DRC: Igitero cya ADF cyahitanye umubare munini w’abasivili

Inyeshyamba z’umutwe wa ADF ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zagabye igitero mu gace ka Bayeti mu mujyi wa Beni bica abasivili 18 banasahura amaduka y’abaturage. Ibi byabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 2 Ukwakira 2020 nk’uko ikinyamakuru Actualité kibitangaza. Iyi nkuru ikomeza ivuga ko Abarwanyi ba ADF […]

Ibihugu by’ibihangange i Burayi bigiye gusubira muri “Guma mu Rugo”

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron na Shanseriyeli w’u Budage Angela Merkel batangaje ko ibihugu byabo byiteguye gusubira muri gahunda ya “Guma mu rugo” bitewe n’uko Covid-19 yongeye gukaza umurego. Mu ijambo Emmanuel Macron yavugiye kuri Televiziyo y’u Bufaransa, yavuze ko ubwandu bukomeje kwiyongera ku muvuduko mwinshi ari nayo mpamvu bafashe icyemezo cyo kuba basubiye muri […]

Imodoka Idi Amin wayoboye Uganda yibye, yasubijwe nyirayo

Idi Amin Dada yayoboye Uganda kuva mu waka 1971 kugera 1979

Imodoka Perezida Idi Amin Dada wayoboye Uganda yari yaribye mu bwami bwa Buganda mu mwaka 1966 , Guverinoma ya Uganda yategetse ko isubizwa muri ubwo bwami nta yandi mananiza abayemo. Iyi modokoka yo mu bwoko bwa Rolls- Royce Phantom bivugwa ko yibwe na Idi Amin Dada mu mwaka w’1966 . Yibwa mu bwami bwa Buganda […]

Abagore basatswe mu myanya y’ibanga bagiye guhabwa ubutabera

Qatar yatangaje ko yatangije iperereza ryimbitse ku karengane gaherutse gukorerwa abagore ku kibuga cy’indege cyo mu murwa mukuru Doha, bagasakwa mu myanya y’ibanga bakekwaho guta umwana. Inkuru ya BBC ivuga ko abagore bari bakatishije amatiki mu ngendo 10 z’indege ku kibuga cya Hamad Interantional Airport, basatswe bambaye ubusa hagamije gutahurwa niba umwe muri bo yaba […]

Bimwe mu byo wamenya ku rwego rushya rw’ingufu kirimbuzi

Mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa 27 Ukwakira 2020 yemeje iteka rya Perezida wa Repubulika rishyiraho Ikigo cy’ingufu z’ubumara mu Rwanda(Rwanda Atomic Energy Board). RAEB ni Urwego rushya ruzaba rushinzwe kugenzura, kubaka ibikorwaremezo no gukora ubushakashatsi ku ngufu za nukereyeri hagendewe ku masezerano mpuzamahanga y’ingufu kirimbuzi. Zimwe mu nsingano z’ururwego rushya mu Rwanda ni izi […]

Uganda: Abayobozi babujijwe kwambarira ingofero zitukura imbere y’itangazamakuru

Guverinoma ya Uganda yabujije abanyapolitiki kugaragara mu itangazamakuru bambaye ingofero zitukura cyangwa indi myambaro iriho ibirango bigaragara nk’ibyatera urujijo hagati y’abasivili n’inzego z’umutekano. Umuvugizi wa Guverinoma ya Uganda, Ofwono Opondo yabwiye Chimpreports ko uyu ari umwe mu myanzuro yafatiwe mu nama y’abafite ibigo by’itangazamakuru n’inzego zinyuranye z’umutekano, hagamijwe kunoza imigendekere myiza y’amatora ateganijwe muri Mutarama […]

Perezida Museveni n’umuhungu we bashenguwe n’urupfu rwa Col. Bantariza

Col. Bantariza yapfuye azize Covid-19

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda n’umuhungu we, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba bashenguwe bikomeye n’urupfu rwa Rtd Col. Shaban Bantariza wahitanwe na Covid-19. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 27 Ukwakira ni bwo Col. Shaban Bantariza wari umuvugizi wungirije wa Giverinoma ya Uganda yapfuye azize icyorezo cya Covid 19 nkuko umuvugizi […]

Koreya y’Epfo: Abahamya ba Yehova banze kujya mu gisirikare bagenewe igihano

Leta ya Koreya y’Epfo yatangiye guhana urubyiruko rwo mu itorero rw’Abahamya ba Yehova banze kwitabira kujya mu gisirikare nk’uko bigenwa n’itegeko. Itegeko rya Koreya y’Epfo rivuga ko umusore wese wo muri iki gihugu ategetswe gukora igisirikare byibura kugeza ku mezi atandatu. BBC yanditse ko Abahamya ba Yehova banze kwitabira icyo gikorwa rusange cyo kujya gisirikare […]

Ubutumwa bwa Musenyeri Mbanda wa EAR kuri Kambanda uheruka kuba Karidinali

Musenyeri Kambanda aherutse kugirwa Karidinali

Arikipisikopi w’Itorero ry’Abangilikani mu Rwanda (EAR) Musenyeri Dr. Laurent Mbanda yifurije Antoine Kambanda uheruka kugirwa Karidinali na Papa Francis I ishya n’ihirwe mu mirimo ye mishya. Abinyujije mu butumwa yashyize ku rubuga rwe rwa Twitter, umuyobozi w’Itorero Angilikani mu Rwanda, yavuze ko kuba u Rwanda rugize umu Karidinali ari intambwe nziza ikwiye gutera buri wese […]

FARDC yivuganye abarwanyi 21 ba CODECO, inigarurira ibirindiro byayo bikomeye

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko cyigaruriye ibirindiro by’abarwanyi ba CODECO, cyica 21 muri bo. 7 Sur 7 yanditse ko ibi byabaye mu mperza z’icyumweru gishize nk’uko byemezwa n’igisirikare cya Congo, bibereye mu ntara ya Ituri mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa RDC. Aya makuru yemejwe n’ingabo za Congo,Lt. General Yav Avul […]