Icyo wakora umukunzi wawe akarushaho kukwizera

Gukunda ni byiza kandi ntawe iyi nzira utayinyuramo. Gusa kumenya kwerekana urukundo ubwabyo ni ikintu kidakorwa kimwe kuko usanga ubumenyi tubifeho butandukanye. Urukundo ni kimwe mu bintu bishimisha hagati y’ababana kuko aribyo byishimo bya mbere bigeza umuntu ku iterambere. Ibi bisaba uruhare rwa buri wese kandi akumva ko gukunda umuntu uba ufite n’inshingano zo kubimwereka. […]

Amategeko akwiye kuranga umukobwa uzi icyo ashaka

Mu buzima bwacu bidusaba kugira amategeko cyangwa umurongo ngenderwaho kugira tugere kubyo twifuza. Iri ni ihame abantu twese duhuriyeho mu buzima, no mu rukundo rero naho ni uko kugira ngo umuntu agire icyo ageraho. Muri iy’inkuru Bwiza.com iribanda ku mategeko 5 y’ingenzi akwiye kuranga umukobwa mu rukundo nk’uko urubuga rwa elcrema rwa bigaragaje. 1.Ntukibeshye ko […]

Niba uri umukobwa ugiye kurushinga, ukwiye kumenya aya mabanga

Umuntu aravuka agakura ariko igihe kikagera nawe akava iwabo akajya gushinga urwe, ku miryango biba ari ibyishimo kuko aba ari amahirwe yo kuyagura. Nk’umukobwa uba uvuye mu muryango we agiye gushaka mu wundi, aba ate impungenge nyinshi yibaza twinshi mu byukuri umuntu yavuga ko dute ishingiro, kuko nta numwe ushyingirwa adate amatsiko y’uko agiye kubaho. […]

Ikizakubwira ko umukobwa runaka ari “SlayQueen”

Iyo ugerageje kureba mu bitabo bitandukanye bisobanura amagambo mva mahanga bitandukanye usanga ijambo SlayQueen risobanurwa mu buryo butandukanye, hari aho usanga risobanura “abakobwa bakunda ibigezweho kandi bakunda guhabwa kurusha gukora” ahandi ugasanga risobanura “abakobwa bato bazi kwiyitaho mu mamafaranga batavunikiye” Iyi nyito ‘Slay Queen’ ni ijambo rimaze kumvikana mu matwi ya benshi hano mu Rwanda […]

Menya impamvu abagabo bakunda gutera akabariro mu gitondo mu gihe abagore babikunda nijoro

Ni ikibazo gikunze kwibazwa impamvu usanga abagabo benshi babyuka bashaka gukora imibonano mpuzabitsina, ndetse n’utwana duto tw’uduhungu usanga mu gitondo ibitsina byahagurutse. Abagore bo ku mugoroba nibwo benshi baba bashaka gutera(cyangwa guterwa akabariro).Dore impamvu: Ubusanzwe kugirango umugabo ashake gutera akabariro, umubiri we ugomba kuba wakoze umusemburo witwa testosterone uhagije.Ubusanzwe ku bagabo, uyu musemburo ukorwa cyane […]

Dore ahantu hagezweho waterera akabariro

Kumvikana ku ngingo yo gutera akabariro ni kimwe mu bituma urugo rwubakwa neza kandi rugakomera, ni yo mpamvu akabariro ari kimwe mu bintu byubahwa kandi abantu bagomba kwitondera kuko iyo uruhande rumwe rutanyuzwe n’iki gikorwa urugo ruvukamwo ibibazo by’urudaca bikavamo no gutandukana. Abagabo benshi bibwira ko imibonano mpuzabitsina igomba guhora ikorerwa mu cyumba cy’uburiri ariko […]

Uko ukwiye kwitwara ku munsi w’abakundana, urukundo rwanyu rukarushaho kuryoha

Kuri uyu wa 14 Gashyantare ni umunsi ngarukamwaka w’abakundanye, umunsi uzwi nka Saint Valantin. Ni muri urwo rwego abakundanye bagirwa inama y’uko bagomba kwitwara kuri uyu munsi. Uyu munsi w’abakundanye ni umunsi usobanura byinshi ku idini ry’abangirikani (Anglican Communion) ndetse n’idini ry’aba Lutheran ari bo bayoboke cyangwa abakomoka kw’idini rya Martin Luther. Uyu munsi nanone […]

Ingaruka zigutegereje niba ujya urigata igitsina cy’umugore

Abantu benshi bakora ibikorwa bitandukanye mu rwego rwo gushimishanya hagati y’umugabo n’umugore mu gihe bakora imibonano mpuzabitsina kugira ngo igende neza. Hari abakoresha uburyo bwo kurigatana ibitsina mu rwego rwo gukomeza gushimishanya muri icyo gikorwa nyamara ubushakashatsi bwerekana ko bifite ingaruka mbi ku buzima bw’umuntu. Twagerageje gukusanya ibibazo umuntu ashobora guhura na byo mu gihe […]

Dore ikizakwereka ko uri umugabo wishimiwe mu rugo rwawe

Nta kintu gishimisha umugabo nk’iyo abasha kwitwara neza mu gitanda aho usanga yishimiwe cyane mu muryango we kuko abasha gushimisha umugore we mu gihe cyo gutera akabariro. Iyo umugabo yitwara neza mu buriri bisobanuye ko aba abasha gutuma umugore we agera ku byishimo bya nyuma ndetse akarangiza. Abagabo bose siko bazi gushimisha abagore babo. Niba […]

Niba uri mu rukundo irinde kubwira umukunzi wawe aya magambo

Akenshi usanga abantu babana nk’umugore n’umugabo cyangwa umusore n’umukobwa bari mu rukundo hari imirongo ngenderwaho biha cyangwa amwe mu mahame bagenderaho kugirango urukundo rwabo rugende neza. Iyo hatabayeho ubwumvikane rero usanga umuriro uhora waka mu ngo cyangwa abakundana bagahora bashwana. Hano hari urutonde rw’ibintu 10 abashakashatsi basanze atari byiza ko umugore abibwira uwo bashakanye cyangwa […]