Umuraperi Muchoma Nyuma yo kugaragara yihagarika kuri Bibiliya yasabye imbabazi
Umuraperi Nizeyimana Didier uzwi ku izina rya Muchoma nyuma yo gukora amashusho y’indirimb atwika Bibiliya yasobanuye impamvu nyamukuru yabimuteye, anasaba imbabazi ku bahungabanjwe n’iki gikorwa yakoze. Mu kiganiro yagiranye na KT Radio Muchoma yavuze ko ajya gukora indirimbo ‘Nikibazo” atari agambiriye kubabaza abamukunda ahubwo yashakaga kwerekana ko bamwe mu bakirisitu bitwaza Bibiliya cyane, ariko aho […]
Gen Henry Tumukunde yiyamye igisirikare cya Uganda kwivanga muri politiki
Rtd Lt Gen Henry Tumukunde uri mu bakandida bahatanira kuyobora Uganda, yiyamye bamwe mu albasirikare ba kiriya gihugu bari kwivanga mu bikorwa bya politiki mu gihe amatora y’umukuru w’igihugu yegereje. Gen Tumukunde yabitangaje nyuma y’amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza umwe mu basirikare bo ku rwego rwa Jenerali mu ngabo za Uganda ari mu nama […]
Mu mafoto: Imyaka 10 irashize Lady Gaga avumbuye umwambaro ukoze mu nyama

Tariki ya 12 Nzeri mu mwaka 2010 ubwo hari mu bihembo bya MTV Video Music Awars nibwo umuhanzikazi Lady Gaga yatunguye benshi agaragara ku rubyiniro yambaye ikanzu idoze mu mu nyama. Ni ibihembo ngarukamwaka byabereye mu nzu y’imyidagaduro ya Nokia Theatre ihereye I Los Angeles muri Leta ya California muri Amerika Chelsea Handler wari uyoboye […]
Umunyamakuru Oswakim yinjiye mu muziki
Umunyamakuru wa Radio/TV 10 Oswald Mutuyeyezu uzwi nka Oswakim yinjiye mu ruhando rw’indirmbo zihimbaza Imana aho ku ikubitiro yashyize hanze iyiswe “Alleluia Vuga turakumva” yafatanije na korari St. Paul. Oswakim ni umunyamakuru ubimazemo igihe, byumwihariko akaba akunzwe cyane mu Kiganiro “Zinduka” gica kuri Radio/Tv10 Rwanda muri munsi. Umunyamakuru Oswakim ubusanzwe avuga ko akunda umuziki, ibi […]
Byinshi wamenya ku buzima bwa Me Nkongoli ufatwa nk’impunzi yatahutse mbere y’izindi (VIDEO)
Umunyamategeko Laurent Nkongoli ufatwa nk’Umunyarwanda watahutse mbere mu bahunze mu 1959, avuga ko yaherewe izina ry’Umututsi i Kamembe mu cyahoze ari Cyangungu. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV, yasobanuye byinshi byafatwa nk’udushya twaranze ubuzima bwe, aho yagaruutse ku buryo yabaye Umututsi abigizwe n’ubutegetsi bwa Habyarimana ubwo yari mu bihaye Imana baba Jezuwite. Me Nkongoli avuga […]
Menya uko ibihugu by’Isi birushanwa agaciro k’ifaranga
Ifaranga ni kimwe mu bipimo fatizo bishingirwaho mu bukungu bw’abantu n’ibihugu muri rusange. Ifaranga ryo ubwaryo nk’urupapuro cyangwa igiceri ntirigira agaciro, ahubwo ibyo rikoreshwa nko kugura ikintu no kurivunjamo andi mafaranga ni byo biryongera cyangwa bikarigabanyiriza agaciro. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho uko ibihugu 10 bya mbere ku Isi mu kugira ifaranga rifite agaciro ko […]
Uwahoze akora muri Wasafi ya Diamond Platnumz yatorewe kuba umudepite

Shaban Hamisi Taletale uzwi nka Babu Tale wahoze ari umukozi w’inzu itunganya umuziki ya Wasafi akanaba umujyanama wihariye wa Diamond Platinumz yatorewe kuba umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Tanzania. Babu Tale yatowe ahagarariye agace ka Morogoro y’Amajyepfo, akaba yari umukandida w’ishyaka Chama Cha Mapinduzi(CCM) muri ako gace. Babu Tale ubwo yiyamamazaga yijeje abaturage ko […]
Mu mafoto reba “Fabbri Over and Under” imbunda nto irusha izindi agaciro

Mu muco w’abatuye Isi usanga hari ibintu byaremwe cyangwa byakozwe bishobora kugira ingaruka nziza cyangwa mbi bitewe n’ugikoresha. Kimwe muri ibi bintu ni “Imbunda”. Kuva mu mwaka w’1364 ubwo imbunda ya mbere yakorwaga kugeza ubu ntibizwi neza abamaze guhitanwa nayo. N’ubwo imbunda ishobora gukoreshwa yica bamwe, ishobora no gukoreshwa ikiza abandi mu “bwirinzi”. Leta zinyuranye […]
Kera kabaye, abayobozi b’uturere bagiye gusinya imihigo imbere ya Perezida Kagame
Nyuma y’imyaka 2 imihigo yarahagaze ku mpamvu zitamenyekanye, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukwakira 2020, abayobozi b’uturere twose n’izindi nzego nkuru z’ubutegetsi bw’igihugu bagiye gusinya imihigo imbere y’Umukuru w’Igihugu. Amakuru dukesha RBA avuga ko imihigo abayobozi b’uturere bagiye gusinya ari iy’umwaka 2020/2021 itarasinyiwe igihe ku bw’impamvu zirimo n’icyorezo cya Covid-19. Ni umuhango biteganyijwe […]
Isabella Dos Santos, umuherwekazi wa mbere muri Afurika yapfushije umugabo

Sindika Dokolo, umugabo w’umuherwekazi wa mbere muri Afurika, Maria Isabella dos Santos yaguye mu mpanuka y’imodoka yabereye i Dubai kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Ukwakira 2020. Ikinyamakuru Cameroun Today cyanditse ko Sindika Dokolo yari yaragiye muri Leta zunze ubumwe z’abarabu mu mpera z’umwaka ushize. Ni nyuma gato yuko yari amaze iminsi mike yitaba […]