Gen Foka Mike ararembye nyuma yo kuraswa mu kibuno

Amakuru agera kuri Bwiza.com na Bwiza TV, yemeza ko umwe mu bazalendo bazwi  mu ntara ya Kivu y’amajyepfo, muri teretwari ya Walungu, witwa Albert Kahasha Murhula uzwi nka Gen Foka Mike, yarashwe n’ingabo za M23  mu mirwano itari yoroshye muri Kilungutwe, kuri ubu akaba arembye cyane. Amakuru aturuka ku rubuga rw’imirwano, avuga ko Gen Foka […]

M23 yakoze operation y’imberenge yashyize iherezo kuri Masisi

Ku munsi w’ejo tariki ya 13 Ugushyingo 2025,nibwo igisirikare cya M23 cyabashije kwigarurira agace k’ingenzi ka Kazinga gaherereye muri teretwari ya Masisi, nyuma y’urugamba rutoroshye rwari rumaze igihe rwarabaye imberenge, rwarangiye izi ngabo zibonye uburyo bwo kugenzura Masisi yose nta nkomyi. Igice cya Kazinga niho hari izingiro ry’ubuhungiro, ryari izingiro kandi ryo guteza umutekano muke […]

Umwami wa Qatar ategerejwe mu Rwanda no muri RDC

Umuyobozi w’Ikirenga w’Igihugu cya Qatar (the Emir of Qatar) biravugwa ko azagirira uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda mu cyumweru gitaha, nyuma akahava yerekeza mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Amakuru agera kuri BWIZA aravuga ko Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani azasura u Rwanda ku wa Kabiri tariki ya 18 Ugushyingo 2025, akazahava […]

Gariyamoshi yihuta ya mbere igenda intera ndende ku isi 

Ni gariyamoshi igendera ku muvuduko wo hejuru ihuza imijyi ya Beijing na Guangzhou ku ntera ya Km 2300. Urugendo rukubye Kigali – Dare salaam hafi inshuro ebyiri. Ubushinwa n’igihugu cya kane mu bunini ku isi bityo kugitembera ukoresheje gariyamoshi y’amashanyarazi ni nku murabyo kubera umuvuduko wayo udasanzwe aho yirukanka Km 350/h. Muri iyi nkuru turagaruka […]

Ikoreshwa ry’ubutaka n’umushahara wa muganga mu bihangayikishije Green Party

Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, riravuga ko rifite ibintu birihangayishije birimo ikoreshwa ry’ubutaka n’umushahara wa muganga, rikavuga ko ryifuza gushyira imbaraga mu gukora ubuvugizi kugira ngo bikemuke mu maguru mashya. Komiseri Mukuru muri iri shyaka, Hon Alexis Mugisha, mu kiganiro yahaye abanyamakuru ubwo yari mu karere ka Nyamashe yavuze ko bagishyize imbere […]

Rusizi: U Burundi bwimanye umurambo w’umunyarwanda ku itegeko rivuye ibukuru

Mu karere ka Rusizi, umurenge wa Bugarama, haravugwa inkuru y’umusore witwa  Musirikare Obed waguye mu mugezi wa Rusizi umurambo we ukaza kujyanwa mu Burundi, gusa birangira ubuyobozi bukuru bw’iki gihugu butegetse ko utagomba gukurwa ku mupaka wa Ruhwa aho wari uri ngo uhabwe ba nyiri umuntu. Musirikare w’imyaka 31 y’amavuko, yari umukinnyi w’umupira ndetse akaba […]

Umuvugizi wa AFC/M23 Dr Osacar Barinda  ashubije abavuga ko ishaka ubwigenge bwa Kivu

Umuvugizi Barinda asanga abahuza ibyo kuba umutwe wa AFC/M23 uri gushyiraho ubuyobozi butandukanye mu bice wigaruriya nko kwinjira buhoro buhoro mu nzira y’ubwigenge ko ntaho bihuriye. Ibi Dr Oscar Barinda yabitangarije ibitangazamakuru bya Bwiza TV na Bwiza. com kuri uyu wa 14 Ukwakira 2025 mu kiganiro n’umunyamakuru Mecky Kayiranga. Dr Barinda ubwo yasubizaga ku bibaza […]