Rusizi: Abiga muri Giheke TSS bamuritse ibyo bagezeho

Abanyeshuri ba Giheke TSS mu Karere ka Rusizi biga tekiniki, imyuga n’ubumenyi ngiro, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Werurwe 2026, bamurikiye ababyeyi babo n’abayobozi banyuranye imishinga bakoze ijyanye n’amasomo bahabwa, abategurira kuzihangira imirimo nibaharangiza. Ibyo bamuritse, nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’iri shuri, Kanyandege Joseph Désiré, bishingiye ku masomo biga ajyanye n’ubwubatsi, amashanyarazi, ikoranabuhanga (Electronic […]

Nyamasheke: Abahinzi b’icyayi barasaba Leta ubufasha ngo bishyure hafi Frw miliyari 2.5 babereyemo BRD

Abahinzi bibumbiye muri Cooperative COTHEGA ihinga icyayi mu mirenge ya Karambi na Cyato y’akarere ka Nyamasheke, baravuga ko bakomeje kuremererwa no kwishyura umwenda w’akabakaba Frw miliyari 2.5 babereyemo Banki nyarwanda itsura amajyambere (BRD), bagasaba Leta kubaha ubufasha bwo kuwishyura. Ni umwenda aba bahinzi bishyura kuva muri 2011; bikaba biteganyijwe ko byibura uzageza muri 2029. Muri […]

Rwamagana na Nyarugenge: Dr Frank Habineza yasoje ibikorwa byo kwiyamamaza

Abaturage b’akarere ka Rwamagana mu ntara y’Iburasirazuba n’aka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali ni bo bari batahiwe kumva imigabo n’imigambi y’umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukukije (Democratic Green Party), aho bose yabasezeranyije byinshi by’iterambere igihe bazaba bamutoye. Mu karere ka Rwamagana, Dr Habineza yababwiye ko nibamwicaza mu Rugwiro azabakemurira ibibazo byinshi byihariye bamugaragarije, birimo […]

Imbamutima z’abaturage ba Burera na Musanze nyuma yo kumva Dr Habineza

Ubwo yiyamamarizaga mu turere twa Burera na Musanze mu ntara y’amajyaruguru, Dr Frank Habineza yagaragaje ibiri mu migabo n’imigambi ye, abaturage baganiriye n’itangazamakuru bagaragaza ko bayishimiye baniteguye kumuhundagazaho amajwi ku wa 15 Nyakanga. Hari ku munsi wa 18 wo kwiyamamaza kwe, aho mu karere ka Burera yabwiye abaturage ko ari akarere keza k’ibirunga n’ibindi byiza […]

Imbamutima z’abaturage ba Burera na Musanze nyuma yo kumva Dr Habineza

Ubwo yiyamamarizaga mu turere twa Burera na Musanze mu ntara y’amajyaruguru, Dr Frank Habineza yagaragaje ibiri mu migabo n’imigambi ye, abaturage baganiriye n’itangazamakuru bagaragaza ko bayishimiye baniteguye kumuhundagazaho amajwi ku wa 15 Nyakanga. Hari ku munsi wa 18 wo kwiyamamaza kwe, aho mu karere ka Burera yabwiye abaturage ko ari akarere keza k’ibirunga n’ibindi byiza […]

Gicumbi: Dr Habineza yijeje urubyiruko kuzarutengamaza

Mu karere ka Gicumbi ni ho umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukukije, Dr Frank Habineza yiyamamarije ku munsi wa 17, yizeza urubyiruko kuzarutengamaza arushakira imirimo ihagije natorerwa umwanya w’umukuru w’igihugu. Mbere yo kugira icyo avuga ku rubyiruko, Habineza yavuze ko yishimiye cyane kwiyamamariza muri aka karere k’imisozi myiza miremire asanzwe azi neza kuko yakagezemo […]

Uwibye inkoko cyangwa igitoki ntakwiye gufungwa: Dr Habineza

Umukandida w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukukije, yijeje abaturage b’akarere ka Muhanga kuzakemura ibibazo biri mutabera, uwibye inkoko cyangwa igitoki igisubizo cyihuse ntikibe kumufunga. Kuri iyi ngingo, Hon. Dr Frank Habineza yavuze ko mu butabera natorwa azakemura ibibazo bibiri by’ingutu bigaragara ko bibangamiye abaturage mu buryo bufatika, birimo icyo gufunga abantu iminsi 30 y’agateganyo bigafata […]

Ab’i Bugesera na Kicukiro bagaragaje ko banyuzwe n’imvugo ya Dr Habineza

Akarere ka Bugesera mu ntara y’iburasirazuba n’aka Kicukiro mu mujyi wa Kigali ni two twari dutahiwe kwakira umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukukije, Dr Frank Habineza n’abakandida depite 50 b’ishyaka rye. Abaturage b’utu turere twombi batangarije BWIZA ko banyuzwe n’imvugo ye, biteguye kumutora ku wa 15 Nyakanga nk’uko yabibasabye. Mu karere ka Bugesera, Habineza, […]

Amajyepfo: Nyaruguru na Nyamagabe bijeje Dr Frank Habineza kuzamuhundagazaho amajwi

951c9482-259c-4060-afaf-140c7f762608.jpg

Uturere twa Nyaruguru na Nyamagabe mu ntara y’amajyepfo ni two twari dutahiwe kuri uyu munsi wa 14 wo kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu kwa Dr Frank Habineza n’abakandida b’ishyaka rye biyamamarizaga umwanya w’ubudepite, abaturage bakaba bamwijeje kuzamuhundagazaho amajwi ku wa 15 Nyakanga,2024. Mu karere ka Nyaruguru Dr Frank Habineza n’umufasha we,babanje kujya kwiyambaza Imana, mu kiliziya, […]

Nimuntora ntimuzicuza: Dr Habineza abwira ab’i Rulindo na Gakenke

Uturere twa Rulindo na Gakenke ni two tubimburiye utundi mu kwakira umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukukije (Democratic Green Party), Dr Frank Habineza mu ntara y’amajyaruguru yakomerejemo ibikorwa bye byoo kwiyamamaza. Aha hombi Dr Habineza yavuze ko kumutora ari uguharahanira ineza yabo, mu mibereho myiza n’iterambere rirambye, bityo ko nibamutora batazicuza. Yagize ati: “Nimuntorera […]