Bugesera FC yatsinze Muhazi United FC Haringingo akeza rutahizamu watanze ibitego bibiri
Umukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda wahuzaga ikipe ya Muhazi United yatsindiwe kuri stade ya Ngoma na Bugesera FC ibitego 2 kubusa . Muri uwo mukino wakurikiwe n’abafana bake ,ikipe ya Muhazi United yarushije iya Bugesera FC Igice cya Mbere cyarangiye ikipe ya Bugesera FC itsinze abaturanyi babo bo mu karere […]
Nyagatare: Amazi y’ibirohwa bavoma abatera indwara ziterwa n’umwanda
Abatuye mu mirenge ya Rukomo na Gatunda mu karere ka Nyagatare bavuga ko babangamiwe no gukoresha amazi mabi abatera indwara ,bagasaba ubuyobozi gukemura ikibazo cy’amazi muri iyo mirenge . Bamwe mu baturage bavuga ko nubwo hari hashyizwe amavomo ariko yangiritse kuburyo babura aho bavoma amazi meza bakavoma amazi yo mu gishanga nayo arimo isayo . […]
Burundi:65% by’imfungwa zahawe imbabazi na Perezida Ndayishimiye ziracyari mu buroko mu buryo budasobanutse
Umuyobozi w’Ishyirahamwe Aluchoto Burundi mu kiganiro yagiranye n’itangamakuru yatangaje ko mu mfungwa zahawe imbabazi na Perezida Evariste Ndayishimiye abagera kuri 35 % nibo bonyine bamaze kurekurwa mu gihe 65% bakiri mu buroko . Muri icyo kiganiro cyabaye ku wa Gatatu, tariki 27 Gashyantare 2024, Ndayisaba Vienney uyobora Ishyirahamwe rirwanya ibikorwa by’iyicarurubozo Aluchoto Burundi,yagaragagaje ko abagororwa […]
Papa Francis yemeje ko uwari umuyobozi wa Gasutamo ya Goma agirwa Umuhire
Nkuko byatangajwe na Vatican news,Papa Francis yatanze uruhushya rwo gushyirwa mu rwego rw’Abahire Floribert Bwana Chui ,umusore wishwe akire muto ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.Uwo Murayiki azaba abaye Umunyekongo wa Kane ubaye Umuhire . Floribert Bwana Chui, wari komiseri mukuru kuri gasutamo ku mupaka wa Goma, yishwe ku itariki ya 8 Kamena mu […]
UN yasabye abatuye Isi guhangayikishwa n’Impfu z’abagore zifitanye isano n’amakimbirane yo mu miryango
Mu gihe uyu munsi Ku wa Mbere tariki ya 25 Ugushyingo 2024, hatangiye iminsi 16 yahariwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina ,Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryatangaje ko mu mwaka ushize abagore barenga 50.000 bishwe n’abo bakundanaga cyangwa abo mu miryango yabo,ibihugu binasabwa guhangana n’ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa . Mu gihe ku isi hose hishwe abantu 51.000 […]
Uruguay: Uwahoze ari Umwalimu utavugaga rumwe n’Ubutegetsi yatsinze amatora

Ku cyumweru Tariki ya 24 Ugushyingo 2024 , uwahoze ari umwalimu wigishaga amateka utavugaga rumwe n’Ubutegetsi niwe wabaye Perezida wa Repubulika ya Uruguay nyuma yo gutsinda ibyiciro cy’amatora yabaye muri icyo Gihugu . Yamandu Orsi w’imyaka 57 , usanzwe ari Inkoramutima ya Jos? Mujica, wabaye Perezida wa Uruguay kuva 2015 kugeza 2020 . Orsi wari […]
Gasabo: Pasteur Nkundabandi ushinjwa n’umugore we guta urugo yatawe muri yombi
Rev. Past. Nkundabandi Jean Damasc?ne, afungiwe kuri Sitasiyo y’Ubugenzacyaha i Bumbogo mu Karere ka Gasabo, nyuma yo gufatirwa iwe bikavugwa ko yashakaga kugirira nabi umugore basezeranye hamwe na mushiki we. Umuryango w’uwari umushumba w’Itorero Ebenezer ,riherutse kwamburwa ubuzima gatozi mu Rwanda, uvuga ko uwo mugabo afungiwe kuri Sitasiyo y’Ubugenzacyaha i Bumbogo mu karere ka Gasabo, […]
SIMBA SPORTS CLUB yatandukanye na Uwayezu
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Ugushyingo 2024 ,Ikipe ya Simba sports Club yo mu Gihugu cya Tanzania,yamenyesheje abakunzi bayo ko yatandukanye n’Umunyarwanda wari umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa by’iyo kipe . Iyi kipe ikunzwe muri Tanzania,ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo , iyi kipe ibarizwa ahitwa Kariokoo mu mujyi wa Dar- es- salaam,yatangaje ko ,Uwayezu […]
Garrett wize amashuri abanza yonyine hashize imyaka 101 avumbuye Feu Rouge
Mu 1922, Garrett Morgan, ari kumwe na murumuna we John Morgan mu modoka, babonye impanuka ikomeye ihuriro ry’imihanda. Babonye imodoka igonga akamadoka kakururwaga n’amafarasi,abantu bari bakarimo baranapfa . Garrett Morgan amaze gutaha byamuteye gutekereza ukuntu imodoka zajya zihana umwanya aho imihanda ihurira. Ni bwo ahimbye icyapa cyahinduye burundu iby’umutekano mu muhanda . Kiriho ubwoko butatu […]
Nyamasheke: Abatekera abanyeshuri bambuwe amezi 8 bararira ayo kwarika
Abakora akazi ko gutekera abanyeshuri mu Ishuri Ribanza rya Saint Ubald Ruhengeri mu Murenge wa Cyato barataka gukora badahembwa umushahara wabo mu gihe mugenzi wabo watekeraga abanyeshuri bo ku ishuri Ribanza rya Rwaramba nawe avuga ko ryamwambuye umushahara w’amezi ane. Abo bakozi bakora akazi ko gutekera abanyeshuri bavuga ko ikigo cy’ishuri Ribanza rya Saint Ubald […]