Rwamagana: Abayoboke ba ADEPR basabwe gushyira ku mutima kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside

Kuwa Kane tariki ya 29 Gicurasi 2025, ku Itorero rya ADEPR Paruwasi ya Rwikubo mu karere ka Rwamagana habereye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku nshuro ya 31, ku rwego rwa Paruwasi. Mbere y’icyo gikorwa, Mukagihana Alphonsine warokotse Jenoside yashyikirijwe inzu yubakiwe n’iryo torero ku bufatanye n’inzego z’ibanze. Igikorwa cyo kwibuka cyabanjirijwe […]

Iburasirazuba: Abamotari bahawe umukoro kugira ngo ikiguzi cy’ubwishingizi kigabanuke

Kuwa Gatatu tariki ya 28 Gicurasi 2025, kuri Sitade ya Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba hakomereje ubukangurambaga bwateguwe muri gahunda ya” Gerayo Amahoro” mu butumwa bwahatangiwe, abamotari basabwe kubahiriza amabwiriza no gukoresha kasite zijuje ubuziranenge. Umwe mu bamotari witwa Gad Niyomukunzi ukorera akazi ko gutwara moto mu mujyi wa Nyagatare, yasabye Inzego za Leta zateguye ubwo […]

Rwamagana: Hatangirijwe ubukangurambaga bwo gutangiza Umwaka w’Ubwisungane mu kwivuza

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Dr Mugenzi Patrice,mu butumwa yatangiye mu karere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba ahatangirijwe ubukangurambaga bwo gutangiza Umwaka w’Ubwisungane mu kwivuza ( Mutuelle de Sante ) yasabye abaturage kwitabira kwishyurira ku gihe imisanzu yabo ya mituweli ndetse asaba abayobozi mu nzego z’ibanze guharanira kwihutisha iterambere ry’imibereho y’abaturage. Akarere ka Rwamagana katangirijwe ubukangurambaga bwo […]

Nyagatare: Bagaragaje ibanga bakoresha kugira ngo Umudugudu wabo ube indashyikirwa mu midugudu ntangarugero

Abaturage batuye mu Mudugudu wa Gakoma ,mu kagari ka Rwisirabo Umurenge wa Karangazi ,bagaragaza ko guhanga udushya n’imiyoborere myiza byahinduye imibereho y’abawutuye binahindura uwo Mudugudu ishuri abandi baturage bigiramo impinduka ziterwa n’ubufatanye bw’abaturage n’abayobozi. Uwo Mudugudu ibikorwa abawutuye bakoze birimo kurandura burundu ibiyobyabwenge ,kurwanya amakimbirane n’ibindi bikorwa bibangamira umudendezo w’abaturage. Ubuyobozi bw’Umudugudu buvuga ko Mbere […]

Iburasirazuba: Abayobozi bahawe umukoro wo guharanira inyungu z’umuturage

Ibi babisabwe kuwa Gatanu Tariki ya 25 Mata 2025, ubwo habaga igikorwa cyo kwibuka abari abakozi bakoreraga amaperefegitura na superefegitura byahujwe akaba Intara y’Iburasirazuba no kwibuka abari abakozi bakoreraga amakomini yahujwe akaba Akarere ka Rwamagana bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu kiganiro cyatanzwe na Karasira Theophile, yagarutse ku ruhare rw’abari abayobozi bayoboraga amakomini 11 […]

Rwamagana: Perezida wa IBUKA yasabye ko ibikorwa byo guhuza inzibutso byihutishwa

Ku cyumweru Tariki ya 13 Mata 2025, ubwo habaga igikorwa cyo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , i Musha mu Karere ka Rwamagana, Perezida wa IBUKA ku rwego rw’Akarere, yasabye ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abagize Inteko Ishinga Amategeko, gukora ubuvugizi kugira ngo ibikorwa byo guhuza Inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi, mu Karere ka Rwamagana […]

Rwamagana: Guverineri Rubingisa yasabye ababyeyi kubwiza ukuri urubyiruko ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Mu Murenge wa Gishari, niho habereye igikorwa cyo gutangiza icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku nshuro ya 31 Ku rwego rw’Akarere ka Rwamagana,mu butumwa bwatanzwe na guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Pudence Rubingisa yasabye ababyeyi gufasha abakiri bato gusobanukirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Icyo gikorwa cyo gutangiza icyumweru […]

Muhanga: Umugeni yaburiye irengero umugabo wamushatse nyuma y’iminsi itatu abenzwe n’undi musore

Aisha Christine wo mu karere ka Kamonyi yagiye mu Murenge wa Nyamabuye,Akarere ka Muhanga gushakayo umugabo we yaburiye irengero nyuma y’iminsi ibiri bashyingiranywe. Uwo mugeni wo Murenge wa Rugobagoba n’umugabo we Kitabazonga Leonard bakunda kwita Kevin,bakoze ubukwe butunguranye kuwa Gatandatu tariki ya 29 Werurwe 2025, nyamara nyuma y’iminsi agahunga urugo ndetse atwaye imyenda y’abasore bari […]

Rwamagana: Umugore aravugwaho gutangaza ko umugabo we yapfuye ari mutaraga

Mu Kagari ka Cyanya, mu Murenge wa Kigabiro , Akarere ka Rwamagana, haravugwa amakuru y’umugabo watunguwe no kumubika bivugwa ko yapfuye kandi ari mutaraga . Amakuru Bwiza.com yahawe na bamwe mu baturage avuga ko batunguwe no kubona umugabo usanzwe akorana n’ibigo by’itumanaho ( Agent) ari mu kazi ke mu Mujyi wa Rwamagana, nyamara Ku gicamunsi […]