura y’abasore b’ubu-Amafoto

Umuhanzi Nsengiyumva François wamamaye nka Igisupuspu yagaragaye mu isura y’abasore nyuma y’iminsi atumvikana dore ko atari aherutse gusohora indirimbo. Mu mwaka wa 2019 ni bwo abantu batangiye kubona Nsengiyumva mu bitaramo bitandukanye no mu mashusho y’indirimbo ze. Kuri ubu ari mu myiteguro yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Isubireho’ nyuma y’igihe atuje. Imyambarire […]
Ibyamirenge sibyo bizakubakira urukundo mu gihe uzirikana aya mabanga
Mu rukundo ntihagomba ibintu bihambaye cyane cyangwa se by’akataraboneka kugira ngo umukobwa amenye ko umuhungu amukunda. Hari ibintu byoroheje bigira igisobanuro gikomeye mu rukundo. 1.Kugufasha mu bibazo byawe Burya mu buzima hari ubwo ibintu bikugora ukaremererwa, ukaba wanakenera ko haba uwagufasha. Iyo umuhungu akwegereye mu bibazo akifuza kukuba hafi mu bikugoye uzamenye ko (ashobora kuba) […]
Dj Miller Yitabye Imana

Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki 05 Mata 2020 ni bwo hasakaye inkuru ku mbuga nkoranyambaga ivuga ko umwe mu ba Deejays (abavanga imiziki) wari ukunzwe n’abatari bake hano mu Rwanda, DJ Miller yitabye Imana mu masaha ashize, aguye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal. Kugeza magingo aya, amakuru arambuye ku bijyanye n’urupfu rwe ntarajya […]
Ibyo ukwiye kwitwararika mu gihe uteganya kurushinga
Gushaka ni byiza bifite agaciro kandi gushaka ni igikorwa Imana yateguriye umuntu. Ni byiza rero kumenyana neza cyane cyane ku bashakanye. Impamvu ni uko mu buzima bwabashakanye, kumenya bihagije umuntu bigira uruhare runini mu bibazo by’ubuzima bwabo, byaba ibibazo by’iterambere, iby’uburwayi, n’ibindi. Iyo umaze kumenya ibyerekeye uwo mwashakanye ugomba no kugira ubushobozi bwo gutuma mufatanya […]
Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
Umukunzi wa bwiza.com yatwandikiye atugisha inama aho afite ikibazo cyo kuba hari umugabo umureye nabi ngo baryamane kandi abizi neza ko afite urugo yubatse. Atwandikira yagize ati “Muraho neza ? Mfite ikibazo kinkomereye nashakaga kubagezaho ngo mungire inama, umubyeyi wanjye nari nsigaranye aheruka gupfa njya kuba kwa mukuru wanjye none umugabo we amereye nabi ngo […]
Abanyarwanda basabwe kureka guhana ibiganza no guhoberana

Guverinoma y’u Rwanda yasabye abaturage bayo kureka kuramukanya bahana ibiganza ndetse no guhoberana mu rwego rwo kwirinda ko Icyorezo cya Virus ya Corona gikomeje gushegesha isi cyagera mu Rwanda. Ibi bikubiye mu itangazo ryasohowe n’ibiro bya Minisititi w’Intebe kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Werurwe uyu mwaka. Riti “Abanyarwanda barasabwa kwirinda kuramukanya abantu bahana ibiganza […]
Ibihugu by’Afurika bishobora kwibasirwa na Coronavirus
Mu myaka 30 ishize, umubare w’indwara z’ibyorezo ziterwa na virusi kandi zikwirakwira byihuse ugenda wiyongera umunsi ku munsi muri izo ndwara twavuga nka coronavirus yahagurukije Isi ariko ikaba yarahereye mu Bushinwa. Ikinyamakuru The africareport cyagaragaje bimwe mu bihugu by’Afurika bifite amahirwe menShi yo gushegeshwa n’iki cyorezo cya CoranaVirus. Nk’uko ikarita yakozwe n’iki kinyamakuru ibigaragaza, hari […]