Ibibazo by’amikoro muri Muhazi United FC byabaye agatereranzamba

Abanyamuryango n’abakunzi ba Muhazi United FC iterwa inkunga n’uturere twa Rwamagana na Kayonza, barasabira iyi kipe gutabarwa kugira ngo izatangirane ingamba imikino yo kwishyura ya shampiyona y’icyiciro cya mbere, dore ko bamwe muri bo bavuga ko hatagize igikorwa yamanuka mu cyiciro cya kabiri kubera uburangare bw’abayobozi. Ubusanzwe iyi kipe ihabwa Frw miliyoni 400 isaranganya na […]
Umusifuzi wibasiye Liverpool n’uwahoze ari umutoza wayo yirukanwe burundu mu mwuga wo gusifura
Umwongereza witwa David Coote ufite imyaka 47 ,wari umusifuzi mu Gihugu cy’u Bwongereza,kuwa Mbere tariki ya 9 Ukuboza 2024 , yahagaritswe burundu mu mwuga wo gusifura amarushanwa y’umupira w’amaguru nyuma y’amashusho yagaragaye ku mbuga nkorambaga, avuga amagambo arimo kwibasira gusenya no kwibasira ikipe ya Liverpool n’uwahoze ari umutoza wayo . Uyu musifuzi wasifuraga shampiyona iri […]
Rwamagana: Umuturage ushinja abanyerondo kumuvuna igufwa arasaba kurenganurwa
Umugabo witwa Iriboneye Didas ufite imyaka 47 utuye mu Mudugudu wa Kabindi, Akagari ka Rweri , Umurenge wa Gahengeri mu Karere ka Rwamagana, arasaba ubutabera avuga ko muri Nzeri yakubiswe n’abanyerondo bakamuvuna igufwa ariko bakaba bidegembya . Iriboneye avuga ko abanyerondo bagiye iwe mu ijoro baramubyutsa bashaka kumujyana ku Murenge wa Gahengeri, ariko yanze kujyanwa […]
Muhanga: Umwarimu uvugwaho gushinja umunyeshuri w’imyaka 9 kumuroga arasabirwa kwimurwa aho yigisha
Umubyeyi w’umwana w’imyaka 9 wiga mu mwaka wa Kabiri mu Ishuri Ribanza rya Gatenge mu Murenge wa Cyeza Akarere ka Muhanga aravuga ko gushinjwa uburozi na mwarimu we byagize ingaruka Kuri uwo mwana , kuburyo abandi bana bamwitira umwana umurozi. Nyina w’umwana, usaba ko umwarimu wavuze ko umwana we yamuroze yimurwa ku kigo yigishaho, anagaragaza […]
Ngororero: Umuyobozi arashinjwa gukubita umuturage urembeye mu bitaro
Abaturage batuye mu Mudugudu wa Rwamiko , Akagari ka Rwimiko mu Murenge wa Matyazo, mu Karere ka Ngororero barashinja umuyobozi ushinzwe umutekano mu mudugudu wabo gukubita umuturage akamugira intere azira kwiba telefoni . Abaturage barimo abo mu muryango wa Ngendahimana Jean Damascene, bavuga ko uwo mugabo arembeye mu bitaro bya Kabaya amaze iminsi igera ku […]
Burundi : Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri wari woherejwe mu butumwa yasabye ubuhungiro mu Buburigi

Umuyobozi muri Minisiteri y’Uburezi mu Gihugu cy’u Burundi witwa Germain ,Ndayishimiye ,wari wagiye mu butumwa bw’akazi yafashe icyemezo cyo kwaka ubuhungiro mu Gihugu cy’u Bubiligi aho gusubira mu gihugu cye . Leta y’u Burundi ibinyujije kuri Havyarimana Francois Minisitiri w’Uburezi muri icyo gihugu yemeje ko uwari umuyobozi mukuru muri iyo Minisiteri ushinzwe amasomo y’Imyuga n’Ubumenyingiro […]
Nyanza : Umugabo wicishije icupa mugenzi we amuziza kumunywera inzoga yatawe muri yombi
Mu kagari ka Shyira , Umurenge wa Busoro mu karere ka Nyanza , haravugwa amakuru avuga ko umugabo yishe mugenzi we amuziza kumunywera inzoga . Ibi byabaye mu masaha ya saa yine mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 1 Ukuboza 2024, ubwo umugabo witwa Rukundo yishe mugenzi we bakunda kwita Rubyogo. Abatuye muri ako […]
Umugabo yafatiwe mu Misa afite icyuma mu mufuka nyuma y’ibyumweru bitatu umupadiri atewe icyuma
Polisi yo mu mujyi wa Bukit Timah ,yatangiye iperereza ku mugabo watahuwe mu Kiliziya afite icyuma mu mufuka w’umwenda yari yambaye . Iperereza ry’ibanze rivuga ko uwo mugabo w’imyaka 49 yafatiwe mu Misa yo ku Cyumweru Tariki ya 1 Ukuboza 2024 ,mu masaha ya Saa tanu za mu gitondo afashwe n’abakorerabushake bashinzwe umutekano muri Kiliziya […]
Australia: Umugore wari utwaye imodoka yahungabanyijwe n’inzoka ifite ubumara yamwizingiyeho
Polisi yo mujyi wa Melbourne mu Gihugu cya Australia yatangaje ko yatabajwe nyuma y’uko umugore wari utwaye imodoka inzoka imwinjiranye mu modoka yaratwaye yizingazingira ku kaguru. Uwo mugore yabwiye abapolisi ko yari atwaye imodoka ku muvuduko wa kilometero 80 ku isaha mu muhanda munini wa Monash, yumva ikintu ku kirenge cye arebye asanga n’inzoka yo […]
Ruhango: Abantu bane batawe muri yombi bakekwaho gusenya imva no kugura ibyuma byari bizubakishije
Inzego zishinzwe umutekano mu karere ka Ruhango ,zataye muri yombi abantu bakekwaho gusenya imva mu irimbi no kugura ibyuma byari byubakishije izo mva zashyinguwemo riherereye mu Murenge wa Ruhango . Abantu bane bari hagati y’imyaka 18 na 44, nibo bafashwe na Polisi y’u Rwanda ibashyikiriza Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha mu Murenge wa Ruhango . Abatuye ahari […]