Nyamasheke: Imibiri 849 y’abazize jenoside yashyinguwe mu cyubahiro

Imibiri 849 y’Abatutsi bishwe muri jenoside, irimo 839 yimuwe ikuwe mu rwibutso rwa Ntendezi, 4 yakuwe aho yari ishyinguye mu ishuri rya EAV Ntendezi, 2 yavuye mu murenge wa Bushenge yabonywe aho yari yarajugunywe muri jenoside, 1 wari ushyinguye mu rugo mu murenge wa Shangi, n’indi 3 yavanywe mu mva mu ngo mu murenge wa […]
Nyamasheke: Umugabo yasanzwe mu muhanda yamenwe umutwe

Mu muhanda rwagati wa Kirambo-Susa, mu mudugudu wa Musagara, akagari ka Kigarama, umurenge wa Kanjongo, akarere ka Nyamasheke, hasanzwe umurambo w’umugabo witwaga Irambona Daniel w’imyaka 34, bivugwa ko yari umwarimu mu mashuri abanza mu mujyi wa Kigali, uwo bikekwa ko yamwishe agahanga yagatemaguye arakajanjagura. Amakuru ya mbere kuri uru rupfu yamenywe n’umumotari n’umugenzi yari atwaye […]
Rusizi: Bashengurwa n’uko Nsabimana Callixte ataboneka ngo afungwe

Abarokokeye jenoside yakorewe Abatutsi mu ruganda rw’icyayi rwa Shagasha, bavuga ko bakomeje gushengurwa n’intimba ikomeye yo kutamenya amakuru y’uwabahekuye, abandi akabasigira ubumuga budakira n’ubukene bukabije kubera kubasahura no kubatwikira, Nsabimana Callixte waruyoboraga, bifuza ko yafatwa akabiryozwa. Nsabimana wayoboraga uru ruganda ruri mu murenge wa Giheke, akarere ka Rusizi, yongeye gushyirwa mu majwi cyane ubwo muri […]
Umugabo yarekuwe nyuma y’imyaka 33 afungiwe icyaha atakoze
Nyuma y’iraswa ryabaye ku itariki 27 Ukwakira 1989 muri California ho muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Daniel Saldana yahamijwe icyaha cyo kwica akatirwa imyaka 45 y’igifungo. Byavugwaga ko Saldana yari mu bagabo batatu barashe imodoka yari irimo abanyeshuri batandatu bibeshye, bazi ko ari abanyarugomo. Nta wahasize ubuzima ariko babiri muri bo barakomeretse. Kuva icyo […]
Nyamasheke: Umugore aravuga ko yakubiswe n’abaturanyi bimuviramo gukuramo inda
Nyirabakura Julienne w’imyaka 33, utuye mu mudugudu wa Makoko, akagari ka Mubumbano, umurenge wa Kagano mu karere ka Nyamasheke arasaba Meya Mukamasabo Appolonie gukurikirana ikibazo cye, nyuma y’uko ngo akubitiwe mu kimina na bagenzi be bikamuviramo gukuramo inda y’amezi 2,5 akabura ubutabera. Aganira na Bwiza.com, Nyirabakura uvuga ko inda yakuyemo yari iy’imbyaro ya 4, akaba […]
Umugore wabyaranye n’umwana w’imyaka 13 yakatiwe iminsi 90
Andrea Serrano w’imyaka 31 uba muri Leta ya Colorado muri Leta zunze ubumwe za Amerika yakatiwe igifungo cy’iminsi 90 nyuma yo guhamywa icyaha cyo gusambanya umuhungu w’imyaka 13, bakabyarana. Serrano yatawe muri yombi muri Nyakanga 2022, muri Gashyantare 2023 akatirwa igifungo cy’imyaka 10 gisubitse, nyuma yo kugirana amasezerano n’ubushinjacyaha, akemera icyaha. Iki gihano nacyo cyagabanyijwe […]
Rusizi: Meya ahangayikishijwe n’abakozi b’akarere bagera ku kazi bakerewe

Umuyobozi w’akarere ka Rusizi, Dr Kibiriga Anicet, avuga ko mu bakozi ayoboye hari abokamwe n’ingeso yo gukerererwa mu kazi, bakageraho mu masaa tatu n’igice ndetse na saa yine z’igitondo kandi amasaha mashya yagenwe ari saa tatu z’igitondo, akavuga ko bahagurukiwe, uzagirwa inama agakomeza iyo ngeso azafatirwa ibihano hakurikijwe amategeko. Uku ni ukwezi kwa 5 amasaha […]
Umugore wa Lebron James yavuze ko yahisemo kwita ku kuba umubyeyi mwiza kuruta kuba icyamamare
Savannah James, umugore w’umukinnyi ukomeye cyane mu mukino wa Basketball, Lebron James, babanye guhera mu mwaka w’2013, ntakunze kugaragara mu ruhame. Savannah mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru The Cut, yavuze ku mpamvu zatumye ahitamo kutigaragaza cyane nk’uko abandi bagore b’abakinnyi bakomeye babigenza, bakajya mu biganiro bya televiziyo cyangwa bakaba abavuga rikumvikana. Yavuze ko yashakaga gukomeza kwishimira […]
Umwana wa Patoranking yateye benshi amarangamutima
Wilmer, umwana muto w’umuhanzi Patrick Nnaemeka Okorie wamamaye ku izina rya Patoranking muri Nigeria no ku Isi, yateye benshi amarangamutima ubwo yabwiraga uyu mubyeyi we amagambo meza. Patoranking yasangije abamukurikira videwo imugaragaza ari kuganira n’uyu mwana w’umukobwa, umwana abanza kumusoma maze amubwira amagambo meza adasanzwe. Ati: “Ndagukunda, ndi Spiderman kandi ndi icyamamare.” Uyu muhanzi yagaragaje […]
Menya impamvu abantu bahitamo kwiyambura ubuzima
Biragora kumva no gusobanukirwa icyatumye inshuti, umuvandimwe ahitamo kwiyahura. Akenshi nta bimenyetso uba warabonye byakwerekako mugenzi wawe agiye kwiyahura. Abantu basaga 800000 ku Isi buri mwaka bariyahura, gusa abenshi ntabwo bavuga kimwe ku bijyanye n’impamvu abantu biyahura. Bamwe bavuga ko umuntu aba yagize intege nke abandi bakavuga ko ari amahitamo y’umuntu ariko mu by’ukuri impamvu […]