RRA izagurisha mu cyamunara ibicuruzwa tariki ya 28 Kamena 2024

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro, kiramenyesha abantu bose ko tariki ya 28 Kamena 2024, hazagurishwa ibicuruzwa mu cyamunara biherereye ahakorera ishami ry’Ikigo cy’Imisoro n’mahoro rishinzwe kurwanya magendu mu cyanya cy’inganda i Masoro saa tatu (09h00) za mu gitondo. IBICURUZWA BIRI KU MUGEREKA cyamunara_masoro_28_kamena_2024.pdf Abifuza kugura, bazangira gusura ibicuruzwa aho biherereye kuva 23-27 Kamena 2024. Abakenera Ibindi bisobanuro […]

Itangazo rya cyamunara y’ibicuruzwa bizagurishwa na RRA ku mupaka wa Rusumo na Gatuna

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 24 Ugushyingo 2023, hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu biherereye ku mupaka wa Rusumo , n’umupaka wa Gatuna , nkuko bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Cyamunara izabera ku mupaka wa Gatuna i saa yine za mu gitondo (10h00 am). Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura […]

Ikibazo cyo kurangiza vuba : Uburyo bwiza bwo gutera akabariro no gushimisha uwo mwashakanye

Kurangiza vuba (Premature ejaculation) ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi. Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y’uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere kubijyanye n’ubuzima bwi’imyororokere kukinyamakuru (Healthline.com) bugaragaza ko nibura umugabo umwe mugabo batatu aba afite iyo nenge, […]

CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE BYIGANJEMO IMODOKA i MASORO

itangazo_03_10_2023-1.jpg

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 3 Ugushyingo 2023, saa yine za mu gitondo hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye nkuko bigaragara ku mugereka. Cyamunara izabera ahakorera ishami rishinzwe kurwanya magendu (SI&ID) mu cyanya cy’inganda I Masoro. Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko bwa Magerwa masaha y’akazi hagati y’itariki ya […]

Mu Rwanda hagiye gutangira amahugurwa ku bumenyi bwa massage no gufashwa kwihangira umurimo

Mu Rwanda, gukenera serivisi za massage z’umwuga bikomeje kwiyongera. Ariko, kubura ibigo by’amahugurwa bigenewe gukora massage byateje icyuho cyo kuzuza iki cyifuzo. Ahupa Business Network Ltd ku ibinyujije kuri Somacash.com, byiyemeje guha mahirwe yo gutanga amahugurwa ya massage ku bantu bifuza gukora uyu mwuga winjiza agatubutse.Buretse kuba wabona akazi kaguhemba neza ushobora nawe kwihangira imirimo […]

Hari umuti wagufasha kuva ku nzoga, itabi ndetse nibindi biyobyabwenge kandi burundu?

Uyu muti ukozwe mu bimera, ukorerwa muri tanzania, ntangaruka nimwe ugira ku wawukoresheje, ikindi uremewe ku rwego mpuzamahanga. Ingaruka mbi zo gukoresha ibiyobyabwenge 1.bitera urugomo rwa hato na hatoya 2. Bitera gukora ibyo utateguye ndetse no kunanirwa kwiteza imbere kubera guhorana irari ryo gushaka kubinywa. 3. Bitera gusaza k’uruhu imburagihe utibagiwe no kwangirika kw’inyama zimwe […]