Col. Shaban Bantariza wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma ya Uganda yapfuye

Col. Shaban Bantariza, Umuvugizi wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma ya Uganda akaba n’umuyobozi wungirije w’ikigo Uganda Media Centre yapfuye. Inkuru ya Daily Monitor ivuga ko Col. Shaban Bantariza yaguye mu bitaro bikuru bya Mulago aho yari amaze iminsi avurirwa.Umuvugizi wa Guverinoma ya Uganda Ofwono Opondo yavuze ko Col Bantariza yishwe na Covid-19. Umuvugizi w’ingabo za […]

Riderman yatunguye umugore we amwita ‘umukecuru’

Umuraperi Gatsinzi Emery uzwi nka Riderman yatunguye abamukurkira ku rubuga rwa Instagram yita umugore we umukecuru mu butumwa bumwifuriza umunsi mwiza w’amavuko. Kuri uyu wa 26 Ukwakira 2020, ubwo Agasaro Nadia yizihizaga isabukuru ye y’amavuko, Riderman yifashishije urukuta rwe rwa Instagram amuvuga nk’umuntu udasanzwe ku buzima bwe, abenshi batungurwa n’uko yamwise umukecuru. Muri ubu butumwa […]

Shaddyboo yatekeye abana b’umuhanda, basangirira iwe

Shaddyboo yagaburiye abana 35 bo ku m'ihanda mu rugo iwe

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Mbabazi Shadia uzwi Shaddyboo yatunguye abana 35 bahoze baba ku muhanda arabatumira baza mu rugo iwe barasangira. Ni igikorwa cyabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 25 Ukwakira 2020. Ubusanzwe bimaze kumenyererwa ko Shaddyboo ategura bene iki gikorwa ku munsi we w’amavuko cyangwa ku yindi minsi mikuru yo mu Idini ya Islam. […]

Umuhanzi Israel Mbonyi yegukanye igihembo gikomeye muri Afurika

Israel Mbonyi niwe muhanzi w'Umunyarwanda wegukanye igihembo

Umuhanzi uririmba indirimbo ziramya Imana Israel Mbonyi yegukanye igihembo cya Album y’umwaka mu bihembo bya Maranathan Awards. Album uyu muhanzi yise “Mbwira “ ni yo yatwaye igihembo cya Album nziza y’umwaka 2020 . Ni igihembo Mbonyi yahawe adahari cyane ko yabitangarijwe binyuze ku rubuga rwa Instagram. Babinyujije ku rukuta rwa Instagram rwabo, ubuyobozi bwa Maranatha […]

Umupolisi wa Uganda narasa umunyabyaha, ategetswe kumuvura

Mu mabwiriza mashya agena imikoreshereze y’imbunda yashyizwe ahagaragara na Polisi ya Uganda tariki ya 23 Ukwakira 2020, havuga ko mu gihe bibaye ngombwa ko umupolisi wa Uganda arasa umunyabyaha ategetswe kumuha ubuvuzi bw’ibanze mu gihe haba hategerejwe imbangukiragutabara yo kumujyana kwa muganga. Nk’uko yabisabwe na Perezida Museveni mu mpera z’ukwezi gushize, Umuyobozi mukuru wa polisi […]

Afurika: Urutonde rw’abayoboye ibihugu bavuye mu mwuga w’ubwarimu

sirleaf-2.jpg

Abantu benshi bashobora gutekereza ko abayobora ibihugu na za Leta baba baravutse mu miryango ikomeye cyane. Hari n’abadatinya kwemeza ko baba batarakuze nk’abandi gusa si byo kuko muri Afurika hari ingero z’abayoboye ibihugu barahereye hasi. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho urutonde rw’abayoboye ibihugu bya Afurika barahereye mu mwuga w’ubwarimu ufata na benshi nk’usuzuguritse. Ellen Johnson […]

Uwayezu Jean Fidele wahoze mu gisirikare ni we utorewe kuyobora Rayon Sports

Mu Nteko rusange y’umuryango wa Rayon Sport yateranye Kuri uyu wa 24 Ukwakira 2020 muri Remigo Hotel I Remera, yatoye ubuyobozi bushya bwa Rayon Sport buhagarariwe na Perezida Uwayezu Jean Fidele . Amakuru make avugwa ku muyobozi mushya wa Rayon Sport avuga ko ari umuntu ukunda gusenga . Uwayezu ngo yahoze ari umusirikare mu ngabo […]

Papa Francis yanenzwe n’uwo bakorana nyuma yo gushyigikira abatinganyi

Karidinali Raymond Burke, umwe mu bunganizi ba Papa Francis ni we wabimburiye abakorana na we mu kunenga igitekerezo aherutse gutanga agaragaza ko abaryamana bahuje ibitsina bakwiye guhabwa uburenganzira busesuye bwo gushinga umuryango. Ku wa Gatatu tariki ya 21 Ukwakira 2020 ni bwo mu bitangazamakuru byo ku Isi hatambutse filimi mbarankuru igaragaza Papa Fransis I avuga […]

Perezida Museveni yise abatavuga rumwe n’ubutegetsi “abarozi”

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yagereranyije abarwanya iterambere yagejeje ku banya Uganda nk’abarozi batifuza kubona umwana w’umuturanyi akura neza. Ubwo yari mu kiganiro n’abahinzi b’ibisheke bo mu gace ka Adodi Ayulu ko mu Karere ka Amuru, Museveni yavuze ko abarwanya ubutegetsi bukora ibyiza ntaho bataniye n’abarozi baba batifuriza iterambere rya rubanda rugufi. Yagaragaje kandi […]

Amadeni mu bihangayikishije Komite y’Inzibacyuho ya ADEPR

Ubuyobozi bw’inzibacyuho bw’itorero ADEPR bwatangaje ko mu bibazo bine bugiye gukemura, harimo n’ikibazo gikomeye cy’amadeni iri torero ribereyemo abantu n’ibigo bakorana. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Ukwakira 2020 ni bwo Komite y’Inzibacyuho ya ADEPR yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru, aho yasobanuraga ku byo igiye kwibandaho mu kuzahura imiyoborere y’iri torero yari imaze igihe ivugwamo ibibazo […]