Uri umunyamahirwe niba uzi gutandukanya ibi bintu mu rukundo

Mu buzima bwa buri munsi, abantu barakunda abandi bagakundwa ariko ntibigaragare mu buyo bumwe kuko n’intego zitaba ari zimwe. Hari urukundo nyakuri rushobora nu kuganisha ku gushakana, hakaba n’urukundo umuntu yakwita uruhutiyeho ari ko nubwo zose ari inkundo zikaba zitandukanye haba mu biziranga, haba no mu mushyirirwe mu bikorwa yazo. *Urukundo ruhutiyeho (Clash), rurangwa akenshi […]

Dore amagambo wazifashisha uganira n’umukunzi wawe ku munsi w’abakundanye

Kuri wa 14 Gashyantare ni umunsi ngarukamwaka w’abakundanye, umunsi uzwi nka Saint Valantin. Ni i muri urwo rwego abakundanye bagirwa inama y’uko bagomba kwitwara kuri uyu munsi. Uyu munsi w’abakundanye ni umunsi usobanura byinshi ku idini ry’abangirikani (Anglican Communion) ndetse n’idini ry’aba Lutheran aribo bayoboke cyangwa abakomoka kw’idini rya Martin Luther. Uyu munsi nanone utuma […]

Aya niyo magambo buri mukobwa aba yifuza kumva mu matwi ye muri iyi minsi

Iyo ugerageje kugenda utera ikerekezo hirya no hino mubakundana bakubwira ko hari amagambo usanga abakobwa bakunda kubwirwa cyane kurusha andi wavuga, Bwiza twagerageje kubakusanyiriza amagambo ya mbere arusha ayandi kuryohera ugutwi k’umukobwa no kunyura umutima we: 1-Inseko yawe ishobora kumurikira ijoro ry’icuraburindi rikaba umucyo: Kumenya gukundana no kugira urukundo bigaragarira mu kumubwira amagambo meza ugendeye […]

Niba wubatse urugo ukwiye kumenya aya mabanga

Abantu benshi ntibakunda kurara bambaye ubusa, ndetse n’ubigerageje ntabwo akunze gufatwa neza.Nyamra ubushakashatsi bwerekanye ko kimwe mu Bizana amahoro, ibyishimo n’umutekano mu bashakanye, kurara mwambaye ubusa no gushyira ibiribwa kure y’uburiri ngo ni ibya mbere. Ku bantu 1000 bakoreweho ubushakashatsi mu Bwongereza , 57% bafite ibyishimo mu ngo zabo ni abarara bambaye ukuri. Ikigo Cotton […]

Dore icyo bisobanuye kurota ukora imibonano mpuzabitsina n’umuntu utazi

Abantu benshi bajya bibaza impamvu iyo baryamye barota bakora imibonano mpuzabitsina nyamara ntibamenye muby’ukuri ikiba kibyihishe inyuma. Igitabo LOVE SPELLS cyanditswe na Marianne Vicelich kivuga ko ushobora kurota ukora imibonano mpuzabitsina bitewe n’ibyo uba wiriwemo ahanini usanga biba byinganjemo ibiganiro by’imibonano mpuzabitsina. Rimwe na rimwe hari igihe ushobora kurota ukora imibonano mpuzabitsina n’umukunzi wawe mwatandukanye […]

Ibyo wafataga nk’ibitakureba nibyo ukwiye kumenya mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Kuri ubu, kurangiza ku bagore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bisigaye ari ibintu bikunzwe cyane. Nubwo biri uku, siko byahoze mu myaka yashize kandi ntibyakunze kujya bibatera ipfunwe dore ko binashoboka ko benshi muri bo batari bazi ko bibaho. Bamwe mu baganga n’abahanga mu bijyanye n’ihuzabitsina bemeza ko kuba hari abagore batakunze kugira amahirwe yo kurangiza […]

Ujya wibaza impamvu hari Abagore barira mu gihe cyo gutera akabariro?

Twifashishije imbuga za internet zitandukanye zandika inkuru zijyane n’urukundo n’imibanire, ngo gutaka k’umugore mu gihe atera akabariro gusobanuye byinshi. Bwiza.com yagerageje kubakusanyiriza impamvu nyirizina zituma abagore bamwe na bamwe basakuza abandi batuza mu gihe kimibonano mpuzabitsina 1.Ikimenyetso cy’uko yishimye Impamvu ya mbere ituma umugore arira cyangwa ataka mu gihe cyo gutera akabariro, ngo ni ibyishimo […]

Niba urikumwe n’umukobwa mu ruhame irinde kumukora aha hantu

Ubumenyi ngiro bwagiye bugaragaza ko kenshi abantu b’ igitsina gore bose bari hagati y’imyaka 18 na 35 ngo urugingo rwabo rwose rw’ umubiri wakoraho rushobora gutuma bumva bifuje imibonano mpuzabitsina, gusa hakaba hari ibice by’ingenzi bituma bafatwa vuba twavuga nk’amabere, ikibuno n’ibindi. Amakuru dukesha urubuga rwa Naij.com atubwira ko mu bushakashatsi bwakorewe ku bantu b’igitsina […]

Uwahoze atoza ikipe y’abana ya Real Madrid yahawe akazi mu ikipe yo mu Rwanda

Hassan Haj Taieb, watoje ikipe y’umupira w’amaguru y’abatarengeje imyaka 15 ya Real Madrid yo muri Esipanye yahawe akazi mu ikipe y’ingabo z’igihugu (APR FC ) mukongerera ubumenyi umutoza w’abanyezamu ndetse n’abanyezamu nyir’izina mu gihe kingana n’amezi atatu(3). Kuri uyu wa 3 Mutarama 2020 ni bwo byamenyekanye ko Hassan Taieb w’imyaka 57, yahawe akazi muri APR. […]

Sugira Ernest ubu ni rutahizamu wa Rayon Sports

Nyuma yo kuva mu bihano yari yarahawe n’ikipe ya APR FC ari nayo yakinaga mo Sugira Ernest rutahizamu mpuzamahanga ubu yamaze gutizwa muri RayonSports. nkuko bitangazwa n’ubuyobozi bwa APR FC bubinyujije ku rubuga rwayo, bavuga ko iyi kipe imutije nyuma y’uko yari amaze amezi 2 mu bihano aho yakoreraga imyitozo mu bato b’iyi kipe, ibihano […]