TP Mazembe yasohowe mu ndege

img_20241207_074723.jpg

Ikipe ya TP Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) iri mu bibazo by’ingendo nyuma yo gusubikirwa urugendo rwayo rwo kujya gukina na Al Hilal muri Mauritania mu mikino ya CAF Champions League. Abakinnyi n’abatoza ba Mazembe bari bategereje guhaguruka i Kinshasa ku wa Kane, banyuze i Casablanca berekeza i Nouakchott, ariko urugendo […]

Umusore agize imyaka 17 acyonka nk’uruhinja

Umubyeyi w’umugore uturaka muri Tanzania yateje impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’amashusho agaragaza uyu mugore ari konsa umuhungu we w’imyaka 17. Aya mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yerekana uyu muhungu aruhukira ku mabere y’umubyeyi we yrangiza agatangira konka. Mu gihe benshi ku mbuga nkoranyambaga batangiye gusaba ibisobanuro, umunyamakuru wa Foxe TV yasuye uyu mugore […]

Rayon Sports yanditse amateka yo kuzuza sitade Amahoro nshya

Amatike y’umukino w’ikirarane cyo ku munsi wa Gatatu wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, uzahuza amakipe ya Rayon Sports na APR FC, yashize ku isoko. Ku wa Gatandatu taliki ya 7 Ukuboza 2024, mu gihe cy’i Saa Kumi n’Ebyiri z’umugoroba, umuriro uzaba waka muri Stade Amahoro ubwo aya makipe azaba akina. Uyu mukino ni […]

Ese ujya ubura icyo ubwira uwo mukundana? Dore ingingo mushobora kuganiraho

Abashakanye benshi ntibamenya ibi. Ariko, ingingo baganiraho zishobora guhindura icyerekezo cy’ahazaza habo. Hari ingingo zimwe zigoye kandi zidafite akamaro, ariko hari izindi zifasha kunga ubumwe no kwiga byinshi ku wundi mu buryo butandukanye. Mu by’ukuri, kuganira ku ngingo ziboneye ni byo bitandukanya umubano wishimye n’umubano utiahimye. Waba warigeze kumva nta byo kuvuga mufite, yaba kuri […]

Perezida Kagame agiye gushimirwa n’Aba-Rayon

Perezida Paul Kagame azashimirwa ku bwo guha Abanyarwanda Stade Amahoro, mu mukino wa Rayon Sports na APR FC. Ibi byatangajwe na Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, mu kiganiro n’itangazamakuru gitegura umukino bafitanye na APR FC, cyabaye ku wa Kane taliki ya 5 Ukuboza 2024. Thaddée yavuze ko bifuza kuzaha impano Perezida Kagame mu kumushimira […]

Ibisigazwa bya Dinezoro imaze imyaka miliyoni 150 bifite agaciro ka miliyari 56 Frw

Ibisigazwa bya Dinezoro yo mu bwoko bwa Stegosaurus y’agaciro ka Miliyali 56 z’amafaranga y’u Rwanda izerekanwa mu mpera z’iki cyumweru mu Mujyi wa New York, nk’uko byatangajwe n’abayobozi b’Inzu Ndangamurage y’Ubuhanga bwa Siyansi ya Amerika ku wa Gatatu. Ibi bisigazwa, bizwi ku izina rya Apex (ni izina ryahawe ibisigazwa b’iyi Dinezoro) bifite uburebure bwa metero […]

Teta Sandra yakubitiwe muri Uganda

Umuhanzi Weasel, wamenyekanye mu itsinda rya Good Lyfe, yatangaje ko Chagga, wahoze ari umujyanama w’iri tsinda, yakubise umugore we, Teta Sandra. Weasel yavuze ko yamaze gushyikiriza iki kibazo inzego z’ubutabera kugira ngo gikurikiranwe mu buryo bukurikije amategeko. Mu mashusho Weasel yashyize ku mbuga nkoranyambaga, hagaragara Teta Sandra n’uyu Chagga batangira guterana amagambo. Nyuma, Chagga yagaragaye […]

Perezida Trump yikuye mu idini rya Presbyterian

webrns-brunson-trump1-121018-807x604.jpg

Perezida Donald Trump yatangaje ko atakibona nk’umwe mu bayoboke b’idini rya Presbyterian, ahubwo yishyira mu rwego rw’Abakirisitu badafite aho bahuriye n’amadini (non-denominational Christian). Yabivuze mu kiganiro cyihariye yahaye Religion News Service (RNS) mu buryo bwanditse. Trump yagize ati: “Nakomejwe mu idini rya Presbyterian nkiri umwana, ariko ubu nishyira mu rwego rw’Abakirisitu badafite aho bihariye mu […]

Ukuntu wakwitwara ku mukobwa muhuye bwa Mbere agasigara agutekereza

Imyitwarire ugira imbere y’umukobwa muhuye bwa mbere, ni ingenzi cyane. Birashoboka ko ushobora gusubira gutinya kugaruka imbere y’umukobwa nyuma yo gukora imyitwarire mibi, ariko biroroshye cyane iyo ugenzuye neza uburyo bwo kwiyerekana ku mukobwa mu buryo bwiza. Uko bigenda, iyo umenye guhitamo neza uburyo bwo kwiyerekana, umukobwa azasigira akagutekereza. Ibi ni uburyo bwo kumusiga ashaka […]

Mu Buhinde hazamuwe satellite zigiye kuzimya izuba

Kuri uyu wa Kane, satelite ebyiri bo zo Burayi zazamuwe mu isanzure mu rugendo rwihariye rwo gukora ubwirakabiri (kuzimya izuba) , hifashishijwe ikoranabuhanga rihambaye. Iri zamurwa ryabereye mu Buhinde kandi rigamije gufasha abashakashatsi kwiga byinshi ku mikorere ya sun’s corona (igice cyo hejuru cyane cy’izuba, kiri inyuma. Iki gice kirimo ubushyuhe bwinshi cyane, bushobora kugera […]