RRA izagurisha mu cyamunara ibicuruzwa tariki ya 28 Kamena 2024
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro, kiramenyesha abantu bose ko tariki ya 28 Kamena 2024, hazagurishwa ibicuruzwa mu cyamunara biherereye ahakorera ishami ry’Ikigo cy’Imisoro n’mahoro rishinzwe kurwanya magendu mu cyanya cy’inganda i Masoro saa tatu (09h00) za mu gitondo. IBICURUZWA BIRI KU MUGEREKA cyamunara_masoro_28_kamena_2024.pdf Abifuza kugura, bazangira gusura ibicuruzwa aho biherereye kuva 23-27 Kamena 2024. Abakenera Ibindi bisobanuro […]
Abo ku Nkombo banyotewe no gusurwa na Perezida Kagame no kubona ikiraro kibahuza n’indi mirenge

Ijisho ry’Ibitangazamakuru bya bwiza.com na Bwiza TV ryazengurutse imboni zaryo zigera mu karere ka Rusizi , mu murenge wa Nkombo ubarizwa mu kiyaga cya Kivu, abaturage batuye kuri iki kirwa bagaragaza bimwe mu byifuzo bafite byo kugira ikiraro babona nk’icyabakura mu bwigunge, bakanavuga ko banyotewe no kuzasurwa n’umukuru w’Igihugu, ibintu ngo bitari byabaho kuva iki […]
Itangazo ryo guhindura izina
Itangazo rya cyamunara y’ibicuruzwa bizagurishwa na RRA ku mupaka wa Rusumo na Gatuna
Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 24 Ugushyingo 2023, hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu biherereye ku mupaka wa Rusumo , n’umupaka wa Gatuna , nkuko bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Cyamunara izabera ku mupaka wa Gatuna i saa yine za mu gitondo (10h00 am). Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura […]
Abantu bari muri iri tangazo barasabwa kwishyura ibirarane bitarenze iminsi 15, no kujya ku biro bya RRA ku Kicukiro

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) kiramenyesha abasora bari ku mugereka w’iri tangazo ko bahawe iminsi cumi n’itanu (15) , uhereye igihe iri tangazo risohokeye , kugira ngo babe bamaze kwishyura ibirarane by’imisoro babereyemo Leta ikomoka ku binyabiziga byabo batasoreye. Ibindi murabisanga ku mugereka
Itangazo rya cyamunara y’ibicuruzwa bizagurishwa na RRA ku mupaka wa Gisenyi La Cornishe na Cyanika
Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 27 Ugushyingo 2023, Hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu biherereye ku mupaka wa Gisenyi La Cornishe , n’umupaka wa Cyanika , nkuko bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Cyamunara izabera ku mupaka wa Gisenyi La Cornishe i saa yine za mu gitondo. Abifuza kugura ibyo bicuruzwa […]
Ikibazo cyo kurangiza vuba : Uburyo bwiza bwo gutera akabariro no gushimisha uwo mwashakanye
Kurangiza vuba (Premature ejaculation) ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi. Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y’uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere kubijyanye n’ubuzima bwi’imyororokere kukinyamakuru (Healthline.com) bugaragaza ko nibura umugabo umwe mugabo batatu aba afite iyo nenge, […]
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE BYIGANJEMO IMODOKA i MASORO

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 3 Ugushyingo 2023, saa yine za mu gitondo hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye nkuko bigaragara ku mugereka. Cyamunara izabera ahakorera ishami rishinzwe kurwanya magendu (SI&ID) mu cyanya cy’inganda I Masoro. Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko bwa Magerwa masaha y’akazi hagati y’itariki ya […]
Mu Rwanda hagiye gutangira amahugurwa ku bumenyi bwa massage no gufashwa kwihangira umurimo
Mu Rwanda, gukenera serivisi za massage z’umwuga bikomeje kwiyongera. Ariko, kubura ibigo by’amahugurwa bigenewe gukora massage byateje icyuho cyo kuzuza iki cyifuzo. Ahupa Business Network Ltd ku ibinyujije kuri Somacash.com, byiyemeje guha mahirwe yo gutanga amahugurwa ya massage ku bantu bifuza gukora uyu mwuga winjiza agatubutse.Buretse kuba wabona akazi kaguhemba neza ushobora nawe kwihangira imirimo […]
Hari umuti wagufasha kuva ku nzoga, itabi ndetse nibindi biyobyabwenge kandi burundu?
Uyu muti ukozwe mu bimera, ukorerwa muri tanzania, ntangaruka nimwe ugira ku wawukoresheje, ikindi uremewe ku rwego mpuzamahanga. Ingaruka mbi zo gukoresha ibiyobyabwenge 1.bitera urugomo rwa hato na hatoya 2. Bitera gukora ibyo utateguye ndetse no kunanirwa kwiteza imbere kubera guhorana irari ryo gushaka kubinywa. 3. Bitera gusaza k’uruhu imburagihe utibagiwe no kwangirika kw’inyama zimwe […]