INKOMOKO Y’UBUKIRISITU : Igice cya kane

Bivugwa ko Yezu w’i Nazareti yavutse mu mwaka wa -6/5 kuko yavutse ku Ngoma y’Umwami Hérodi, uyu Hérodi akaba yarategetse hagati y’umwaka wa 37n’uwa -4, Ubukristu bwo buvuga ko yavutse mu mwaka wa 0 ari nawo kubara imyaka bitangiriraho, ubukristu bukongeraho ko yavukiye i Betelehemu ngo kuko Yozefu na Mariya bari bagiye kwibaruza kw’ivuko. Amateka […]

INKOMOKO Y’UBUKRISTU : Igice cya Gatatu

Icyitonderwa: Itsinda ry’aba Maccabéens ryashyizeho ubwami bw’abayobozi b’idini (le grand prêtre) bitandukanye n’abashyiragaho umwami w’irindi zina ry’ubutegetsi politique. Ibi bigahamya ko révolte y’abamacabe yari ishingiye kw’idini kuruta k’ubutegetsi. ITERA RY’INGOMA Y’ABAROMANI MU KARERE Tutiriwe tujya mu ntambara zo kumaranira ubutegetsi hagati ya bene Alexandre kuko atari cyo cyigambiriwe, muri macye guhera muri -65 havutse ikibazo […]

INKOMOKO Y’UBUKRISTU : Igice cya Kabiri

• Mu mwaka wa-586, igihugu cya Yudeya giterwa n’aba Babylone basenya Temple (Hekalu) ya Yeruzalemu maze batwara bunyago benshi mu baturage cyane abakomeye n’abahanga muri bo. • Bageze muri Babylone, bahuye n’umuco wo kwemera Imana imwe yigishwaga n’idini ry’aba perse rya Mazdéisme na Zoroastrisme bayoboka ibyo bitekerezo ariko mu murongo wabo. • Mu mwaka wa […]

INKOMOKO Y’UBUKRISTU : Igice cya mbere

Kubera ko iyi nkuru iri ndende twiyemeje kuyitangaza mu bice kugirango itarambira abasomyi. Twatekereje kwandika iyi nyandiko kugirango dufatanye n’imbaga y’Abemera kugerageza guhuza ibyo bemera n’amateka yabyo. Kuko burya buri dini ryose rigira urugendo, rigira inzira rinyuramo kugirango ribe uko rimeze mu gihe runaka. Nyamara usanga kenshi ibyo abayoboke baba batabizi, bibaza k’uko rimeze icyo […]

Ibitambo mu madini -Igice cya kabiri

Inkuru yari igizwe n’igice cya mbere wayisoma hano ugakomereza no ku cya 2 Ibitambo mu madini -I gice cya “mbere” 3. ABASILAMU Nk’uko bivugwa na Mohamed Hocine Benkheira muri dictionnaire du Coran, mu busilamu bagira ubwoko bune bw’ibitambo : – Igitambo gikorwa mu gihe cyo kurangiza umuhango wa Hija kizwi nk’icy’umunsi mukuru w’Ilayidi nkuru (10 […]

Ibitambo mu madini -I gice cya mbere

Mu nyandiko isa n’ibaza, twari twibajije ikibazo kijyanye n’ibitambo biboneka mu madini cyane cyane amadini yahishuwe, isoko yabyo, akamaro kabyo, igihe byaba byaratangiriye n’ibindi n’ibindi. Twaribajije tuti : ese ibitambo bikorwa n’abantu mu madini yose, byaba bifite inkomoko ku Mana mw’ihishurwa cyangwa se byaba ari imico iboneka mu bantu bose, mu bihe byose kandi no […]

Ivugururwa ry’ibya Kisilamu: Igice cya 6

Muri iki gice cya gatandatu turakomeza kubereka uburyo abamenyi batavuga rumwe mu bijyanye n’amateka n’amategeko yitwa ko agize sharia bavuga ko iva ku Mana. Aha rero havuka ikibazo igihe abamenyi b’idini bazaba batavuga rumwe. Ni nde uzabakiranura ku rwego rwa Leta nta bubasha bafite ? Umuturage azaba uwa nde? Igihe bakibyibaza, ibyiswe ‘printemps arabe’ biba […]

Ivugurura ry’ibya Kisilamu igice cya 5

Fiqh hagati y’amategeko y’Imana n’ibyemezo bya muntu (fiqh entre droit divin et jurisprudence humaine) Uvuga kandi ivugurura, aba avuga byanga bikunze ibisanzweho mu mahame ya kisilamu cyane bishingiye ku bizwi nka fiqh byubatswe n’aba Imamu, (4 muri sunni). Bityo kuvugurura ni ukwibaza kuri ibyo byemezo by’ubutabera nkuko byemejwe na bariya ba Imamu nkuko na Tariq […]

Ivugurura ry’ibya Kisilamu

Basomyi, nshuti bakunzi bacu, muri iyi nyandiko turabagezaho ikibazo kitoroshye kivuga ku mavugurura ku bya kisilamu, kuko ari ikibazo gitanga icyizere cy’ejo hazaza, kibanda ku myemerere, ku myizerere. Si ikibazo cyo gufatwa mu buryo bujenjetse cyangwa bworoshye, kuko ari igihuza Umuremyi n’ibiremwa, Intama n’Abashumba, ndetse kigahuza ab’isi tubona n’ab’ijuru tubwirwa tukizera. Gituma hibazwa niba koko […]

Abahanzi : Abarinzi n’abasakaza muco, tubatere ingabo mu bitugu

omar.jpg

Muri iyi nyandiko ndashaka kuvuga ku Bahanzi, abo bari bo, akamaro kabo mu kurinda, no gusakaza umuco wacu, kugirango turebe niba ibyo bakora tubiha agaciro bikwiye, bityo turebe icyakorwa ngo tubatera ingabo mu bitugu, maze ibikorwa byabo natwe tubigiremo uruhare kuko ari ingirakamaro ku Gihugu cyose. Ndarangiza mbagezaho ibyifuzo byabafasha kubigeraho. Umuhanzi ni iki ? […]