Bintou Keita yikomye ibikorwa bya M23 i Goma

Mu nama y’ikitaraganya y’Akanama k’Umutekano ka LONI yateranye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 19 Gashyantare 2025, i New York, iganira ku bibazo biri mu burasirazuba bwa RDC, Bintou Keita yikomye M23 ayishinja kubangamira ibikorwa bya MONUSCO mu mujyi wa Goma. Mu ijambo rye muri iyi nama, Bintou Keita, Umuyobozi wa MONUSCO, yanenze inzitizi zashyizweho […]

Rutsiro: Imiryango irenga 860 ibana mu makimbirane

Imibare igaragaza ko mu karere ka Rutsiro habarurwa imiryango 862 ibana mu makimbirane, igifatwa nk’imwe mu ntandaro y’ubwiyongere bukabije bw’abana bajya mu mirire mibi n’igwingira. Mu kiganiro umuyobozi w’akarere ka Rutsiro wungirije ushinzwe imibereho myiza, Umuganwa Marie Chantal aheruka kugirana na BWIZA muri Mutarama 2025 ahamya ko aya makimbirane yo mu miryango agira ingaruka nyinshi […]

Dutemberane Bukavu yabaye nyabagendwa nyuma yo kwigarurirwa na M23 itabereyemo imirwano (AMAFOTO)

Bidasubirwaho umujyi wa Bukavu ukaba ari nawo munini muri Kivu y’amajyepfo, muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, uragenzurwa n’umutwe wa m23 ndetse urujya n’uruza rukaba rwarongeye kugaruka nyuma y’uko bamwe mu bari barawuhunze batangiye gutahuka. Uyu mujyi wagarutsemo amahoro nyuma yo kwigarurirwa n’umutwe AFC/M23 utabereyemo imirwano kuko ingabo za leta ya Kinshasa n’abo bafatanyije urugamba […]

M23 yakiriwe n’abaturage ubwo yasesekaraga Kamanyola

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, tariki 18 Gashyantare 2025, Umutwe wa M23 wakiriwe n’abaturage ubwo wasesekaraga ku mupaka wa Kamanyola, abasirikari b’abarundi bari bawuriho bakwirwa imisharo mu kibaya cya Rusizi. Kuri iki gice cya kamanyola gihana imbibe na Bugarama ku ruhande rw’u Rwanda, ku munsi wejo hashize bazalendo nibo bari biriwe bakigenzura nyuma […]

Bukavu: Abasaga 400 bari barahunze imirwano bagarutse mu byabo banyuze mu Rwanda (AMAFOTO)

Abanye-Congo basaga 400 bari barahunze kubera imirwano hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC), basubiye iwabo kuri uyu wa mbere, tariki ya 17 Gashyantare 2025, bishimira ko u Rwanda rwabafashije kubona inzira ibasubiza mu byabo. Aba baturagebambukiye ku mupaka wa Kamanyola binjira muri Bugarama ku ruhande rw’u Rwanda binjirira ku mupaka wa […]

Rutsiro: Bagiye kwiba amabuye y’agaciro umwe igisimu kiramugwira arapfa

Hagenimana George, w’imyaka 26 wo mu karere ka Rubavu wari wagiye mu karere ka Rutsiro gucukura amabuye y’agaciro ahabujijwe yagwiriwe n’igisimu cyari cyarahagaritswe gucukurwamo amabuye y’agaciro arapfa, bagenzi be bararusimbuka. Hagenimana, umwe mu itsinda ry’ibihazi byiyitirira izina “Abajongo” wari utuye mu Mudugudu wa Bugoma, Akagari ka Busoro ho mu murenge wa Nyamyumba, yaguye mu kirombe […]

RDC yafunze ikirere cyayo ku ndege za Rwandair

Intambara zo mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, iki gihugu gihanganyemo n’umutwe wa M23 zatumye gifunga ikirere ku ndege zose za Rwandair. L’agence Congolaise de Presse (ACP.CD) yatangaje ko Leta ya Kinshasa yafunze ikirere cyayo ku ndege zose zo mu Rwanda. Nk’uko ibitangaza ngo nta ndege yo muri Rwandair yashoboye kwambuka ikirere cya […]

Nyabihu: Gitifu w’umurenge aravugwaho kugurisha inka 4 z’umuturage

Kabalisa Salomo, Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rambura mu karere ka Nyabihu aravugwaho kugurisha Inka enye z’umuturage bikamuteza ubukene, n’ubwo we abihakana akavuga ko atazi uko zisa. Kuri uyu wa gatanu, tariki 10 Mutarama 2024, Iki ni kimwemu bibazo Guverineri w’intara y’iburengerazuba, Ntibitura Jean Bosco yakirijwe mu ruzinduko amazemo iminsi mu karere ka Nyabihu. Mu kiganiro […]

Rubavu: Impunzi zirenga 600 zari zarahungiye mu Rwanda zatahutse.

Impunzi z’abakongomani 657 nizo zimaze kunyura ku mupaka munini wa Grande Barriere uhuza u Rwanda na Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo zisubira mu byazo, nyuma y’iminsi mike bahunze imirwano yari ishyamiranyije Umutwe wa M23 n’ingabo z’iki gihugu FARDC ifatanyije na FDLR, Wazalendo, Abarundi n’Abacanshuro. Aba bose basubiye mu byabo kuri uyu wa gatatu, tariki 29 […]

Rubavu: Nyuma yo gufunga umugore, umugabo nawe yafashwe yenga inzoga zitemewe

Nyuma yo gufunga Murekatete Rebecca wo mu karere ka Rubavu wengega inzoga zinkorano watawe muri yombi, nyuma yo gusanganwa Litiro zisaga 1800, mu murenge wa Rubavu, akagari ka Byahi kuwa gatatu, tariki 05 Gashyantare 2025, Hitiyaremye Fèdele, bashakanye nawe yatawe muri yombi nta n’icyumweru giciyeho. Hitiyaremye Fèdele yatawe muri yombi na Polisi y’Igihugu afatanwa litiro […]