Umukobwa byari bizwi ko yashyinguwe mu myaka 2 ishize yagaragaye atembera mu rugo rw’ababyeyi be

Mu gace ka Msala ko mu Ntara ya Ndola muri Zambia habereye ibisa n’amayobera aho umukobwa byari bizwi ko amaze imyaka 2 ashyinguwe, yagaragaye atembera mu nzu y’ababyeyi be. Ubuyobozi bwo mu gace ka Msala bwemeje aya makuru, bunasobanura ko uyu mukobwa yari yarashyinguwe mu irimbi rwa Mitingo, riri muri ako gace mu myaka 2 […]
Uganda: Buchaman yatunguye Polisi ayijyanira umurundo w’ibikoresho bya gisirikare
Mark Bugembe usanzwe wiyita Buchman cyangwa umunyanama wa Perezida Museveni ku buzima bwa Ghetto yatunguye Polisi yo mu mu mujyi wa Kampala, ayijyanira imyenda n’ibindi bikoresho bya gisirikare byinshi yari atunze binyuranije n’amategeko. Bugembe usanzwe uzwi ku mazina ya Buchman ni umurwanashyaka ukomeye w’ishyaka National Unity Platform rya Bobi Wine. Bugembe yavuze ko icyamuteye kuzana […]
Umuhehesi yakatiwe imyaka 3 azira gusambanya inkoko
Urukiko rw’umujyi wa Yorkshire rwakatiye Umwongereza Rehan Baig w’imyaka 37 gufungwa imyaka 3 azira gusambanya inkoko, amashusho yafashwe na Kamera z’umutekano womu nzu yagaragaje ko icyo cyaha yagikoze abifashijwemo n’umugore we. Inkuru y’ikinyamakuru Daily Mail cyandikirwa mu Bwongereza ivuga ko Rehan Baig yafashwe amashusho asambanya inkoko, nyuma ngo iperereza ryagaragaje ko iyo nkoko yaje gupfa […]
Dr. Malimba wabaye Minisitiri w’Uburezi yagizwe umuyobozi wa UR w’agateganyo
Dr. Musafiri Malimba Papias wabaye Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda yagizwe umuyobozi mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda wungirije asimbuye Prof. Phillip Cotton ucyuye igihe. Prof. Cotton yayoboye Kaminuza y’u Rwanda kuhera kuwa 19 Ukwakira 2015. Iki gihe ni bwo hari hashize ibyaka 2 gusa hahujwe ayari amashuri makuru ya Leta na Kaminuza nkuru y’u Rwanda (NUR). […]
Paul Rusesabagina uregwa ibyaha 13 arasabirwa kongererwa igifungo

Kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Ukwakira 2020 ,Paul Rusesabagina uregwa ibyaha 13 yongeye kwitaba urukiko rwibanze rwa Kicukiro aho akurikiranweho ibyaha byo kurema no gutera inkunga umutwe wa FLN. Ku itariki 02/10/2020, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro ubujurire bwe ku cyemezo cyo gufungwa by’agateganyo yari yafatiwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro. Itegeko ryerekeye imiburanishirize […]
Abantu 291 bashakishwa n’ubutabera bw’u Rwanda baburiwe irengero
Kuva tariki ya 20 Mata 2017 Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda rwahabwa inshingano zo kugenza, gukumira no gukurikirana abakekwaho ibyaha mu Rwanda, abantu 291 bashakwa n’Ubutabera rw’ababuriye irengero. Minisiteri y’Ubutabera yatangaje ko kuva Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwakiriye ibirego by’abantu 1301 bakora ibyaha bagahunga ubutabera. Muri aba 1301, RIB yafashe abagera ku 1010 mu gihe abandi […]
Museveni wari warajyanye gutemberana n’abuzukuru be ku ivuko yagarutse mu mujyi

Perezida wa, Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yagarutse i Kampala mu murwa mukuru w’igihugu cye nyuma y’iminsi itandatu yari amaze atembereza abuzukuru be ibice by’icyaro bya Uganda birimo na Kiruhura avukamo. Kuwa Kabiri tariki 13 Ukwakira nibwo Museveni n’abuzukuru be buriye indege y’igisirikare cya Uganda berekeza mu karere ka Kisozi, aho yari agiye kubatembereza muri kariya […]
Urutonde rw’abakinnyi 10 ba Filime binjije amafaranga menshi muri 2020

Tariki 17 Ukwakira 2020, ikinyamakuru Forbes Magazine cyasohoye urutonde rw’abakinnyi ba filimi binjije amafaranga menshi mu mwaka 2020. Ni urutonde ruyobowe n’umunyamerika ukomoka muri Canada Dwayne” The Rock” Johnson winjije miliyoni 87.5 muri uyu mwaka. 1. Dwayne Johnson yinjije miliyoni 87.5 Dwayne Johnson uzwi nka The Rock ni umukinnyi wafilimi w’icyamamare ukunzwe cyane muri leta […]
Uganda: Abapangayi babuze ayo bishyura ubukode, bagirwa abacakara
Abapangayi babuze amafaranga yo kwishyura ubukode ku bw’ingaruka za Covid-19 barimo gukoreshwa imirimo ivunanye na ba Shebuja mu rwego rwo koroshya uburyo bwo kubishyura ibirararane bababereyemo. Daily Monitor yanditseko iki gitekerezo cyo gukoresha abapangayi mu nyungu bwite za ba Shebuja cyaturutse mu mpuzamashyirahamwe y’abacuruzi mu mujyi wa Kampala izwi nka Kampala City Traders Association (KaCITA). […]
Ntibikwiye ko umusore ufite Benzi abarurwa mu cyiciro cy’ababyeyi be_ Minisitiri Shyaka
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase, yavuze ko mu byiciro bishya bagiye gutanga hari ingaragu zizajya zihabwa ibyiciro bitandukanye n’ibyababyeyi babo bishingiye ku byo binjiza ku kwezi. Ubwo yari mu kiganiro na TV1 kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Ukwakira, Minisitiri Shyaka yavuze ko mu byiciro bishya by’ubudehe bigiye gukorwa hazazamo impindika zo gushyira abatarashaka […]